Udushya 7 twaranze itorwa rya Nyampinga w’ u Rwanda 2022 – AMAFOTO
Mu Rwanda buri mwaka hatorwa umukobwa uhiga abandi Umuco ,Ubwiza,ndetse n’ ubwenge iri rushanwa rikaba ribaye ku inshuro yaryo ya 12 kuva mu mwaka w’ 1993 n’ubwo haciyemo igihe kingana n’ imyaka 16 iri rushanwa rikaza gusubukurwa mu mwaka wa…
Ndimbati yagaragaje ko yagambaniwe ubwo yireguraga mu rukiko
Kuri uyu munsi tariki ya 23 Werurwe 2022 nibwo umukinnyi wa Filimi,Uwihoreye Jean Bosco wamamaye ku izina rya Ndimbati muri Firimi y’uruhererekane ya “Papa Sava” yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge aburana ifungwa n’ifungurwa ku byaha akurikiranyweho byo gusindisha umwana utarageza…
Nta cy’ubu cy’ubusa! Umukobwa yatse ababyeyi be amafaranga ibigumbi 5RWF nabo bamusaba kubanza gukora akazi k’ingufu
Umukobwa w’inkumi wo mu gihugu cya Nigeria urangije amashuri, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yatangaje ko ubuzima bwo hanze y’ishuri yasanze butameze nk’uko yabubwirwaga akiri ku ntebe y’ishuri. Mu minsi ishize, uyu mukobwa aherutse gusaba ababyeyi be 2,000 Naira mbere yo…
Umusore si igihagararo gusa: Dore uko wakwigarurira umukobwa w’ikizungerezi abasore bose babona bakava mu byabo
Niba ukeneye kuba umusore ushamaje ku bagore, banza ube umusore ushamaje kuri wowe ubwawe. Ntabwo ukeneye isura nziza cyangwa kubaka umubiri nk’ibyateye ubu, ukeneye kuba wowe. DORE IBIZAGUFASHA KUBA UMUSORE W’IGITANGAZA 1. Banza ube umusore uyoboye abandi: Niba…
Dore ibintu byagufasha kwirinda guhora ushwana n’umukunzi wawe
Nta zibana zidakomanya amahembe, n’ubwo mwakundana ariko kuba mwarahuye buri wese afite uburyo yarezwe, afite imico yagiye afata mu myaka yose ishize, nta gitangaza rero kuba mwagira ibyo mutabona kimwe cyangwa mutumva kimwe. Ikibazo rero kiba iyo intonganya no…
Umugore w’imyaka 59 yakubiswe iz’akabwana azira gutera akabariro n’umwana w’imyaka 18
Umugore wo muri Uganda aherutse gukubitirwa ku mugaragaro azira gufatwa asambana n’umusore w’imyaka 18. Nk’uko byatangajwe na Daily Monitor, Kedesi Katsigaire w’imyaka 59, ushinjwa kuba umusambanyi ruharwa, yakubiswe n’abaturagemu rwego rwo kumuhana. Uyu mukecuru yaseberejwe ku rubanda nyuma…
Ubutumwa bwa mbere bwihariye Miss Muheto yatanze n’ibihembo 7 bitangaje yahawe byiyongera kuri RWF 9M, n’imodoka y’akataraboneka
Nyampinga w’u Rwanda uyu mwaka wa 2022 , Miss Nshuti Muheto Divine yatanze ubutumwa bw’ishimwe ku banyarwanda n’inshuti abavandimwe bamubaye hafi mu rugendo rutari rworoshye rwo gushaaka ikamba rya yampinga w’u Rwanda. Mu butumwa yanyujije kuri Chanel ya YouTube…
Dore impamvu zituma igitsina cy’umugabo kigwingira cyangwa kikagabanuka cyane mu buryo butunguranye n’icyo yakora
Muri iki gihe abagabo benshi usanga bafite ibibazo bitandukanye byo gukora imibonano mpuzabitsina hamwe n’abo bashakanye ndetse bikagira ingaruka mbi mu mibanire yabo. Gusa n’ubwo bimeze gutyo ariko hari n’abananirwa gukora imibonano mpuzabitsina kubera kugira igitsina gito (Penile Atrophy). Ese…
Umupasiteri yatwaye umugore w’umugabo wasengeraga mu itorero rye asigara aririra mu myotsi
Ikinyamakuru cyo muri Kenya cyitwa Nairobian Daily Post cyatangaje ko umugabo witwa David Makori ari mu gahinda yatewe nuko Pasiteri Charles Maloba wo mu Itorero rya Power Pentecost Church yamwambuye umugore we. Uyu mugabo yavuze ko uyu mugore we…
Umubyeyi wa Perezida w’inteko nshingamategeko ya Uganda uherutse kwitaba Imana yemeje ko yarozwe
Nathan Okori ubyara Jacob Ulanyah wari perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda uherutse kugwa muri Amerika,yemeje ko umuhungu we atishwe n’uburwayi busanzwe ahubwo yarozwe. Uyu mugabo yasabye ko urupfu rw’umuhungu we rutakoreshwa mu nyungu za politiki,mu ijambo yagejeje ku…