Haraca uwambaye: Ibihugu 5 bizahagararira Afurika mu gikombe cy’isi birara bimenyekanye. Uko imibare ihagaze
Gutanga ikiruhuko mu gihugu hose, kurara amajoro n’amanywa hashakwa inzira yabambutsa inyanja n’imyiteguro ihanitse, mu bidasanzwe ibihugu bitandukanye bihataniye itike y’igikombe cy’Isi 2022 byafashe hasi no hejuru ngo bishake umusaruro mwiza mu mikino yo kwishyura ya kamarampaka iteganyijwe muri iri…
Dore ibintu 5 ugomba kwirinda gukora mu gitondo ukibyuka
Igitondo utangiye neza niryo pfundo ryo kugira umunsi mwiza, ndetse w’ingirakamaro ku buzima bwawe. Dore ibintu 5 ukwiye kwirinda gukora mugitondo mugihe ubyutse, nk’uko byatangajwe n’urubuga Healthline: 1. Kwanga gufata Breakfast Abantu benshi bakunze kuryamira, nyuma bakabyuka vuba…
Ibyo wakorera umukunzi wawe bigatuma agukundwakaza ndetse akakurutisha abandi bose yabonye
1. Mu gihe uri kumwe n’uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi nujya kumubwira akantu gasekeje cg se k’ibanga ujye ukoresha kumwongorera, ngo kuko ibi bituma yumva ibizongamubiri n’itandukaniro riri hagati yawe n’abandi. 2. Gerageza…
Ndimbati wari ufungiye muri Kasho agiye kwimurirwa muri gereza. Abamwunganira bavuga ko hari icyo bagiye gukora
Kuri uyu wa 28 Werurwe nibwo Urukiko rwibanze rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo rwafashe umwanzuro ku ifunga n’Ifungurwa ry’agateganyo ku kirego cya Kabahizi urega Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati muri filime ya PAPA SAVA. Iyi nkuru ikijya hanze,…
Miss Kalimpinya yegukanye ibihembo 2 mu isiganwa ry’imodoka ‘Sprint Rally All Star 2022’ – AMAFOTO
Miss Queen Kalimpinya wabaye Igisonga cya 3 muri Miss Rwanda 2017, yaje ku isonga mu bakobwa n’abagore (Best Female) mu isiganwa ry’imodoka rya “Sprint Rally All Star 2022” ndetse anegukana umwanya wa kane (4th Co Driver) mu bitabiriye irushanwa bose….
Ibyo wakorera umukunzi wawe mukongera kwishima nyuma yo kumukosereza no kumurakaza
Ubwumvikane buke no kubabazanya ni ibintu bigoye kwirinda mu rukundo icy’ingenzi ni ukumenya uko ubyitwaramo igihe bibaye. Niyo waba ubanye n’umukunzi wawe neza gute ntushobora kubura akantu gato ukora kakamubabaza niyo waba utabigambiriye. Urubuga Elcrema rutanga inama ku…
Dore amakosa mabi cyane ugomba kwirinda gukora nyuma yo kurya
Hari amakosa dukora tutazi ko ashobora kutwangiriza ubuzima, cyane cyane iyo tumaze gufata amafunguro. 1. Kuryama ukimara kurya Kuryama ukimara kurya bishobora gutera ibibazo bitandukanye mu gifu. Ibikunze kugaragara ni ugutumba, kumva ibintu bivuga mu nda cg se no…
Abasore: Dore abakobwa udakwiye kwisukira niba udafite amafaranga menshi bitabaye ibyo uzahura n’uruva gusenya
Kumenya imico n’imyitwarire y’umukobwa ugiye gutereta ni ingenzi cyane kuko bigufasha kumenya uko umwitwaraho, ukamenya niba koko agukunda cyangwa hari ikindi agukurikiranyeho bityo bikakurinda kuzicuza. Dore bamwe mu bakobwa ukwiye kwirinda gutereta niba udafite amafaranga ahagije nk’uko urubuga Elcrema…
Perezida Zelensky yivovoteye NATO na Amerika bitumva ubusabe bwe
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yashishikarije leta z’ibihugu byo mu Burayi na America guha igihugu cye indege z’intambara, ibifaru, n’ubwirinzi bw’ibisasu bya misile mu rwego rwo gukomeza guhangana n’u Burusiya. . Perezida Zelensky ntiyumva impamvu NATO itamuha intwaro ziremereye Uyu…
Abasore: Uyu mukobwa agukunda mu ibanga niba akwereka ibi bimenyetso
Birashoboka ko wifuza umubano wisumbuye uwo warufitaanye n’umukobwa ariko wabuze aho wahera umubwira uko wiyumva bitewe nuko utazi uko atekereza cyangwa uko yakwakira ubusabe bwawe.Twakuboneye uburyo bushobora kugufasha kumenya niba umukobwa agukunda cyangwa yagukunda binyuze mumagambo cyangwa ibikorwa akora. …