Umugabo yatunguye isi akorera umwana we igifaro gikoze mu biti maze batembera umugi
Umugabo wo muri Vietnam, yatanze amafaranga menshi ndetse n’igihe kirekire kugira ngo akorere umwana we BURENDE yo mu biti [ntirwana intambara, ni imodoka isanzwe]. Uyu mugabo witwa Truong Van Dao akaba aturuka mu Ntara ya Bac Ninh mu Burasirazuba…
Umutoza wa Rayon Sports yarebye umupira ahengerereza inyuma ya Sitade kubera kwanga kwishyura itike
Ku nshuro ya kabiri umutoza wa Rayon Sports yangiwe kwinjira kuri sitade kubera ko yanze kwishyura amafaranga yo kwinjira ngo arebe umukino ameze neza. Nyuma y’umukino wa Kiyovu Sports, aho yangiwe kwinjira atishyuye uyu munsi yasubijwe inyuma ku mukino…
Diamond Na Zuchu baciye agahigo katarakorwa n’undi muhanzi ku mugabane wa Afurika
Amashusho y’indirimbo Mtasubiri ya Diamond Platinmuz na Zuchu yanditse amateka ndetse anashyiraho agahigo katari kakorwa n’indi ndirimbo muri Afurika. Ku munsi w’ejo hashize nibwo Diamond Platinmuz yashyize hanze amashusho y’indirimbo Mtasubiri yakoranye na Zuchu, iyi ndirimbo igisohoka yahise itangira…
UEFA Champions Ligue: FC Barcelone yanyagiye Real Madrid mu mukino waciye agahigo katari kakorwa ku isi
Umukino wa UEFA Champions league y’abari n’abategarugori FC Barcelona yaraye inyagiyemo Real Madrid, waciye agahigo ko kuba umukino wa mbere w’abari n’abategarugori urebwe n’abantu benshi ku Isi. FC Barcelona y’abagore yari yakiriye Real Madrid i Camp Nou, mu mukino wo…
Ingabo z’Uburusiya zirasiye indege yazo y’intamara yarwanaga muri Ukraine
Umuyobozi w’Urwego rw’ubutasi mu bya mudasobwa rw’Ubwongereza, Sir Jeremy Fleming, mu ijambo yavugiye muri Ausralia none kuwa Kane, yavuze ko ingabo z’Uburusiya “zikomerewe zibeshye zikarasa indege yazo y’intambara.” Yavuze ko ibyo byiyongereye ku byerekana ko byabaye ngombwa ko Uburusiya…
Urayeneza Gerard washinze akanayobora Kaminuza ya Gitwe wari wahamijwe ibyaha bya Jenoside yagizwe umwere
Urukiko rw’Ubujurire rwagize umwere Urayeneza Gerard washinze akanayobora Kaminuza ya Gitwe, wari wakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye igifungo cya burundu ubwo rwari rumaze kumuhamya ibyaha bya jenoside. Urayeneza yaherukaga gusaba uru rukiko kumugira umwere, abishingiye ku kuba abamushinjaga mu Rukiko Rwisumbuye baramushinjuye,…
Rubavu: Umugabo ari mu gahinda nyuma yo kujya kwivuza yagaruka agasanga umugore we yarashatse undi mugabo
Umugabo Simbizi Faustin wo mu Mudugudu wa Gisa, Akagari ka Gisa, mu Murenge wa Rugerero, ho mu Karere ka Rubavu, avuga ko yarwaye akajya kwivuza yagaruka agasanga umugore we, bivugwa ko yamuroze, yarashatse undi mugabo kuri ubu akaba asembera hirya…
Miss Muheto Divine n’ibisonga bye bahishuye ibice by’umubiri wabo birangaza benshi – AMAFOTO
Miss Rwanda 2022 Nshuti Divine Muheto, igisonga cye cya mbere Keza Maolithia n’igisonga cye cya kabiri Kayumba Darina, bahishuye ibice ku mubiri wabo byahogoje benshi. Nshuti Divine Muheto amaranye ikamba rya Miss Rwanda iminsi 12. Mu ijoro ryo ku…
Miss Muheto yavuze uko yakiriye gufanwa na Minisitiri Gatabazi ntibyakirwe neza na bamwe bakurikira irushanwa rya Miss Rwanda
Kuwa 19 ushyira uwa 20 Werurwe 2022, ni bwo habaga Finale yirushanwa ryo gusahaka Nyampinga w’u Rwanda mu bakobwa 19 bari bamaze ibyumweru bibiri mu Mwiherero, aho irushanwa ryaje kurangira ryegukanywe na Miss Nshuti Muheto Divine. Uyu mukobwa ni…
Abasore: Dore ibimenyetso 5 byakwereka ko umukobwa agukunda nta buryarya
Burya mu rukundo habaho ibintu byinshi bitandukanye kuba umukobwa umusabye urukundo akarukwemerera sibihagije ko wamwizera ngo aragukunda. Hari umukobwa ushobora kugukundira amafaranga cyangwa hari indi nyungu runaka agukeneyeho yamara kuyigeraho agahita akureka. Musore niba ufite umukobwa mukundana dore ibimenyetso bizakwereka…