Month: April 2022

Perezida Ndayishimiye w’Uburundi yagaragaye ahetse umusaraba kuri uyu wa Gatanu mutagatifu

Share this:

Ifoto iri kuzenguruka ku mbuga nkoranya mbaga ,igaragaza Perezida w’uburundi ahetse umusaraba w’igiti kinini agaragiwe n’imbaga y’abakristu   Ifoto iri kuzenguruka ku mbuga nkoranya mbaga ,igaragaza Perezida w’uburundi ahetse umusaraba w’igiti kinini agaragiwe n’imbaga y’abakristu   Uwa Gatanu Mutagatifu ni…

Share this:
Posted on

Ubwato rutura Uburusiya bwakoreshaga mu ntambara na Ukraine bwarohamye

Share this:

Minisiteri y’ingabo z’Uburusiya yavuze ko ubwato bw’intambara bwazo bwangijwe n’ibiturika kuri uyu wa 13 Mata 2022 bwarohamye.   Ubu bwato rutura bwo mu bwoko bwa Moskva ndetse bwari bunini mu yandi mato y’intambara y’Uburusiya, bwari burimo gukururwa bwerekezwa ku cyambu…

Share this:
Posted on

Amerika yashimye u Rwanda ku kurwanya Ruswa, irushinja Kubangamira Uburenganzira bwa Muntu – ICYEGERANYO

Share this:

Icyegeranyo cya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika cyasohotse kuri uyu wa 13 mata 2022, cyashimye intambwe u Rwanda rwateye mu kurwanya Ruswa no gukurikirana abo biba byagaragaye ko bayigizemo uruhare.   Icyegeranyo cya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika cyasohotse kuri uyu wa…

Share this:
Posted on

Umugi wa Kigali ugiye kwishyura umuryango wa Rwigara asaga miliyoni 430RWF

Share this:

Urukiko rukuru rwanzuye ko umuryago wa Rwigara Assinapol wari umuyemari ukomeye watsinze umujyi wa Kigali ,rutegeka ko uyu muryango we uhabwa amafaranga y’U Rwanda aganna na miliyoi 433 n’igihembo cya Avoka cya Miliyoni imwe.   Urukiko rw’isumbuye rwa Nyarugenge nirwo…

Share this:
Posted on

Irerero rya PSG hano mu Rwanda rigiye kwitabira igikombe cy’Isi kizabera mu Bufaransa

Share this:

Ku nshuro ya mbere abana barererwa mu irerero rya PSG hano mu Rwanda bagiye kwitabira imikino y’igikombe cy’Isi kizabera mu Bufaransa muri Gicurasi uyu mwaka.   Kuva mu 2005 ikipe ya Paris Saint Germain itegura irushanwa risa n’igikombe cy’Isi aho…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore ibintu 3 ukwiye kumenya mbere yo gutereta umukobwa niba wifuza uwo muzubakana urugo

Share this:

Gutereta umukobwa ni kimwe no kugumana nawe ni ikindi. Niba ushaka kubaka, mbere yo kureshya umukobwa runaka banza umenye ibi bintu bikurikira.   1. Menya intekerezo ze: Menya uko umukobwa ushaka gutereta atekereza mbere yo kumuvugisha. Ibi nubigenzura bizatuma umenya…

Share this:
Posted on

Ibyihutirwa wakora bikakurinda kwandura igihe wateye akabariro n’umuntu ufite ubwandu bwa SIDA ukaba ukeka ko yaba yakwanduje

Share this:

Ushobora kwisanga wateye akabariro n’umuntu wanduye agakoko gatera SIDA ubizi cyangwa utabizi ukaba ukeka ko yaba yakwanduje. Niba ibi bikubayeho dore icyo ugomba guhita ukora mu gihe kitarenze amasaha 72 bibaye(iminsi 3). Niba ukeka ko wanduye virusi ya SIDA ugomba…

Share this:
Posted on

Umugore wa Meddy yahishuye iminsi yamaze atwite, uburyo umukobwa we amurusha uburanga ndetse n’ibanga yakoresheje ngo asubirane vuba mu nda harambutse nk’ah’inkumi

Share this:

Ngabo Mimi washakanye na Ngabo Medard uzwi nka Meddy, yatangaje byinshi ku bihe bishya arimo kunyuramo muri iyi minsi ya nyuma yo kubyara anavuga ibintu bitandukanye kuri Ngabo Myla umukobwa we amaze iminsi yibarutse.   Iminsi irenga 20 irashize Meddy…

Share this:
Posted on

Uko wakira Sinezite burundu ukoresheje imiti ikozwe mu bimera

Share this:

Umwe mu bakunzi bacu yatubajije niba Sinezite ivurwa igakira ndetse n’imiti yakoresha kugirango akire burundu. Iwacumarket.xyz igiye kubikugezaho birambuye. Sinezite ni imwe mu ndwara z’ubuhumekero iterwa no kubyimba k’uduhago duto cyane tuba mu gihanga tuzwi ku izina rya sinus mu…

Share this:
Posted on

Diamond Diva agiye gushyira hanze indirimbo yise Bamba(Nyiha Nkwihe) – AMAFOTO

Share this:

Umunyarwandakazi Diamond Diva ubarizwa mu Bushinwa aho akorera ibikorwa binyuranye birimo umuziki no kumurika imideli, yateguje indirimbo nshya yise ‘Bamba’ anakomoza ku cyo iri jambo risobanuye.   Diamond Diva yatangaje ko arimo gukora cyane ndetse akaba yitegura gushyira hanze indirimbo…

Share this:
Posted on