PSG yemeye gutanga isi n’ijuru kur Mbappe kugirango yongere amasezerano. Reba akayabo yemerewe
Biravugwa ko ikipe ya Paris Saint-Germain yiteguye gutanga ijuru n’isi kugira ngo Kylian Mbappe ayigumemo aho kuri ubu yemeye kumuha miliyoni 42 z’amapawundi (€ 50m) nk’umushahara wa buri mwaka. Amasezerano y’umukinnyi w’imyaka 23 kuri Parc des Princes azangirana n’uyu…
Nta gitekerezo afite cy’ibigiye kumubaho – Joe Biden avuga kuri Perezida Putin washoje intambara kuri Ukraine
Magingo aya inkuru iri kuvugwa ku Isi hose ni intambara iri hagati y’u Burusiya na Ukraine. Nyuma y’uko u Burusiya bugabye ibitero, ibihugu byose byo ku Isi byahaye urw’amenyo Perezida w’u Burusiya wateye igihugu gituranyi cye. Perezida wa Leta Zunze…
Hahishuwe ko umuryango wa Putin wamaze gushyirwa mu buvumo byongera icyoba ko ikoreshwa ry’ibisasu kirimbuzi ryegereje
Valery Solovey, umwarimu mu Burusiya yahamije ko muri iki gihe u Burusiya bushyamiranye na Ukraine, Perezida Vladimir afite uburwayi butaramenyekana kandi ko yamaze kwimurira abagize umuryango we munsi y’ubutaka (Underground). Solovey asobanura ko abagize umuryango wa Perezida Putin, bahishwe…
Birababaje: Umugabo yarashe abana be 3 abasanze mu rusengero bahita bitaba Imana
Ubuyobozi bw’umujyi wa Sacramento, umurwa mukuru wa Leta ya California, bwavuze ko hari umugabo warashe abakobwa be batatu, undi muntu, ndetse na we ubwe, aho batatu mu barashwe bahise basiga ubuzima mu rusengero. . Umugabo yishe abana be abasanze mu…
Umusore yarongoreye abakobwa batatu b’impanga umunsi umwe – AMAFOTO
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ahitwa Kalehe mu ntara ya Kivu y’amajyepfo, haravugwa inkuru y’umusore witwa Luwizo uherutse gushyingiranwa n’abakobwa batatu b’impanga. Luwizo yavuze ko yatunguwe no guhura n’aba bakobwa ubwo yazaga gusura umwe muri bo witwa Natalie, ndetse…
Ntiwamukangisha imvura kuko azi kuyigusha, Umutsindo wa putin intangiriro yo kwigenga kwa Afurika – Rutangarwamaboko
Nzayisenga Modeste [Rutangarwamaboko] uzwi nk’umupfumu n’umuvuzi gakondo, yavuze ku bitero u Burusiya bwagabye kuri Ukraine bigakangaranya Isi na cyane ko byagize ingaruka ku banya-Ukraine bamwe bagapfa, abandi bakava mu byabo ndetse hakaba hari n’abasanga iyi ntambara ishobora kuba intandaro y’intambara…
USA: Umunyeshuri muto cyane wakurikiranye indege ya Elon Musk ari kugenzura ingendo z’indege z’Abarusiya
Jack Sweeney, umusore w’imyaka 19 ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yamenywe na benshi mu mezi ashize ubwo yakurikiranaga (Tracking) indege yihariye y’umuherwe Elon Musk kuri Twitter, yerekeje ibitekerezo ku ndege zo mu Burusiya. Uyu munyeshuri wiga mu…
Ukraine: Perezida Zelensky yavuze ijambo riteye agahinda akomerwa amashyi y’urufaya n’abadipolomate bo mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi
Mu ijambo yagejeje ku Nteko y’Ubumwe bw’Uburayi, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yasabye ko igihugu cye kigirwa ikinyamuryango, akaba yavuze ko ubu umuntu wese uri muri Ukraine yiteguye gupfa. Perezida Zelensky yavuze ko abari kugwa mu ntambara ya Ukraine…
Dore icyo wakora igihe umukunzi wawe yakurakariye bigatuma musubirana umunezero vuba
Uburyo bwagufasha gusubiza umukunzi wawe mubihe byiza igihe atakwishimiye. 1. Muhe umwanya niba awugusabye: Niba umukunzi wawe mugiranye ikibazo bikaba ngombwa ko akurakarira gerageza kubaha ibyifuzo bye niba agusabye ko ashaka kuba ari wenyine mureke kuko biramufasha gutekereza…
Hahishuwe akayabo Rayon Sports yasaruye ku mukino uheretse kuyihuza na APR FC
Umukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Rayon Sports iheruka kwakiramo APR FC,bivugwa ko wayinjirije asaga Miliyoni 29 Frw. Nubwo uyu mukino warangiye amakipe yose anganyije 0-0, Rayon Sports ntiyabuze byose kuko yinjije kariya kayabo…