Zari na GK Choppa bananiwe guhishira urukundo rubagurumanamo – AMAFOTO
Uyu mugore abinyujije kuri Facebook yasangije abamukurikira amafoto ye n’uyu musore agaragaza ko basigaye bakundana. Ibi byabaye nk’ibikura urujijo ku makuru yavugaga ko bari mu rukundo ariko hagati yabo ntawe urayahamya. GK Choppa agaragara nk’umusore uri mu myaka…
Abasore: Umukobwa niyerura akakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko akubenze birangiye. Ubishoboye wakwishakira undi
Abakobwa burya ntibakunda kuvuga ibibarimo beruye ahanini kubere isoni, ubwoba cyangwa ikinyabupfura. Usanga bakoresha amayeri menshi kugira ngo batere indobo abasore gusa batabyeruye. . Dore amagambo abakobwa bakoresha babenga umusore . Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa yakwanze . Amagambo umukobwa abwira…
Bwira umukunzi wawe umwe muri iyi mitoma mbere yo kuryama cyangwa gutangira akazi urebe ngo ikibatsi cy’urukundo kiragurumana muri we
Amagambo meza ni ingenzi cyane hagati y’abakundana kuko abaremamo icyizere ndetse agatuma bahorana ibyishimo. Muri iyi nkuru, twabahitiyemo imitoma myiza ushobora kubwira umukunzi wawe akanyamuneza kakamusaga agahita agurumana umuriro w’urukundo. Dore amagambo12 meza wabwira umukunzi wawe ikibatsi cy’urukundo kikabagurumanamo mwembi:…
Ubujurire: Cyuma Hassan avuga ko yamijwe icyaha kitaba mu mategeko ahana y’u Rwanda akanahanirwa ikarita y’iko kitemewe n’amategeko
Kuri uyu wa 21 Gashyantare 2022 Urukiko rw’Ubujurire rwatangiye kuburanisha urubanza rw’ubujurire bwa Niyonsenga Dieudonne alias Cyuma Hassan wamenyekanye kuri YouTube, ubu akaba afunzwe ndetse yakatiwe gufungwa imyaka 7. Mu ugushingo 2021 Niyonsenga Diudonnne alias Cyuma Hassan Urukiko Rukuru rwamuhamije…
MissRwanda2022: Uburanga bw’abakobwa 5 bari ku isonga mu matora akorerwa kuri Interinet – AMAFOTO
Miss Rwanda ibaye ku nshuro ya 12 aho ahari gushakishwamo umukobwa uzahiga abandi mu bwiza , Umuco n’ubwenge , dore ubwiza bw’abakobwa Batanu bahagarariye abandi mu matora ya murandasi yatagiye ku kuya ya 17 Gashyantare. . Abakobwa 5 barusha…
Ifoto y’umunsi: Perezida Ndayishimiye n’umufasha we bikoreye imifuka y’ibirayi – AMAFOTO
Umukuru w’Igihugu w’Uburundi,Evariste Ndayishime,yaciye ibintu kuri uyu wa Mbere ubwo yajyanaga n’umugore we gusarura ibirayi, ndetse bombi bataha babyikoreye. . Perezida Ndayishimiye Evariste yikoreye umufuka w’ibirayi yakuye mu murima we . Umugore wa Ndayimiye yikoreye umufuka w’ibirayi . Perezida Ndayishimiye…
Ibyo mutamenye k’umukobwa wa Pastor Deborah uhataniye ikamba rya Miss Rwanda 2022
Keza Nadia n’umukobwa w’imyaka 19 ari mu bakobwa barimo guhatanira ikamba rya Nyampinga w’uRwanda 2022 ari mu bakobwa bahagarariye intara y’iburasirazuba nimero29. . Amateka ya Keza Nadia . Keza Nadia ashaka kurwanya inda ziterwa abangavu Miss Nadia ufite umushinga…
Avuga ko ari umukobwa ndetse bimutera ishema n’ubwo afite igitsina cy’abagabo
Chrarisse uvuka i Kayonza afite imyaka 32 yavuze ko afite igitsina cy’abagobo ariko we yisanze ameze nk’umukobwa haba mubyo akora ndetse n’ibyiyumviro bye yisanga ari umukobwa ndetse yumva nta nicyo bimutwaye. Cyubahiro Eric uvuga ko yitwa Clarisse avuga ko…
Ineza Keissa yabaye imbata y’ibiyobyabwenge akiri umwana. Ubu ari guhatanira ikamba rya Miss Rwanda 2022. Byinshi kuri we – AMAFOTO
Ineza Keissa w’imyaka 19 uri mubakobwa 70 bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda rya 2022, avuga ko ahahise he atari heza imbere y’ababyeyi be kuko yabateye agahinda, akiri muto yabaye imbata y’ibiyobyabwenge ariko ashimira ababyeyi be ko batamutaye ahubwo bamufashije…
Nubona ibi bimenyetso uzamenye ko amaraso yawe yatangiye kwipfundika
Kwipfundika kw’amaraso (blood clots), hari igihe biba ingenzi; nko mu gihe ukomeretse, ni byiza ko amaraso yipfundika, kugira ngo bigabanye kuva, bityo udatakaza amaraso menshi. . Ibyakwereka ko amaraso yawe adatembera neza . Ibimenyetso byo kwipfundika kw’amaraso mu mubiri Gusa…