Musa Esenu yasubiye iwabo igitaraganya ndetse bishoboka ko atazitabira imikino y’igikombe cy’Amahoro
Rutahizamu Musa Esnu usanzwe ukinira ikipe ya Rayon Sports, ntiyagaragaye mu mukino wa gicuti wahuje Rayon Sports na AS Muhanga. Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu yakinnye umukino wa gicuti n’ikipe ya AS Muhanga ibarizwa mu cyiciro…
Will Smith yakubitiye Chris Rock urushyi rw’inkuba ku rubyiniro abantu bagwa mu kantu
Will Smith yivuye mu nkokora yasa urushyi rukomeye Chris Rock ubwo yari kuri ’stage’ mu gikorwa cyo gutanga ibihembo bya filimi bya Oscars kuko uyu yari amaze gutebya ku mugore we Jada Pinkett Smith. Avuga ku buryo Pinkett yiyogoshesheje…
Umukobwa yanze impeta y’umusore bakundana wamutereye ivi mu mugi rwagati nyuma yo kumucurangira – AMAFOTO
Umusore wo mugihugu cya Kenya, yatunguye umukunzi we amujyana mu mujyi wa Nairobi agamije kumwambika impeta, umukobwa yanga kuyambara. Uyu musore witwa Derick, ibinyamakuru byo muri Kenya byanditseko yari amaze imyaka igera kuri itanu akundana n’uyu mukobwa. Derick…
Umukobwa wa Pasiteri yabyinishije Timaya karahava kugeza yizihiwe amuha 300RWF – AMAFOTO
Abitabiriye igitaramo cya Timaya banyuzwe n’uburyo uyu muhanzi yitwaye ariko by’umwihariko bishimira kubona uburyo abakobwa bakaragaraga umubyimba mu ndirimbo ze. Muri abo harimo Kwizera Ange uzwi nka Ange Bebe usoje umuziki ku Nyundo witegura gushyira hanze indirimbo. Ange Bebe…
Dore ibyo wakorera umukobwa ukunda bigatuma yumva nta wundi musore ukuruta ku isi
Burya urukundo hagati ya babiri ruba ari nk’ijuru rito bikarushaho kuryoha no kuba byiza iyo mwembi mwiyumvanamo ndetse buri wese hagati yanyu akaba azi igishimisha mugenzi we kurusha ibindi, ndetse akabasha kujya abyitaho igihe cyose bari kumwe. Ku bahungu…
Ukraine: Undi musirikare ukomeye w’Uburusiya yiciwe mu ntambara
Minisiteri y’ingabo za Ukraine ivuga ko undi Jenerali w’Uburusiya, Liyetona Jenerali Yakov Rezantsev, yiciwe mu gitero hafi y’umujyi wa Kherson uri mu majyepfo. Rezantsev yari akuriye umutwe wa 49 wo mu ngabo z’Uburusiya. Umutegetsi wo mu burengerazuba bw’isi…
Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Amavubi yabaye umwe mu batoza bemewe na CAF
Haruna Niyonzima ukinira AS Kigali, akaba na Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi mu batoza bashyikirijwe impamyabumenyi y’ubutoza ya CAF yo ku rwego rwa C baheruka gukorera, nyuma yo gutsinda neza amasomo. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25…
Abasore: Dore impamvu ugomba gushaka umukobwa ugukunda aho gushaka uwo wowe ukunda
Muri iyi nkuru urasangamo impamvu nyamukuru, zirakwereka ko udakwiriye gushyingirwa n’umukobwa ukunda usize ugukunda cyane. DORE IMPAMVU UKWIRIYE GUHITAMO UMUKOBWA UGUKUNDA UKAMURUTISHA UWO UKUNDA. 1. Nta kibazo aterwa no kuba wamuciye inyuma: Aha ntiwumve ko ugomba kumuca inyuma…
Uburusiya bwatangaje umuvuno mushya bwaciye ngo butsinde intambara bamwe babibona nko gutsindwa kwabwo
Uburusiya buvuga ko mu gitero cyabwo kuri Ukraine bugiye kwibanda mu “kubohora” uburasirazuba, ibica amarenga ko bishoboka ko iyi ari impinduka mu mayeri y’urugamba. Minisiteri y’ingabo z’Uburusiya yavuze ko intego za mbere iki gitero cyari cyihaye zarangiye, kandi ko…
Ubu ni bwo buryo bwonyine bwagufasha gutuma umukobwa wari warakunaniye agukunda akakwimariramo
Niba ufite umukobwa ukunda ariko ukabona ntiyumva ibyo ushaka kumubwira hari iuburyo ushobora gukoresha kugirango umwiteho kugeza igihe abonye ko uruwo gukundwa. 1. Shaka ikintu gituma muhura kenshi Niba ukunda umukobwa kandi ukabona kwigarurira umutima we birakugoye bitewe…