Month: April 2022

USA: Umuntu witwaje intwaro yateye gerenade anarasa abantu 33 bar muri gari ya moshi

Share this:

Kuwa Kabiri w’iki cyumweru, umuntu utaramenyekana yarashe amasasu y’imbunda nto i Brooklyn ho muri leta ya New York, imwe mu zigize Zunze Ubumwe z’America, abantu bagera kuri 33 babikomerekeramo.   Umuyobozi w’iperereza rya NYPD, James Essig, yatangarije ikinyamakuru CNN ko…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yaraye ageze I Kingston mu murwa mukuru wa Jamaica[AMAFOTO]

Share this:

Perezida wa Repubulika, Paul Kame yamaze kugera I Kingston mu murwa mukuru wa Jamaica aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi Itatu .   Perezida Kagame akigera ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Norman Manley, yakiriwe na Minisitiri w’Intebe Andrew Holness aherekejwe na…

Share this:
Posted on

U Rwanda rwahahwe hegitari 12,000 zigenewe ubuhindi n’ubworozi n’igihugu cya Congo Brazaville

Share this:

Repubulika ya Congo igiye gutiza u Rwanda ubutaka bungana na hegitari 12,000 zishobora kubyazwa umusaruro mu buhinzi, nk’umusaruro w’uruzinduko Perezida Paul Kagame yagiriye i Brazaville.   Mu ruzinduko arimo muri Repubulika ya Congo, Perezida Paul Kagame na mugenzi we Denis…

Share this:
Posted on

U Rwanda rugiye kwakira abimukira binjiye mu Bwongereza bose batagira ibyangobwa

Share this:

Leta y’U Rwanda yemeranyije n’uyu Bwongereza kwakira impunzi n’abimukira binjiye muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko aho bazafashwa kongera kubaho neza, ababishaka basubire mu bihugu baturukamo.   Abo bimukira n’impunzi baturutse mu bihugu bitandukanye birimo n’ibyo hanze ya Afurika…

Share this:
Posted on

Evariste washakanye na Mukaperezida amurusha imyaka 27 yongeye gutabwa muri yombi

Share this:

Kwizera Evariste wamenyekanye mu mpera za Mutarama 2019 ubwo yasezeranaga mu Murenge n’umugore witwa Mukaperezida, wamurushaga imyaka 27, yongeye gutabwa muri yombi noneho akekwaho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa yakoreshaga mu kabari.   Mu gitondo cyo kuri uyu wa…

Share this:
Posted on

Museveni agiye gusezerera abasirikare bakuru barimo Gen. Kayihura na Gen. Sejusa bamufashije gufata ubutegetsi

Share this:

Uwahoze ari umuyobozi w’ubutasi bwa Uganda, Gen David Sejusa, wasabye bwa mbere kuva mu gisirikare mu 1996 ariko akangirwa, hamwe n’uwahoze ari Umuyobozi wa Polisi, Gen. Kale Kayihura, ugifite ibirego ahanganye nabyo mu rukiko rwa gisirikare, biravugwa ko bemerewe kuzasezera…

Share this:
Posted on

Ukraine: Abasirikare basaga 1,000 ba Ukraine bayamanitse imbere y’Ingabo z’u Burusiya

Share this:

Minisiteri y’Ingabo z’u Burusiya yatangaje ko abasirikare barenga 1,000 ba Ukraine bamaze kuyamanika, nyuma yo kugoterwa n’ab’u Burusiya mu mujyi wa Mariupol. AFP ivuga ko uyu mujyi umaze ukwezi kurenga warazengurutswe n’Ingabo z’u Burusiya. Leta ya Ukraine ivuga ko uyu…

Share this:
Posted on

Jamaica: Opozisiyo yasabye ko Perezida Kagame yambikwa umudali w’ishimwe

Share this:

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Jamaica, PNP (People’s National Party), ryagaragaje ko ryishimiye uruzinduko Perezida Paul Kagame agirira muri iki gihugu, rinasaba ko yakwambikwa umudali w’ishimwe ukomeye uzwi nka ‘Order of Excellence’. Perezida Kagame aragirira uruzinduko rw’iminsi itatu muri Jamaica…

Share this:
Posted on

Ibyo wamenya ku Banyapolitiki bibukwa buri kuwa 13 Mata bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Share this:

Ku Rwibutso rwa Rebero ahasorezwa icyumweru cy’icyunamo kuri uyu wa 13 Mata 2022, hashyinguwe inzirakaregane nyinshi zazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 harimo n’Abanyapolitiki bishwe bazira kwitandukanya na Politiki mbi yabibaga urwango, akarengane n’amacakubiri.   Uretse imibiri 14.400 ishyinguye mu…

Share this:
Posted on

Ukraine: Inkuru ya Sasha Makoviy wanditse ibirango ku mwana we kubwo kwikanga urupfu yazamuye amarangamutima ya benshi

Share this:

Sasha Makoviy, umugore wo muri Ukraine yagize ubwoba bwinshi cyane ubwo yatekerezaga ko ashobora gupfira mu bitero u Burusiya bwagabye kuri Ukraine, agerageza gukiza umwana we muto intambara ndetse yandika amakuru y’umuryango we ku mugongo w’umukobwa we witwa Vira ngo…

Share this:
Posted on