Ibyamubayeho biteye agahinda n’ubwo ari we wabyiteye
Sintuje kuko narahemutse harigihe kigera ukabura amaho kubwibikorwa byawe uba warakoze cyangwa ukora njyanibaza niba harigihe nzabazwa ibyo nakoze bikantera ubwoba. Hari nijoro mvuye mu kabari nasinze gusa si navugako byari ubwa mbere nsinda nkanduranya kuwo twashakanye gusa uwo…
REG BBC yakoze ibitangaza itsinda US Monastir yo muri Tunisia ibona itike iyigeza mu mikino ya nyuma ya BAL 2022
Ikipe ya REG BBC yatsinze US Monastir yo muri Tunisia amanota 75-74 mu mukino wayo wa kane w’irushanwa rya BAL riri gukinwa mu majonjora ari kubera muri Senegal. Agace ka mbere karangiye REG BBC itsinzwe ku kinyuranyo cy’amanota atanu…
Havumbuwe Laboratwari 26 z’Abanyamerika zikorerwamo indwara z’ibyorezo muri Ukraine – VIDEO
Hamaze iminsi humvikana intambara ikomeye hagati ya Ukraine n’Uburusiya itaragiye yumvwa kimwe n’abantu bose ndetse hakaba abemeza ko atari intambara y’Uburusiya na Ukraine ahubwo ari intambara y’Uburusiya na NATO. Kuri ubu havumbuwe ikintu kitari kiteguwe ari cyo Ibigo by’ubushakashatsi bizwi…
Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa agufitiye amarangamutima adasanzwe akaba ashirira imbere utabizi
Nubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. Kutabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo. Mu gushaka gufasha abasore bafite iki kibazo…
Uburusiya burasaba inkunga y’imari na giririkare mu Bushinwa, Indege zabwo zirahanurwa ubutitsa uko byifashe mu ntambara ya Ukraine
Ibiganiro byo gushakisha uko ibitero by’Uburusiya muri Ukraine byahagarara birasubukurwa kuwa mbere hakoreshejwe video, nk’uko byamejwe n’abategetsi b’ibihugu byombi. Hagati aho Amerika yatangaje ko Ubushinwa “buzahura n’ingaruka” nibufasha Uburusiya mu bitero bwagabye kuri Ukraine, nk’uko ibinyamakuru muri Amerika bibivuga….
Konti ya Instagram ya Shaddyboo yashimuswe amasaha make akoze ibirori byo kwishimira ko yujuje abamukurikira miliyoni 1
Konti ya Instagram ya Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddy Boo ku mbuga nkoranyambaga yashimuswe nyuma y’amasaha make akoze ibirori byo kwishimira ko yujuje abamukurikira miliyoni imwe kuri uru rubuga. Konti ya Instagram y’uyu mugore ntabwo iri kugaragara mu mashakiro…
Lionel Messi yahawe booooo n’abafana be ku ncuro ya mbere kuva atangiye gukina umupira w’amaguru
Kuri iki cyumweru, Neymar na Lionel Messi bavugirijwe induru n’abafana babo mu mukino ikipe yabo ya Paris St Germain yatsinze Bordeaux ibitego 3-0. Ibitego byatsinzwe na Kylian Mbappe, Neymar na Leandro Paredes byatumye PSG isiga amanota 15 iyikurikiye ku…
MissRwanda2022: Uwimana Marlène yahawe akayabo ka miliyoni 2.4RWF kubera siporo
Umukobwa witwa Uwimana Marlène uhagarariye Umujyi wa Kigali afite Nimero 69, yahize bagenzi be mu irushanwa ryo gukora siporo, atsindira miliyoni 2.4 Frw. Ibyumweru bibiri birashize abahatanira kuba Miss Rwanda 2022 binjiye mu mwiherero. Kimwe mu bikorwa bakora harimo…
Ihere ijisho uko ba Nyampinga banyuze ku itapi itukura mu musangiro waranzwe n’imyambarire yihariye-AMAFOTO
Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 11 Werurwe 2022, ni bwo aba bakobwa bakoze ibirori by’umusangiro byabereye muri La Palisse Hotel Nyamata, aho bari gukorera umwiherero w’ibyumweru bitatu uzasozwa tariki 20 Werurwe 2022. Ni ibirori bakoze mu gihe…
Dore ibintu ugomba kwirinda gufata mbere yo gutera akabariro kuko bitera ingaruka mbi cyane
Gutera akabariro ni kimwe mu bintu bikorwa cyane kuri iyi si. N’ubwo biganisha ku gutanga ibyishimo hagati y’abari kubikora cyane kubashakanye byemewe n’amategeko, hari amakosa amwe namwe abantu bakunze gukora mbere yo gutera akabariro bikaba byabaviramo ukwicuza gukomeye, cyane ko…