Aflatoxins: uburozi bukomeye ku mubiri buva mu bigori, ubunyobwa n’ibindi byatoye uruhumbu bushobora no gutera Kanseri y’umwijima
Aflatoxins ni itsinda ry’uburozi (toxins) bukomeye bukorwa na mikorobe zo mu bwoko bw’imiyege (fungi), bukaba buboneka mu bihingwa bitandukanye cyane cyane; ubunyobwa, ibigori n’ipamba. . Uruhumbu rushobora gutera kanseri y’umwijima . Aflatoxins igabanya ubudahangarwa bw’umubiri Ushobora kuba warabonye ibigori, ubunyobwa…
Ikimero n’uburanga by Ka Keza ukomeje kwamamara mu muziki wo mukarere unashobora kwigaranzura Sat-B na Meddy – AMAFOTO
Umurundikazi Ka Keza akomeje gutanga icyizere cy’umuziki w’iki gihugu, nyuma y’aho ashyiriye hanze indirimbo imwe rukumbi ikarebwa byo ku kigero kiri hejuru mu kwezi kumwe, bishoboka ko yazanakuraho agahigo k’indirimbo Beautiful ya Sat B na Meddy. U Burundi ni…
Ibyishimo bya Gasogi United bimaze kuba umugani
Gasogi United yongeye gutsindwa na Rutsiro FC ibitego 2 kuri 1, bikomeza kuyishyira habi muri shampiyona y’u mwaka. Urugendo rwerekeza mu burengerazuba bw’u Rwanda ntabwo ruhiriye Gasogi United, kuko itsinzwe na Rutsiro FC ibitego 2 kuri 1 ndetse ari…
Mukura FC yahannye Marine FC nk’uko yabikoreye mukuru wayo APR FC
Mukura Victory Sports itsinze Marine FC mu mukino wa 18 washapiyona, igitego kimwe ku busa. . Mukura VS ikomeje gutsinda amakipe yaba amato n’amanini . Mukura VS irakubita umuhisi n’umugenzi . Mukura FC yatsinze Marines FC Amahindura ya Mukura yimukiye…
Reba ikintu gitangaje Ariel Wayz yasabye abakobwa bagenzi be gukorera abasore babahemukiye mu rukundo
Umuhanzi w’Umunyarwandakazi, Uwayezu Ariel wamamaye nka Ariel Wayz yasabye abakobwa bagenzi be gutuka abahungu babahemukiye mu rukundo. Wayz yabisabye abari bitabiriye igitaramo Drip City Concert cyarimo Umunya-Nigeria uri kwamamara byihuse mu muziki, Michael Adebayo Olayinka uzwi nka Ruger, cyabereye mu…
Pierre-Emerick Aubameyang wajugunywe na Arsenal yatangiye gukora akantu muri FC Barcelone
Umunya-Gabon Pierre-Emerick Aubameyang yatsindiye FC Barcelona ibitego bitatu wenyine, mu mukino wa mbere wa shampiyona ya Espagne yayikiniye yabanje mu kibuga. . Pierre-Emerick Aubameyang yatsinze ibitego 3 wenyine muri FC Barcelone . Pierre-Emerick Aubameyang washwanye n’umutoza Arteta yatangiye kwigaragaza muri FC Barcelone…
Umuhungu wa Museveni, Gen. Muhozi yiyamye Kayumba Nyamwasa na RNC
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yihanangirije Kayumba Nyamwasa, uri mu barwanya ubutegetsi bw’ u Rwanda, amuha gasopo amubwira ko adahirahira atekereza gukoresha ubutaka bwa Uganda mu nyungu ze. Uyu mugabo usanzwe ari n’umujyanama…
Ubuzima: Dore ibimenyetso warebesha amaso ukamenya ko umukobwa afite amazi menshi
Ubushakashatsi bugaragaza ko mu gutera akabariro, umugore ufite amazi menshi ari ingenzi cyane, kuko utayafite yandura kandi akanduza indwara zandurira mu mibonano mu buryo bworoshye. . Umukobwa ufite amazi menshi . Umukobwa uryoshya mu busaswa Mu mibonano, usibye no kuba…
ABASORE: WABA UZI KO UMUKOBWA UTERETA UMURWANIRA N’ABANDI BENSHI? DORE IBANGA RYAGUFASHA KWEGUKANA UMUTIMA WE MBERE Y’ABANDI
Iyo ukunda umukobwa burya hari n’abandi baba bamukunda nkawe, niyo mpamvu ugerageza uko ushoboye kugira ngo umwegukane, ariko rimwe na rimwe hari n’igihe bigusaba kugira ibyo ukora. Ni ngombwa rero ko wowe musore ukina amakarita yawe neza kurusha ba bandi…
Imodoka ihenze cyane Bruce Melody yaguze yamaze kugera mu Rwanda
Iyi modoka yo mu bwoko bwa Brabus uyu muhanzi yatumije yamaze kugezwa mu Rwanda, nyuma yo gukurwa muri gasutamo no gukorwaho imirimo ya nyuma ndetse byitezwe ko azatangira kuyigendamo mu minsi mike iri imbere. . Imodoka nshya ya Brabus…