Manchester City yiyemeje guhemba Haaland amafaranga atubutse kurusha undi mukinnyi wese ukina muri Premier League
Ikipe ya Manchester City yatangije urugamba rutoroshye rwo kwegukana rutahizamu w’umunya-Norvege ukinira Borussia Dortmund yo mu Budage, aho yiyemeje kumugira umukinnyi uhembwa amafaranga menshi mu Bwongereza niyemera kuyerekezamo agatera umugongo amakipe yose amwifuza. Biravugwa ko Manchester City yamaze kumvikana…
Dore impamvu Miss Nimwiza Meghan yatandukanye n’abategura Miss Rwanda
Ejo hashize tariki ya 19 Mata nibwo ubuyobozi bwa Rwanda Inspiration Back Up (RIB) bwatangaje ko Miss Nimwiza Meghan atagishinzwe itumanaho n’umuvugizi w’irushanwa rya Miss Rwanda. Mu itangazo bashyize ku mbuga nkoranyambaga zirimo Twitter, bavuze ko Nimwiza Meghan wabaye…
Umukinnyi wa Manchester United yarokotse impanuka y’imodoka ubwo yaragiye mu myitozo
Umukinnyi ukinira ikipe ya Manchester United Bruno Fernandes yarokotse impanuka y’imodoka ubwo yari ari yitwaye yerekeje mu myitozo mu gitodondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Mata. Umutoza w’agateganyo wa Manchester United Ralf Rangnick yatanze amakuru avuga…
Abashakanye: Ukoreye umugore wawe ibi bintu buri gitondo ntawazagusimbura mu mutima we
Urukundo ni umunyenga, umugore wawe akeneye ko umukorera ibi bintu ariko ntazigera abigusaba. Iyi nkuru ikugire inama. 1. Muhumurize umuruhure mu mutwe Umugore wawe akenera ko umusoma buri mu gitondo ariko ntuzigera wumva abisabye, ahari azakora ibizakwereka ko…
Umugabo wawe aragukunda by’ukuri niba umubonaho ibi bimenyetso
Niba umugabo wawe agukorera ibi bintu bine bikurikira ntugashidikanye aragukunda by’ ukuri. Uramuvuguruza akemera Umugabo ukunda umugore we bizira uburyarya ahorana ubushake bwo guhindura imyumvire ku kintu iyo umugore we abimusabye. Niyo yaba ari umugabo utavugirwamo cyangwa ufunga…
Agahinda k’umugore wa Celestin Ntawuyirushamaboko uherutse kwitaba Imana
Nyinawabari Claudine wemeza ko yari yarashakanye n’Umunyamakuru Celestin Ntawuyirushamaboko avuga ko Celestin yari yarataye urugo ndetse ko ntakintu yigeze amenya k’uburwayi bw’umugabo we ngo uretse ko mbere yamenye ko yarwaye akongera kumva ko yatashye, yongeye kumva ko yapfuye abibwiwe na…
KNC yishongoye bikomeye kuri Kiyovu Sports nyuma yo kuyitsinda akanayitwara amafaranga
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’, yishongoye kuri Kiyovu Sports avuga ko iciriritse ndetse ikanaba ikipe y’”abanyacyaro”, nyuma yo kuyitsinda akayitwara amanota atatu n’amafaranga. Gasogi United ejo ku wa Gatanu yari yakiriye Kiyovu Sports, mu mukino w’agapingane w’umunsi…
Umukobwa wacuruzaga Me2you yishwe n’ibisambo bimuteye icyuma mu muhogo
Mu masaa mbiri n’igice z’umugoroba wo ku wa 13 Mata 2022 ni bwo hamenyekanye urupfu rwa Nyampinga Eugénie wabanaga n’ababyeyi be mu mudugudu wa Bihagije, akagari ka Cyimpindu, umurenge wa Kirimbi mu karere ka Nyamasheke, wishwe atewe icyuma mu muhogo…
Mutesi Jolly akomeje kwibasirwa nyuma yo kwita abantu INYANA Z’IMBWA
Miss Mutesi Jolly yongeye kuba igitaramo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwita abantu ‘’inyana z’imbwa’’ abenshi bati iyo mvugo niyamaganwe ntabwo ari iyo gukoreshwa n’umwali w’i Rwanda. Mu ngingo zitandukanye zaganirwagaho mu kiganiro Miss Mutesi Jolly aherutse kugirana na…
Gasogi United yahagaritse umuvuduko wa Kiyovu Sports bishobora no gutuma itakaza igikombe
Kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Mata 2022 saa cyenda zuzuye, ikipe ya Gasogi United mu mukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yakinnye na Kiyovu Sports kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo,Gasogi itsind 2-0 bwa…