Month: April 2022

“Ndakeka ubu umaze kuhamenyera papa” – Amagambo agaraza imbamutima z’umugore wa Tom Close umaze umwaka abuze umubyeyi we

Share this:

Niyonshuti Ange Tricia, umugore wa Tom Close yongeye kwerekana agahinda aterwa no kubura umubyeyi umaze umwaka yitabye Imana, amusaba kurekura umutima we agakomeza ubuzima kuko akeka ko yamenyeye, amubwira ko amukunda cyane kandi amukumbuye.   Ni ubutumwa buherekejwe n’ifoto igaragaza…

Share this:
Posted on

Konti ya Twitter ya Gen. Muhoozi itakigaragara ikomeje guteza urujijo. Ese yarahagaritswe cyangwa ni we ubwe wayihagarikiye?

Share this:

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje impamvu yahisemo guhagarika gukoresha urubuga rwe rwa Twitter.   Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 12 Mata 2022, nibwo abakurikirana uyu Muhugu wa Perezida Yoweri Museveni batangiye kugaragaza…

Share this:
Posted on

#Kwibuka28: Abatuye Denmark bahuriye mu Nteko Ishinga Amategeko y’iki Gihugu mu gikorwa cyo Kwibuka Jenocide yakorewe Abatutsi mu 1994

Share this:

Mu Nteko Ishinga Amategeko ya Denmark habereye igikorwa cyo Kwibukaa ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni igikowa cyahuje Abanyarwanda batuye muri uki Gihugu ndetse n’ishuti zabo.   Ni umuhango wabaye kuri uyu wa 11 Mata 2022 witabiriwe n’abayobozi…

Share this:
Posted on

Ukraine: Hafashwe ukekwaho kugambanira ingabo za Ukraine ku z’Uburusiya

Share this:

Perezida wa Repubulika ya Ukraine, Voloymr Zelensky yatangaje ko urwego rw’umutekano rwa SBU rwataye muri yombi umunyapolitiki ukomeye ,Viktor Medvedchuch ukekwaho kugambanira igihugu, akorana n’ingabo z’u Burusiya zikomeje kugaba ibitero.   Perezida Zelensky kuri uyu wa 12 Mata 2022 yashyize…

Share this:
Posted on

Bimwe mu byo utazi kuri Gen. James Kabarebe udashobora kuririmba na rimwe, wakuze yanga igisirikare urunuka, warwanye n’intare, akigirwaho kurasa n’abasirikare ba Uganda

Share this:

Gen. James Kabarebe ni umwe mu bagabo bafite amateka akomeye mu gisirikare cy’u Rwanda dore yakibereye umugaba mukuru ndetse akaza no kuba Minisitiri w’ingabo igihe kitari gito. Kuri ubu Gen. Kabarebe ni umujyanama wa Perezida Kagame mu by’Umutekano n’igisirikare. Iyo…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yagejeje ijambo rikomeye ku nteko nshingamategeko ya Congo

Share this:

Perezida Kagame ari kugirira uruzinduko rw’akazi i Brazzaville , aho yageze ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Mata. Akazarurangiza ku wa 13 Mata 2022.   Ku munsi wambere muri itatu umukuru w’u Rwanda agomba kumara muri Congo…

Share this:
Posted on

Gen Ramzan Kadyrov yahize gufata umurwa mukuru wa Ukraine

Share this:

Umuyobozi wa repubulika y’Uburusiya ya Chechnya, Ramzan Kadyrov, yavuze ko ingabo z’Uburusiya kugaba ibitero bishya bizafatiramo imijyi y’igenhzi ya Ukraine irimo n’umurwa mukuru wa Kyvi.   Ati: “Hazabaho igitero … bitazagwabwa kuri Mariupol gusa”. Yongeyeho ati: “Luhansk na Donetsk nayo…

Share this:
Posted on

Mu mafoto , dore uko Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we wa Congo Denis Sassou N’Guesso

Share this:

Perezida Kagame yageze i Brazzaville yakiriwa ku Kibuga cy’Indege na Perezida Denis Sassou N’Guesso.   Perezida Kagame yageze muri Repubulika ya Congo [Congo-Brazzaville] mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatuku butumire bwa mugenzi we.   Mu butumwa ibiro by’umukuru w’igihugu byanyujije ku…

Share this:
Posted on

#Kwibuka28:The Ben yageneye ubutumwa abanyarwanda ashimira Ingabo zari iza RPA zahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi

Share this:

Mugisha Benjamin wamamaye mu muziki nyarwanda nka The Ben, yifatanyije n’abanyarwanda n’Isi yose mu kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye inzirakarengane zisaga Miliyoni, ashimira cyane Ingabo zari iza RPA zahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi kuko iyo zitahagoboka asanga…

Share this:
Posted on

Uburusiya bwaburiye ibindi bihugu 2 bishaka kwinjira muri NATO

Share this:

Igihugu cy’Uburusiya cyaburire ibindi bihugu bibiri birimo Finland (Finlande) na Sweden (Suède) kwirinda kujya mu muryango w’ubwirinzi bwa gisirikare bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO), buvuga ko ibyo bitazana uburinzi n’umutekano mu bihugu by’u Burayi.   Ibi byatangajwe n’Umuvugizi w’ibiro bya Perezida w’Uburusiya…

Share this:
Posted on