Ubwongereza: Hahishuwe akayabo abatoza bo muri Premier League bahambwa
Nkuko ari shampiyona ikunzwe kurusha izindi ku isi,ni nayo irimo abatoza bahembwa akayabo aho ku isonga bayobowe na Pep Guardiola uhembwa akayabo ka miliyoni 19 z’amapawundi ku mwaka. Ikipe ya Arsenal yiyemeje kongerera umutoza wayo Mikel Arteta amafaranga yinjizaga…
Uburusiya bwatangiye kugaba ibitero byagutse kuri Ukraine perezida Biden asaba isi gusengera abanya-Ukraine
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yatangaje kuri Twitter ko “Putin amaze gutangiza ibitero bigari kuri Ukraine”. . Uburusiya bwateye Ukraine ku mugaragaro . Uburusiya bwagabye ibitero kuri Ukraine Dmytro Kuleba yavuze ko Ukraine “izirengera” kandi ko “isi ishobora kandi igomba…
Uko wamwenya umugore uryoshya akabariro cyane urebeye ku minwa ye gusa – UBUSHAKASHATSI
Abagabo usanga baganira hagati yabo bavuga ibiranga umugore mwiza mu buriri cyangwa bamwe ugasanga babyibazaho aho hari abazi ko umugore ufite ikibuno kinini, amaribori,… aribo bashobora kwitwara neza mu gitanda nyamara ushobora kurebera ku minwa ye gusa. Stuart Brody…
Ihere ijisho uburanga bwa Miss Uwase Hirwa Honorine uryohewe n’urukundo muri iyi minsi – aMAFOTO
Uwase Hirwa Honorine wamamaye ku izina rya “Miss Gisabo” ari mu munyenga w’urkundo n’umusore utaramenyekana. Ukurukundo rwa rwa Uwase n’uyu musore utaramenyekana rwasakaye ku munsi w’ejo tariki ya 22 Gashyantare 2022, aho urwo bagize ibanga rikomeye, rwasakajwe ku mbuga…
MissRwanda2022: Ihere ijisho amafoto agaragaza uburanga bwa Kelia Ruzindana wujije ikizamini cya Leta akaba ayoboye abandi mu matora yo kuri murandasi
Mu gihe habura Iminsi ibarirwa ku ntoki ngo hatorwe abakobwa 20 bazerekaza mu mwiherero , Umukobwa witwa Ruzindana Kelia niwe uyoboye abakobwa 69 mu majwi yo kuri Murandasi. Kelia Ruzindana uyobonye abandi bakobwa 69 afite amajwi Ibihumbi 50,111, n’umukobwa…
Amerika n’uburayi byakubise inkoni iryana Uburusiya bivugwa ko bukomeje umugambi wo gutera Ukraine
Leta ya Amerika yashyizeho ibihano bitandukanye ku Burusiya kubera icyo Perezida Joe Biden yise “intangiriro yo gutera Ukraine”. Biden yagize ati: “Twavanye leta y’Uburusiya mu bikorwa byose by’imari by’iburengerazuba.” Ibi bibaye nyuma y’uko abanyepolitiki mu Burusiya bemereye Perezida…
Dore ibintu 9 wakorera umugore wawe akakugabira ibyo atunze byose ndetse ntazigere aguca inyuma na rimwe
Ubusesenguzi bwagaragaje ko hari ibintu abagore bose bakunda ariko batajya basaba abagabo babo. Ibi bintu abagore hafi ya bose babihuriyeho kandi ntibajya babisaba kabone n’iyo yaba ari umugore usanzwe uzwiho kwisanzura ku mukunzi we. . Ibintu wakorera umugore akagukunda bizira…
MissRwanda2022: Uburanga bwa Kamikazi Queen Roxanne uvuka ibwami akaba ahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda – AMAFOTO
Kamikazi Queen Roxanne uhatanira ikamba rya Miss Rwanda 2022, afite umushinga wo guteza imbere ibikorwa nyaburanga mu Rwanda. Kamikazi Queen Roxanne ni umwe mu bakobwa 70 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2022, akaba ari umukandida nimero 24. Mu kiganiro…
Umugore Yishe umugabo we kubera ikintu gitangaje
Kuri ubu abapolisi bo muri Leta ya Ogun muri Nijeriya barimo gushakisha umugore witwa Ramota Soliu, bivugwa ko yishe umugabo we Bello Soliu amumenyeho amazi ashyushye asinziriye. Nk’uko ibitangazamakuru byinshi byaho bibitangaza ngo nyakwigendera yahoraga yinubira ko umugore we…
Hirwa Honorine uzwi nka Miss igisabo ari mu rukundo n’umusore bari kuryana ubuzima i Dubai – aMAFOTO
Uwase Hirwa Honorine benshi bamenye nka Miss Igisabo ari mu munyenga w’urukundo. Kuri ubu ntagihisha amarangamutima ye ku musore bakundana kuko buri munsi asangiza abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga amafoto bari kumwe. . Miss Igisabo ari mu rukundo n’umusore bari kuryana…