Abasore: Niba utarakorera umukunzi wawe ibi bintu ntaho urageza urukundo rwanyu ndetse inzira iracyari ndende
Ku basore bari mu rukundo ni inshingano zabo gushimisha abakobwa bakunda babinyujije mu buryo butandukanye nko kubaha impano. Menya impano zihariye waha umukunzi wawe zikagufasha gukomeza umubano wanyu. Kwerekana umukunzi wawe mu ruhame nawe bimwongerera urukundo hagati yanyu. Akenshi…
Ukraine: Umugore n’umugabo b’abasirikare basezeraniye ku rugamba kubana akaramata – AMAFOTO
Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga umugore witwa Lesya n’umugabo we Valeriy bahisemo gushyingirwa bambaye impuzankano za gisirikare ubwo bari ku rugamba mu gihugu cya Ukraine. Muri aya mashusho aba bombi bari bagaragiwe n’abasirikare bagenzi babo bari batashye ubu…
Donald Trump yavuze uburyo butangaje Amerika yakoresha igahagarika Ibitero by’Uburusiya muri Ukraine
Donald Trump wigeze kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasabye ko igihugu cye cyakwiyambika isura y’u Bushinwa, kigashoza intambara mu Burusiya, hagamijwe kubohora igihugu cya Ukraine, kimaze iminsi kiri guhigwa n’ab’i Moscou. . Intambara yo muri Ukraine…
Putin yaciye amarenga ko agiye gukoroniza Ukraine ndetse aburira NATO n’isi yose ko yiteguye gukoresha ibitwaro kirimbuzi ku ikosa rimwe gusa NATO ishobora gukora
Prezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko Uburusiya burimo kwitegura gutera ama bombe mu mujyi witwa Odessa, uri mu ikomeye muri Ukraine ndetse ukikijwe n’amazi. Mu ijambo rye ku munsi w’ejo, Perezida Zelensky yavugiye kuri televeziyo, yasobanuye ko Uburusiya…
Umugabo yiyahuriye ku ishuri yizemo nyuma yo kumara imyaka n’imyaka yarabuze akazi
Umugabo warangije muri Kaminuza ya Kyambogo, mu gihugu cya Uganda, muri 2019 yiyahuye nyuma yo kumara imyaka ashaka akazi ariko akakabura. . umugabo yiyahuriye ku nyubako yahoze yigamo . Yafashe icyemezo cyo kwiyahura kubera ubushomeri Ku wa Gatanu, Brian Wetaka…
ADEPR yabonye umushumba mukuru mushya wiyemeje gukemura ibibazo iri torero ryanyuzemo – AMAFOTO
Kuri iki cyumweru Itorero ry’ADEPR ryimitse umushumba mukuru mushya, Ndayiyeze Isaie n’umwungirije, Rutagarama Eugene, barahirira inshingano zo gukomeza kuyobora umukumbi w’Imana mu Itorero ADEPR. . ADEPR yabonye ubuyobozi bushya . Himitswe abayobozi bashya ba ADEPR Aba bombi banasengewe by’umwihariko kugira…
Uburusiya bwatange agahenye kugirango abasivire bahunge
Ibiro ntaramakuru bya leta y’Uburusiya byatangaje ko ingabo z’iki gihugu uyu munsi kuwa mbere zihagarika kurasa kugira ngo zihe inzira yo guhunga abaturage bo mu mijyi myinshi muri Ukraine. . Intambara yo muri Ukraine ikomeje umurego . Abasivire bahawe umwanya…
Umutesiwase Kenia witabye Imana hashize Ukwezi akoze Ubukwe, Yashyinguwe muganga wamuvuraga yunga mu ry’abavuga ko yarozwe – AMAFOTO
Kuwa 4 Werurwe 2022 nibwo inkuru mbi yabaye kimomo ko Umutesiwase Kenia wamenyekanye kubera inkuru y’Urukundo rwe na Rutayomba Jacques ko yitabye Imana gusa benshi bakaba bagishidikanya kucyateye urupfu rwe. Muganga witaga kuri uyu Muryango, nawe yunze muryabavuga ko…
Umugore yahishuye uko yemeye kubyarana n’umuhungu we kugirango adahomba umugabo we gusa uko byarangiye biteye agahinda
Bisanzwe bifatwa nk’amahano kumva umugore yasambana n’umuhungu we yibyariye kugira ngo abyare nyuma yo kunanirwa gusama inda y’umugabo we bari bashyingiranwe bwa kabiri. Ibi ni ko byagenze kuri Matina Agawua, ukomoka ahitwa Yelwata,muri Leta ya Nasarawa yo muri Nigeria….
Perezida Putin yihanije ibihugu byamufatiye ibihano avuga ko ntaho bitaniye no gutangangaza intambara ku Burusiya
Umukuru w’igihugu cy’Uburusiya Vladimir Putin avuga ko ibihano yafatiwe n’ibihugu by’Uburengerazuba kubera igitero yagabye muri Ukraine “bisa no gutangaza intambara”. Yongeraho ati: “Ariko Imana ishimwe ko itaba”. Perezida Putin kandi yavuze ko kugerageza gushyiraho akarere kabujijwemo indege (Zone…