Ukraine yishe umu-General wa kane w’Uburusiya
Leta ya Ukraine yigambye ko yishe General wa kane mu ngabo z’Uburusiya ziri ku rugamba rwo kwigarurira icyo gihugu cyo mu Burayi. Uyu musirikare witwa Maj. Gen Oleg Mityaev yishwe ku wa Kabiri yariki 15 Werurwe, 2022 nk’uko byemejwe…
Ukraine: Kuva ku ntebe y’ishuri, muri cinema kugera muri Perezidansi. Inkuru y’urukundo itangaje hangati ya Perezida zelensky n’umugore we Zelenska – AMAFOTO
Bahagurukiye kurwanya ingabo z’u Burusiya zateye muri Ukraine, kandi bakomeje kugaragariza isi ubutwari, ubushake n’urukundo bakunda igihugu cyabo. Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky n’umugore we Olena Zelenska bamaze igihe kirekire baterana ingabo mu bitugu. Bavanye ku ntebe y’ishuri bagerana ku…
Dore amagambo 4 y’urukundo ahebuje wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose yumvise
Iyo abantu bakundana usanga hari byinshi babwirana mu rwego rwo kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu magambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo. Dore amwe mu magambo wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose waba…
Abasore: Dore ibintu 5 udakwiye gukorera umukobwa ukunda ugamije kumushimisha cyangwa kwigarurira umutima we
Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. . Amakosa ukwiye kwirinda gukora mu rukundo . Amakosa ugomba kwirinda gukoreshwa n’urukundo ukunda…
Aubameyang wajugunywe na Arsenal akomeje kwigarurira imitima y’abafana ba Barcelone, umutoza we aramuvuga imyato
Xavi utoza Barcelona yashimagije rutahizamu Emerick Aubameyang, avuga ko ari impano yavuye mu ijuru. Ku mugoroba w’ijoro ryatambutse, Barcelona yari ifite umukino wa shampiyona batsinzemo Osasuna ibitego 4-0 byatsinzwe na Ferran Torres watsinze ibitego 2, Aubameyang atsinda icya 3…
Ukraine yatangaje ko uko byamera kose intambara izaba yarangiye mu kwezi kwa Gatanu uyu mwaka
Ibisasu biremereye byaramutse birasaswa ku murwa mukuru Kyiv none kuwa kabiri. Bimaze kuba akamenyero muri iyi ntambara ko kare kare mu gitondo abarusiya barasa ibisasu ku mijyi itandukanye muri Ukraine. Umwe mu bategetsi ba gisirikare muri Amerika yatangaje…
Umugabo yitwikiye mu modoka arashya arakongoka nyuma yo kumenya ko umugore we yamuciye inyuma
Ku wa gatanu, tariki ya 11 Werurwe, umugabo yiyahuriye ahitwa Koru mu Ntara ya Kisumu muri Kenya,yitwikira mu modoka ye kubera urushako. K24TV yatangaje ko Venus Amimo bivugwa ko yakoraga nka rwiyemezamirimo, yari afite ikibazo mu rugo rwe. …
Reba ibintu bibaje byabaye ku mugeni nyuma y’uko umugabo apfiriye mu mpanuka ku munsi w’ubukwe bwabo
Umugabo w’imyaka 40, Mohammed Zakari, yahitanwe n’impanuka yerekeza mu bukwe bwe bwagombaga kubera ahitwa i Fumesua, mu muhanda wa Kumasi-Accra muri Ghana. Ibi byabaye ku cyumweru, tariki ya 13 Werurwe ahagana saa 1h00 z’amanywa ubwo uyu mugabo yari agiye…
Umugabo ufana Mukura yaciye ibintu nyuma yo kugaragara ahetse umwana anafana kakahava ubwo ikipe ye yesuranaga na APR FC
Umugabo wagaragaye ahetse umwana we ari muri sitade ndetse ari no gufana byacitse akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye, ahantu hatandukanye. Uyu mugabo ni umwe mu bakunzi b’ikipe ya Mukura Victory Sports akaba yari yitabiriye umukino wahuzaga ikipe…
Ibintu bikmeje kuba bibi ku munyarwenya Ndimbati byavugwaga ko yafunguwe
Ibintu bikomeje kuba bibi ku munyarwenya Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati muri filime z’urwenya na filime mbarankuru hano mu Rwanda. Hashize iminsi mike uyu mugabo atawe muri yombo aho acyekwaho icyaha cyo gusambanya umwana utari wuzuza imyaka y’ubukure….