Month: March 2022

Fasha umukobwa ukunda gutangira umunsi neza no kwirirwana akanyamuneza wifashishije umwe muri iyi mitoma iryohereye cyane

Share this:

Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi iwacumarket.xyz iragufasha. Mbere na mbere,…

Share this:
Posted on

Dore uko watungura umukunzi wawe akanezerwa bigatuma uba udasimburwa mu buzima bwe

Share this:

Gutungura cyangwa se gutungurwa n’umukunzi mu buryo bwiza biri mubintu bituma urukundo ruryoha kubera udushya twinshi umuntu abona atari yiteze bigatuma yishimira umunyenga w’urukundo arimo kandi bituma yumva ko adasanzwe kuri wowe bitwe n’uburyo umwereka ko umuzirikana.   Hari uburyo…

Share this:
Posted on

Gen. Muhoozi, umuhungu wa Museveni yasezeye mu gisirikare cya Uganda. Ese bisobanuye iki muri politiki y’iki gihugu? Dore byinshi utamenye kuri we

Share this:

Umuhungu wa Perezida Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yatangaje ko yasezeye mu ngabo z’iki gihugu yari amazemo imyaka 28.   Ni icyemezo uyu mugabo w’imyaka 47 yatangaje binyuze ku rubuga rwe rwa Twitter kuri…

Share this:
Posted on

Uwahoze ari Vis Perezida wa Uganda yabaye igitararamo kubera uburyo budasanzwe yabyinishijemo inkumi mu gitaramo – VIDEO

Share this:

Prof. Gilbert Bukenya wahoze ari Visi Perezida wa Uganda, yagaragaye abyinana n’inkumi mu buryo budasanzwe.   Prof. Gilbert Bukenya, ni umugabo w’intiti w’umunya politike wabaye Visi Perezida wa 7 wa Uganda. Ku mbuga nkoranyambaga, hasakaye amashusho ye ari kubyinana n’inkumi…

Share this:
Posted on

Ukraine: Icyamamare mu iteramakofe ku isi cyahagaritse imyitozo kijya ku rugamba guhangana n’ingabo z’Uburusiya bwabateye

Share this:

Umunya-Ukraine ufite ibigwi n’imidali ikomeye ku Isi mu mukino w’iteramakofe, Oleksandr Oleksandrovych Usyk, bakunze kwita “Injangwe” yahagaritse imyitozo yakoreraga mu Bwongereza asubira iwabo gufash ingabo ziri ku rugamba guhangana n’uBurusiya bwabateye. . Usyk yateye umugongo miliyoni z’amadolari ajya mu ntambara…

Share this:
Posted on

Nta mikino: Abasore 2 birukanwe mu kazi nyuma yo kugaragara babyina mu masaha y’akazi – Video

Share this:

Nyuma y’iminsi mu gihugu cya Nigeria ku mbuga nkoranyambaga hacicikana amashusho y’abasore 2 bakora akazi ko gucunga umutekano bari kubyina mu masaha y’akazi, byaje kurangira kompanyi bakorera ibirukanye. Aba basore biyita Happy Boys bavuze ko ubwo birukanwaga batahawe n’umushahara wabo…

Share this:
Posted on

Akazi keza n’amafaranga byatumye nisenyera urugo rwari rumaze imyaka 8 yose – UBUHAMYA UWUBATSE WESE UKWIYE GUSOMA

Share this:

Inkuru y’uyu munsi ni iy’umugabo wahuye n’umugore bagakundana bakaza kubana gusa nyuma umugabo akarutisha umugore we akazi bikarangira amubuze.   Mu ntangiriro uyu mugabo yaragize ati: ”Nahuye n’umukobwa mwiza cyane mu myaka umunani ishize turakundana nyuma turabana, gusa nza kubona…

Share this:
Posted on

Ingaruka z’intambara ya Ukraine ku Rwanda, igihe zizatangirira ndetse n’ingamba Leta ifite

Share this:

Kuva intambara y’Uburusiya na Ukraine yatangira ibiciro ku isoko mu Rwanda bikomeje gutumbagira, ndetse byitezwe ko bizakomeza bitewe n’ingaruka intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine ishobora kugira ku bucuruzi mpuzamahanga.   . Intambara yo muri Ukraine, . Ingaruka U Rwanda…

Share this:
Posted on

Mu mitoma myinshi Shaddyboo yerekanye umusore bari mu rukundo – AMAFOTO

Share this:

Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddyboo yerekanye umusore usigaye warigaruriye umutima we Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Shaddyboo yashyize hanze ifoto ye ari kumwe n’umusore ayiherekesha amagambo y’urukundo , ibi bikaba byerekana ko ari mu rukundo n’uyu musore.   Shaddyboo…

Share this:
Posted on

Abacuranzi n’abategura Rwanda Gospel Stars Live baritana bamwana. Udushya n’udukoryo twaranze igitaramo cyabanyemo igisa n’imyigaragambyo – AMAFOTO

Share this:

Zimwe mu nkuru zaranze umusozo w’ikicyumweru gishize harimo izi gitaramo cya ‘Rwanda Gospel Stars Live’ , cyatumwiwemo umuhanzi w’icyamamare muri Eat Africa , Rose Muhando   Iki gitaramo byari byitezwe ko gitangira saa kumi n’imwe z’umugoroba cyatangiye hafi saa mbiri…

Share this:
Posted on