Month: February 2022

Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa ukunda atagukunda ahubwo agukoresha mu rukundo ku nyungu ze

Share this:

Akenshi hari ubwo abantu bajya mu rukundo rugatuma bibaza niba bakundwa koko cyangwa niba bari gukoreshwa na rwo. Ushobora kwibaza niba uwo mukobwa agukunda cyangwa niba ari kugukoresha gusa. . Ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa agukoresha mu rukundo . Yakugize igikoresho…

Share this:

Ibintu 10 bitangaje kuri Vladimir Putin wakangaranyije isi harimo no kuba yaratandukanye n’umugore we kubera akazi

Share this:

Perezida Vladimir Putin w’igihugu cy’u Burusiya yamaze gutangiza intambara kuri Ukraine yinangiye umutima nk’uko yabitangaje ikanga kureka ibyo gushaka kwinjira muri NATO. Uyu mugabo w’imyaka 69 uri mu batavugirwamo ku isi, afite ibigwi bitangaje harimo n’ibintu bitangaje yagiye akora bigatungura…

Share this:

Uburusiya vs Ukraine: Indege 6 z’Uburusiya zimaze guhanurwa. Uko ibitero byifashe

Share this:

Igisirikare cya Ukraine kiravuga ko kishe “Abarusiya” 50 ndetse kikemeza ko cyahanuye indege 6 za gisirikare z’Uburusiya.   Biravugwa ko hapfuye abasirikare barenga 40 bo muri Ukraine na 50 b’Abarusiya. Abasivili 18 bo muri Ukraine muri Odessa na bo baguye…

Share this:

Abasore: Dore ibintu ugomba gukora uko ushoboye ugahisha umukobwa mukundana niba ushaka ko murambana

Share this:

Abasore b’iki gihe babura abakunzi babo kubera utuntu duke. Muri ibi bintu harimo ibyo bavuga ndetse n’ibyo bakora mu buzima ndetse n’uburyo bitwara. Iyi nkuru iragufasha kumenya ibintu wahagarika kubwira uwo mukundana ubundi urukundo rwanyu rugasugira.     Muri  ibi…

Share this:

NATO yatangaje ko igiye gutabara Ukraine bagahangamura Uburusiya. Icyo iyi ntambara ivuze kuri buri muturage w’isi

Share this:

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza igisirikare cy’ibihugu biri mu Majyaruguru y’Inyanja ya Atlantique (NATO), Jens Stoltenberg, yavuze ko uyu muryango witeguye kohereza ingabo zo gutabara no kurinda umutekano aho zikenewe.   Ni nyuma y’uko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin atangije ibitero…

Share this:

Nyabugogo: Umukobwa yateye akabariro n’umusore ahera kugeza aheze umwuka

Share this:

Umusore n’inkumi bari basohokeye mu kabari kazwi nko kwa Mutangana I Nyabugogo, bateye akabariro birangira umukobwa bamutwaye ari indembe, nyuma yuko uwamusohokanye amusambanyije akabura umwuka, Nyirabayazana we agahita akuramo ake karenge.   Ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba wo kuri uyu…

Share this:

Abategetsi bakomeye ku isi bakomeje kwamagana Uburusiya bwateye Ukraine naho Putin we aha gasopo uwo ari we wese wakwitambika ibikorwa bye

Share this:

Nyuma yaho Uburusiya butangije ku mugaragaro ibitero kuri Ukraine, abategetsi batandukanye bakomeye ku isi bakomeje kugaragaza ko Uburusiya bukwiye guhagarika ibikorwa byabwo bya Gisirikare kuri Ukraine, ndetse no guharigarika ibitero byabwo igitaraganya.   Abategetsi bakomeye ku isi bamaganye igitero cy’Uburusiya…

Share this:

Gen. Muhoozi yahaye ubutumwa Ian Kagame, umwana wa Perezida Kagame, witegura kuba Ofisiye

Share this:

Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yifurije amahirwe umuhungu wa Perezida Kagame, Ian Kagame, witegura gusoza amasomo ya Ofisiye mu ishuli rya gisirikare rya Royal Military Academy Sandhurst mu bwongereza.   Nkuko amaze iminsi abigenza mu butumwa butandukanye akomeje gucisha ku rubuga…

Share this:

Wari uziko ushobora kumenya niba umukobwa utereta azavamo umugore mubi cyangwa mwiza? Dore ibimenyetso

Share this:

Niba uteganya gusaba umukobwa mukundana ko azakubera umugore, mukabana, kumenya niba witeguye koko gushaka ni icya kabiri cyo gutsinda urugamba . Ugomba ariko kumenya niba umukobwa mukundana muzabana rugakomera, urugo rwanyu ukarugiriramo ibyishimo n’umunezero. . Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa utereta…

Share this:

MissRwanda2022: Uburanga bwa Uwimanzi Vanessa wize mu Buholandi no muri Amerika uhatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda

Share this:

Uwimanzi Vanessa ufite Nimero 70 yavuze ko aramutse abaye Nyampinga w’u Rwanda 2022 yashyira mu ngiro umushinga we wagutse wo gushishikariza abashakanye inzira y’ubuhuza kurusha uko ibyabo byakemukirwa mu nkiko.   Uwimanzi ari mu bakobwa 29 b’ubwiza, ubwenge n’umuco bahagarariye…

Share this: