Month: March 2022

Issa Bigirimana yatandukanye n’umukunzi we badakoze ubukwe nyuma yo gutera ivi bikavugisha abatari bake – AMAFOTO

Share this:

Rutahizamu w’umunyarwanda wamenyekanye ubwo yakiniraga APR FC, Issa Bigirimana yatandukanye n’umukunzi we Uwase Carine bateganyaga gukora ubukwe.   Uyu rutahizamu wari uzwiho kwibasira cyane Rayon Sports yabwiye Ikinyamakuru ISMBI dukesha iyi nkuru ko yatandukanye n’uyu mukunzi we bagiranye ibihe byiza….

Share this:
Posted on

Dore abantu bo kwitondera gukundana nabo niba wifuza uwo muzabana akaramata

Share this:

Iyo umuntu ari mu rukundo usanga hari imico abona k’uwo bakundana ariko akayirengagiza cyangwa se akumva ko uwo bagiye kubana azamuhindura bageze mu rugo. Nyamara ibyo biba ari ukwibeshya kuko hari abantu mubana uko byagenda kose bakagutera igikomere kidashira mu…

Share this:
Posted on

Miss Muheto Divine ntiyahawe imodoka imbonankubone nk’uko byari bisanzwe, Ba Miss bibwa telefoni. Udushya twaranze Miss Rwanda 2022

Share this:

Mu birori bibereye ijisho, urugendo rwo gushaka Nyampinga w’u Rwanda mushya rwaraye rushyizweho akadomo, ikamba ryegukanwa na Nshuti Muheto Divine w’imyaka 19 y’amavuko.   Urebye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, umwanzuro w’Akanama Nkemurampaka wo kwimika uyu mukobwa nyuma yo kunyurwa n’imyitwarire…

Share this:
Posted on

Dore ibimenyetso byakwereka ko umuntu agukunda ariko akabiguhisha

Share this:

Hari abantu bazi guhisha amarangamutima yabo abandi, gusa iyo umuntu atangiye kujya akugiraho amasoni agatangira kwitwara bitandukanye n’uko byagendaga muri kumwe atuma utangira kumwibazaho, ukibaza uti “Ese ambona ate? Muri iyi nkuru uramenya uko wamenya neza ko ari kuguhisha amarangamutima….

Share this:
Posted on

Nyuma yo gutangira neza, Muheto Divine yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2022 – AMAFOTO

Share this:

Kuri uyu wa Gatandatu nibwo umunsi wari utegerejwe n’abakunzi b’imyidagaduro wageze ngo bamenye Nyampinga w’u Rwanda 2022. Ahagana saa sita na 57 z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu,nibwo uwari uyoboye umuhango wa Miss Rwanda Sam Kalisa yatangaje ko Miss Rwanda…

Share this:
Posted on

Mu mafoto reba uko ubukwe bwa Murebwayire Irene witabiriye Miss Rwanda 2019 bwagenze

Share this:

Murebwayire Irene witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2019 aherutse gusezerana imbere y’amategeko na Eugene Ishimwe uba mu Buyapani, kuri ubu basezeranye imbere y’Imana bemeranywa kubana akaramata nkuko babihamije n’imbere y’amategeko. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa 18 Werurwe 2022 ubanzirizwa…

Share this:
Posted on

Amagambo 10 Akunze gukoreshwa nyamara udakwiriye gukoresha mu gihe uganiriza umukunzi wawe

Share this:

Mu gihe uganiriza umukunzi wawe, hari amagambo amwe n’amwe ushobora gukoresha bikagaragara ko ufite imico itari myiza bikaba byanatuma akunyuzamo ijisho hakiri kare urukundo rwanyu rutaragira aho rugera. Ni byiza rero ko wirinda kujya ukoresha aya magambo, mugihe uganira n’uwo…

Share this:
Posted on
Uncategorized

MissRwanda2022: Dore uburanga bw’abakobwa 5 barusha abandi amajwi mu gihe habura amasaha make ngo hamenyekane uwegukana ikamba – AMAFOTO

Share this:

Ku ya 26 Gashyantare 2022 nibwo habaye ijonjiora ryo gutoranya abakobwa 20 bagomba kujya mu mwiherero wa nyuma wa Miss Rwanda 2022, bavuye muri 70 bari batoranyijwe mu Ntara 4 n’Umujyi wa Kigali, muri aba bakobwa 20 umwe yarasezeye hasigaye…

Share this:

Mukase wa Akeza Rutiyomba unashinjwa urupfu rwe yatangiye kuburana. Uko urubanza rwagenze

Share this:

Kuri uyu wa Kane Taliki 17, Werurwe, 2022 mu Rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge ruri hafi ya Stade ya Kigali i Nyamirambo hatangiye urubanza ubushinjacyaha buregamo umugore ukurikiranyweho uruhare mu rupfu rw’umwana w’imyaka itanu witwaga Akeza Rutiyomba.   Uyu mwana bamusanze…

Share this:
Posted on

Ukraine: Putin yavuze ibyo asaba Ukraine kugirango ahagarike intambara harimo igisa n’igitutsi ndetse n’ibigoranye cyane

Share this:

Turkiya imaze kugaragaza ko ishobora kuba umuhuza w’Uburusiya na Ukraine – kandi bisa n’aho hari icyo birimo gutanga.   Kuwa kane nimugoroba, Perezida Vladimir Putin yahamagaye kuri telefone mugenzi we wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan, amubwira ibyo Uburusiya bwifuza ngo…

Share this:
Posted on