Perezida Ndayishimiye w’Uburundi yagaragaye ahetse umusaraba kuri uyu wa Gatanu mutagatifu
Ifoto iri kuzenguruka ku mbuga nkoranya mbaga ,igaragaza Perezida w’uburundi ahetse umusaraba w’igiti kinini agaragiwe n’imbaga y’abakristu Ifoto iri kuzenguruka ku mbuga nkoranya mbaga ,igaragaza Perezida w’uburundi ahetse umusaraba w’igiti kinini agaragiwe n’imbaga y’abakristu Uwa Gatanu Mutagatifu ni…
Ubwato rutura Uburusiya bwakoreshaga mu ntambara na Ukraine bwarohamye
Minisiteri y’ingabo z’Uburusiya yavuze ko ubwato bw’intambara bwazo bwangijwe n’ibiturika kuri uyu wa 13 Mata 2022 bwarohamye. Ubu bwato rutura bwo mu bwoko bwa Moskva ndetse bwari bunini mu yandi mato y’intambara y’Uburusiya, bwari burimo gukururwa bwerekezwa ku cyambu…
Amerika yashimye u Rwanda ku kurwanya Ruswa, irushinja Kubangamira Uburenganzira bwa Muntu – ICYEGERANYO
Icyegeranyo cya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika cyasohotse kuri uyu wa 13 mata 2022, cyashimye intambwe u Rwanda rwateye mu kurwanya Ruswa no gukurikirana abo biba byagaragaye ko bayigizemo uruhare. Icyegeranyo cya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika cyasohotse kuri uyu wa…
Umugi wa Kigali ugiye kwishyura umuryango wa Rwigara asaga miliyoni 430RWF
Urukiko rukuru rwanzuye ko umuryago wa Rwigara Assinapol wari umuyemari ukomeye watsinze umujyi wa Kigali ,rutegeka ko uyu muryango we uhabwa amafaranga y’U Rwanda aganna na miliyoi 433 n’igihembo cya Avoka cya Miliyoni imwe. Urukiko rw’isumbuye rwa Nyarugenge nirwo…
Irerero rya PSG hano mu Rwanda rigiye kwitabira igikombe cy’Isi kizabera mu Bufaransa
Ku nshuro ya mbere abana barererwa mu irerero rya PSG hano mu Rwanda bagiye kwitabira imikino y’igikombe cy’Isi kizabera mu Bufaransa muri Gicurasi uyu mwaka. Kuva mu 2005 ikipe ya Paris Saint Germain itegura irushanwa risa n’igikombe cy’Isi aho…
Abasore: Dore ibintu 3 ukwiye kumenya mbere yo gutereta umukobwa niba wifuza uwo muzubakana urugo
Gutereta umukobwa ni kimwe no kugumana nawe ni ikindi. Niba ushaka kubaka, mbere yo kureshya umukobwa runaka banza umenye ibi bintu bikurikira. 1. Menya intekerezo ze: Menya uko umukobwa ushaka gutereta atekereza mbere yo kumuvugisha. Ibi nubigenzura bizatuma umenya…
Ibyihutirwa wakora bikakurinda kwandura igihe wateye akabariro n’umuntu ufite ubwandu bwa SIDA ukaba ukeka ko yaba yakwanduje
Ushobora kwisanga wateye akabariro n’umuntu wanduye agakoko gatera SIDA ubizi cyangwa utabizi ukaba ukeka ko yaba yakwanduje. Niba ibi bikubayeho dore icyo ugomba guhita ukora mu gihe kitarenze amasaha 72 bibaye(iminsi 3). Niba ukeka ko wanduye virusi ya SIDA ugomba…
Umugore wa Meddy yahishuye iminsi yamaze atwite, uburyo umukobwa we amurusha uburanga ndetse n’ibanga yakoresheje ngo asubirane vuba mu nda harambutse nk’ah’inkumi
Ngabo Mimi washakanye na Ngabo Medard uzwi nka Meddy, yatangaje byinshi ku bihe bishya arimo kunyuramo muri iyi minsi ya nyuma yo kubyara anavuga ibintu bitandukanye kuri Ngabo Myla umukobwa we amaze iminsi yibarutse. Iminsi irenga 20 irashize Meddy…
Uko wakira Sinezite burundu ukoresheje imiti ikozwe mu bimera
Umwe mu bakunzi bacu yatubajije niba Sinezite ivurwa igakira ndetse n’imiti yakoresha kugirango akire burundu. Iwacumarket.xyz igiye kubikugezaho birambuye. Sinezite ni imwe mu ndwara z’ubuhumekero iterwa no kubyimba k’uduhago duto cyane tuba mu gihanga tuzwi ku izina rya sinus mu…
Diamond Diva agiye gushyira hanze indirimbo yise Bamba(Nyiha Nkwihe) – AMAFOTO
Umunyarwandakazi Diamond Diva ubarizwa mu Bushinwa aho akorera ibikorwa binyuranye birimo umuziki no kumurika imideli, yateguje indirimbo nshya yise ‘Bamba’ anakomoza ku cyo iri jambo risobanuye. Diamond Diva yatangaje ko arimo gukora cyane ndetse akaba yitegura gushyira hanze indirimbo…