Month: March 2022

Urukundo rwa Diamond na Zuchu rwongeye kuvugisha benshi nyuma yo guterana imitoma idasanzwe mu ndirimbo

Share this:

Nyuma y’iminsi havugwa ikibatsi cy’urukundo hagati y’umuhanzi Diamond hamwe n’umuhanzikazi Zuchu , bongeye kuvugwa cyane ku mbuga nkorayambaga zo muri Tanzania ,abantu benshi bavugaga ko Diamond afatirana uyu umukobwa yifashishije umuziki. . Diamond na Zuchu bongeye guca ibintu kubera urukundo…

Share this:
Posted on

Kuki umutoza Mashami Vincent atongerewe amasezerano? FERWAFA

Share this:

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Nizeyimana Olivier yabwiye itangazamakuru ko nta ruhande na rumwe rwifuje kongera amasezerano hagati yabo na Mashami Vincent ariyo mpamvu batandukanye. . Impamvu yatumye Mashami Vincent atongerewa amasezerano . FERWAFA yavuze ku gutandukana kwayo…

Share this:
Posted on

Koreya ya ruguru yagerageje uburyo bushya bwo kurasa misile zambukiranya imigabane

Share this:

Leta ya Amerika ivuga ko Korea ya Ruguru iherutse kugerageza uburyo bushya bwo kurasa misile zambukiranya imigabane, mu byo bise “guhembera intambara gukomeye”. . Korea ya ruguru yongeye kugerageza misile zigera kure . Korea ya ruguru yarashe igisasu cya misile…

Share this:
Posted on

Kigali: Umugabo yatamarijwe imbere y’umugore we n’ihabara bari bamaze gutera akabariro rivuga ko nta bugabo bwe kuko atazi gurera akabariro

Share this:

Umugabo wo mu Kagari ka Rwezamenyo I mu Murenge wa Rwezamenyo muri Nyarugenge, yahuye n’uruva gusenya nyuma y’aho ihabara rye rimutamarije mu ruhame, rivuga ko atazi gutera akabariro.   Byabye ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki 9 Werurwe, ubwo…

Share this:
Posted on

Bikomeje kuba nabi muri Ukraine. Imigi 2 yari itararaswaho n’Uburusiya yamishweho ibisasu, mudahusha wa mbere ku isi ajya kurwanira Ukraine. Uko ibintu byifashe

Share this:

Amakuru yo mu gitondo kuwa gatanu aravuga ko ingabo z’Uburusiya zarashe ibisasu ku mijyi ya Lutsk na Dnipro ya Ukraine kugeza ubu yari itararaswaho n’abarusiya. . Amerika irashinjwa gucurira ibisasu by’ubumara muri Ukraine . Abantu bakomeje kwerekeza muri Ukraine kuyifasha…

Share this:
Posted on

Dore ibimenyetso umukobwa urimo guteretwa akora n’ibisobanuro byabyo

Share this:

Mu rukundo hari byinshi bikorwa ariko bikabanzirizwa n’imvugo zitandukanye. Hari ubwo rero umuntu ashobora kuguha ubutumwa muri iki gihe nyamara we atigeze abumbura umunwa we ngo akuvugishe.   Ni kenshi mu rukundo umukobwa avuga oya kandi yemeye, ubundi akavuga yego…

Share this:
Posted on

Ukraine: Uburusiya bwateye igisasu ku bitaro by’ababyeyi(materiniti) bituma bushinjwa gukora jenoside muri iki gihugu

Share this:

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko kuba u Burusiya bwateye ibisasu ku bitaro by’ababyeyi ari gihamya ko ingabo za Vladmir Putin zikora Jenoside.   Zelensky yasobanuye ko u Burusiya bushishikajwe no gukora ubwicanyi,…

Share this:
Posted on

Ndimbati yatawe muri yombi na RIB nyuma y’ubuhamya bw’umugore umushinja kumusindisha akamutera inda atarageza ku myaka y’ubukure

Share this:

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwataye muri yombi Uwihoreye Jean Bosco wamamaye muri Cinema nyarwanda nka Ndimbati aho rumukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana utarageza ubukure.   Kuri uyu wa Kane tariki 10 Werurwe 2022, Umuvugizi wa RIB, Dr…

Share this:
Posted on

Ese inzoga itera akanyabugabo mu gutera akabariro? Imara inyota se? Dore ibintu 6 abantu bibeshya cyane ku nzoga

Share this:

Abantu benshi bibeshya ku nzoga ahanini bitewe n’ibyo bagiye bumvana abandi. Uyu munsi iwacumarket yabakusanyirije ibintu 6 abantu bibeshyaho cyane ndetse ushboora gusanga na we ari ko wajyaga ubitekereza. Ibyo bintu ni ibi bikurikira: Inzoga imara inyota Oya, ntabwo imara…

Share this:
Posted on

Uburanga bwa Polina Gagarina, icyamamare mu Burusiya, wamaganye Putin washoje intambara kuri Ukraine – AMAFOTO

Share this:

Menya ibintu by’ingezi ku muhanzikazi w’ikimero Polina Gagarina ukomoka mu Burusiya watangaje ko adashyigikiye ibyo Putin ari gukorera Ukraine. . Ibyamamare mu Burusiya bikomeje kwamagana perezida Putin . Uburanga bwa Polina Gagarina Umuhanzikazi akaba n’umunyamideli Polina Gagarina ukomoka mu Burusiya…

Share this:
Posted on