Zirinda umwijima, zituma impyiko zikora neza, zisukura umubiri…Akamaro k’imbuto z’ipapayi benshi bajugunya ndetse n’uko zikoreshwa
Imbuto z’ipapayi zibonekamo enzyme yitwa papain iyi ikaba izwiho gufasha umubiri gusohora muri wo utuyoka twose nka za ascaris, ankylostome, oxyures n’izindi zo muri ubwo bwoko. Uretse kuzisohora kandi, mu mbuto habonekamo na carpaine izwiho kwica inzoka zo mu…
Abagore: Ibyo wakora n’uko wakwitwara bigatuma umugabo agukunda bitangaje
Abagabo kenshi bashimishwa no kubona bitaweho. Ku babizi neza burya umugabo witaweho, afashwe neza ntacyo wamuburana. Abagore nabo bazwiho gushaka buri kimwe cyose cyatuma umugabo abaho yishimye. Mu gihe ukundanye n’umuntu hari ibintu uba ugomba kumukorera ku buryo bigoye kwibagirwa…
Uko Regero Norbert yiswe Digidigi, icyo bisobanura ndetse n’uko afata iri zina kugeza ubu
Regero Norbert wamamaye nka Digidigi yahishuye inkomoko y’iri zina rimuha umugati. Digidigi ni izina abantu benshi bazi muri sinema Nyarwanda by’umwihariko abakunzi bayo. Digidigi ubusanzwe yitwa Regero Norbert akaba yaramamaye muri filime zitandukinaye zirimo na Papa Sava. Digidigi asobanura…
PSG yigwijeho ibyamamare iracakirana na Real Madrid muri 1/8 cya Champions League. Uko imibare ihagaze
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, i Parc des Princes ku kibuga cy’ikipe ya Paris Saint Germain harabera umukino w’imbaturamugabo iyi kipe ikina na Real Madrid muri 1/8 cya UEFA Champions League. Lionel Messi na Sergio Ramos bakundaga…
Dore ibimenyetso 9 byakwereka ko uwo ukunda atagukunda ahubwo yifitiye undi akunda
Kutizerana hagati y’abakundana n’abashakanye ni ikintu kiri gukura cyane muri iyi minsi, mbese kiri kuba nk’umuco w’urubyiruko rw’ubu, ahari wagira ngo hari uwabateye umwete wo kubikora. N’ubwo bimeze bityo si bose bamenya ko bashyizwe inyuma y’umuryango ngo batamenya uko iyo…
Ubwiza N’ikimero Bya Munganyinka Jessica Ukora Muri Banki Ubu Akaba Ahataniye Ikamba Rya Miss Rwanda 2022 – AMAFOTO
Munganyinka Jessica ufite ikamba rya Miss Model World Rwanda, ni mu bakobwa bitabiriye Miss Rwanda 2022 babashije gukomeza kandi banafite amashuri afatika kuko yasoje icyiciro cya kabiri cya kaminuza. Yahishuye byinshi bimwerekeyeho n’uburyo yiteguye guhatana kugeza ku ikamba. Kuwa…
Dore ibintu abakundana bagomba gukora mbere yo gukora ubukwe
Hari ibintu by’ingenzi abakundana bitegura no kuzarushinga baba bagomba kubanza gufata umwanya wo kubitekerezaho no kubikora bikabafasha gutegura ubukwe neza ndetse bakaba banitegurira kuzagira ibizabafasha mu rugo rushya. Dore ibintu abakundana bagomba gukora mbere yo gukora ubukwe: Kumenyana…
Perezida Kagame yasubije Gen Muhoozi uherutse gutangaza intambara yifuza hagati y’u Rwanda na Uganda
Gen Muhoozi nyuma yo gushaka Guhanganisha Abanyarwandakazi n’Abagandekazi mu kugaragaza abafite uburanga kurusha abandi, Umuhungu wa Museveni yashimiye Perezida Kagame wamukosoye kubw’icyo gitekerezo yari yagaragaje. Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu wa…
Dore uburyo 10 watunguramo umukunzi wawe kuri uyu munsi wa St. Valentin ntazigere awibagirwa
Umunsi w’abakundana (Saint Valentin) ntuvuga gutanga impano zihenze gusa, ahubwo ni n’umwanya wo gukora utuntu twereka uwo ukunda ko umuhoza ku mutima. . Uko watungura umukunzi wawe kuri St. Valentin . Dore ibyo wakorera umukunzi wawe kuri St. Valentin …
Urukundo rwanyu ruragana aheza niba ubona ibi bimenyetso
Hari ibimenyetso ushobora kugenderaho ukemeza ko urukundo ukundana n’umukunzi wawe rukomeye nk’urutare. Niba ufite umusore cyangwa umukobwa mukundana ni byiza ko umenya aho uhagaze kugira ngo umenye niba uri mu nzira nyakuri ubone gutera intambwe ijya imbere, nusanga hari ikitagetenda…