Fasha umukobwa ukunda gutangira umunsi neza no kwirirwana akanyamuneza wifashishije umwe muri iyi mitoma iryohereye cyane
Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi iwacumarket.xyz iragufasha. Mbere na mbere,…
Dore uko watungura umukunzi wawe akanezerwa bigatuma uba udasimburwa mu buzima bwe
Gutungura cyangwa se gutungurwa n’umukunzi mu buryo bwiza biri mubintu bituma urukundo ruryoha kubera udushya twinshi umuntu abona atari yiteze bigatuma yishimira umunyenga w’urukundo arimo kandi bituma yumva ko adasanzwe kuri wowe bitwe n’uburyo umwereka ko umuzirikana. Hari uburyo…
Gen. Muhoozi, umuhungu wa Museveni yasezeye mu gisirikare cya Uganda. Ese bisobanuye iki muri politiki y’iki gihugu? Dore byinshi utamenye kuri we
Umuhungu wa Perezida Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yatangaje ko yasezeye mu ngabo z’iki gihugu yari amazemo imyaka 28. Ni icyemezo uyu mugabo w’imyaka 47 yatangaje binyuze ku rubuga rwe rwa Twitter kuri…
Uwahoze ari Vis Perezida wa Uganda yabaye igitararamo kubera uburyo budasanzwe yabyinishijemo inkumi mu gitaramo – VIDEO
Prof. Gilbert Bukenya wahoze ari Visi Perezida wa Uganda, yagaragaye abyinana n’inkumi mu buryo budasanzwe. Prof. Gilbert Bukenya, ni umugabo w’intiti w’umunya politike wabaye Visi Perezida wa 7 wa Uganda. Ku mbuga nkoranyambaga, hasakaye amashusho ye ari kubyinana n’inkumi…
Ukraine: Icyamamare mu iteramakofe ku isi cyahagaritse imyitozo kijya ku rugamba guhangana n’ingabo z’Uburusiya bwabateye
Umunya-Ukraine ufite ibigwi n’imidali ikomeye ku Isi mu mukino w’iteramakofe, Oleksandr Oleksandrovych Usyk, bakunze kwita “Injangwe” yahagaritse imyitozo yakoreraga mu Bwongereza asubira iwabo gufash ingabo ziri ku rugamba guhangana n’uBurusiya bwabateye. . Usyk yateye umugongo miliyoni z’amadolari ajya mu ntambara…
Nta mikino: Abasore 2 birukanwe mu kazi nyuma yo kugaragara babyina mu masaha y’akazi – Video
Nyuma y’iminsi mu gihugu cya Nigeria ku mbuga nkoranyambaga hacicikana amashusho y’abasore 2 bakora akazi ko gucunga umutekano bari kubyina mu masaha y’akazi, byaje kurangira kompanyi bakorera ibirukanye. Aba basore biyita Happy Boys bavuze ko ubwo birukanwaga batahawe n’umushahara wabo…
Akazi keza n’amafaranga byatumye nisenyera urugo rwari rumaze imyaka 8 yose – UBUHAMYA UWUBATSE WESE UKWIYE GUSOMA
Inkuru y’uyu munsi ni iy’umugabo wahuye n’umugore bagakundana bakaza kubana gusa nyuma umugabo akarutisha umugore we akazi bikarangira amubuze. Mu ntangiriro uyu mugabo yaragize ati: ”Nahuye n’umukobwa mwiza cyane mu myaka umunani ishize turakundana nyuma turabana, gusa nza kubona…
Ingaruka z’intambara ya Ukraine ku Rwanda, igihe zizatangirira ndetse n’ingamba Leta ifite
Kuva intambara y’Uburusiya na Ukraine yatangira ibiciro ku isoko mu Rwanda bikomeje gutumbagira, ndetse byitezwe ko bizakomeza bitewe n’ingaruka intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine ishobora kugira ku bucuruzi mpuzamahanga. . Intambara yo muri Ukraine, . Ingaruka U Rwanda…
Mu mitoma myinshi Shaddyboo yerekanye umusore bari mu rukundo – AMAFOTO
Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddyboo yerekanye umusore usigaye warigaruriye umutima we Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Shaddyboo yashyize hanze ifoto ye ari kumwe n’umusore ayiherekesha amagambo y’urukundo , ibi bikaba byerekana ko ari mu rukundo n’uyu musore. Shaddyboo…
Abacuranzi n’abategura Rwanda Gospel Stars Live baritana bamwana. Udushya n’udukoryo twaranze igitaramo cyabanyemo igisa n’imyigaragambyo – AMAFOTO
Zimwe mu nkuru zaranze umusozo w’ikicyumweru gishize harimo izi gitaramo cya ‘Rwanda Gospel Stars Live’ , cyatumwiwemo umuhanzi w’icyamamare muri Eat Africa , Rose Muhando Iki gitaramo byari byitezwe ko gitangira saa kumi n’imwe z’umugoroba cyatangiye hafi saa mbiri…