Dore ibintu 4 wakora igihe ababyeyi bawe bakubuza uwo wikundira
Mu rukundo abantu bahuriramo n’ibibazo byinshi bitandukanye byaba ibituruka hagati yabo ndetse no hanze nko mu miryango mu nshuti n’ahandi. Hari igihe havuka ikibazo ababyeyi bakabuza umwana wabo gushyingiranwa n’uwo akunda kukbera impamvu zinyuranye. Ese mu gihe bikubayeho wabyifatamo…
Umutoza wa Rayon Sports yatangaje impamvu atajya agura tike yo kureba umupira bituma kenshi asubizwa inyuma
Jorge Paixão utoza Rayon Sports yavuze impamvu adashobora kwishyira amafaranga hano mu Rwanda kugirango yemererwe kureba umukino kubera ko afite abana benshi afasha. Jorge Paixão ukomoka muri Portugal yagizwe umutoza wa Rayon Sports mu ntangiro z’uyu mwaka ariko yagiye…
Hahishuwe ibiribwa umuntu arya akaba yabyara impanga – UBUSHAKASHATSI
Bizwi ko urubyaro cyangwa se abana umuntu abyara abahabwa n’Imana ariko ubushakashatsi bwagaragaje ko rimwe na rimwe umuntu ashobora kugira uruhare mu bana abyara nkuko bizwi ko umuntu agira uruhare kugirango abyare umwana ufite ibiro byinshi cyangwa se usa neza…
Umunyeshuri yapfuye ubwo yakinaga filime yigana ububabare bwa Yesu ku musaraba
Sule Ambrose umunyeshuri wigaga mu kigo cy’Iseminari ukomoka muri Nijeriya yapfuye ubwo yakinaga umukino yigana inkuru ya Yesu kuwa Gatanu mutagatifu. Sule Ambrose, w’imyaka 25, yitabye Imana ubwo yarimo akina umukino w’inkuru ya yesu bigana uko yabambwe, ubwo yari…
Mu mafoto reba uburanga bwa Miss Nimwiza Meghan uherutse kwegura muri Rwanda Inspiration Backup
Uburanga bwa Nyampinga w’u Rwanda 2019 Nimwiza Meghan wari ushinzwe itumanaho mu irushanwa rya Miss Rwanda ariko kugeza ubu bakaba bamaze gutandukana. Ni Mwiza Meghan yitabiriye irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019 aza kwegukana ikamba nyuma agirwa umuyobozi…
Ntuzongere gukoresha udutima buhumyi. Dore icyo buri gatima gasobanura n’igihe gakoreshwa
Ubutumwa bugufi ni uburyo buryoha cyane kandi bwihuta dukoresha tuvugana n’inshuti zacu cyangwa abavandimwe. Uretse kandi kuba twakwandika, tujya tunohereza utumenyetso/ udushusho mu gihe tubafitiye ubutumwa bwihariye. Muri iyi nkuru, twaguteguriye ibisobanuro by’utumenyetso dutandukanye tw’umutima dukunze gukoreshwa mu butumwa bugufi…
Cristiano Ronaldo yapfushije umwana
Rutahizamu wa Manchester United na Portugal, Cristiano Ronaldo ari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko apfushije umwana we w’umuhungu arimo avuka. Cristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodriguez batangaje ko umwana wabo w’umuhungu yapfuye ari kuvuka. Inkuru ya gahinda mu rugo…
Abagabo 3 bacakiwe nyuma yo kwiba Banki agatubutse
Tariki 18 Mata, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe yataye muri yombi abagabo batatu bakurikiranweho gucura umugambi no kugerageza kwiba Banki y’abaturage (BPR) ishami rya Musange riherereye mu murenge wa Musange, akagari ka Masizi, umudugudu wa Karama, nyuma…
Rwandair yajyaga ENTEBE muri Uganda yakoze impanuka
Mu gitondo cyo kuri uyu wagatatu tariki ya 20 Mata 2022 , RwandaAir yari yerekeje ku kibuga k’indege cya ENTEBBEE muri Uganga , yaguye mu gishanga ubwo umu Umupilote yahuraga n’ikirere kibi akabura Udutara Tumufasha Kumenya aho Amanukira . …
Biravugwa: Bigirimana Abedi wa Kiyovu Sports yaguzwe akayabo na Yanga Africans
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aremeza ko Bigirimana Abedi umaze imyaka ibiri akinira Kiyovu Sport yamaze kugurwa na Yanga Africans miliyoni 200 z’amashilling ya Tanzania angana na miliyoni 88, 692, 161Frw. Ibi bibaye nyuma y’iminsi Hersi Ally Saidi…