Musaza we ni we uzamuha umusokoro! Uwingabire Chantal arasaba ubufasha bw’amafaranga ngo abone uko ajya kwivuza mu Buhinde kanseri yo mu maraso
Umukobwa w’imyaka 26, Uwingabire Chantal urembejwe na kanseri yo mu maraso arasaba buri umwe kumufasha ngo abone uko ajya kwivuriza mu Buhinde kanseri yo mu maraso imurembeje, aho azajyana na musaza we uzamuha umusokoro n’umurwaza. Gufasha iteka si uko…
#Kwibuka28: Hagaragajwe ibikorwa bibujijwe mu cyumweru cy’icyunamo
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (Minubumwe), yagaragaje amabwiriza ajyanye n’ibikorwa bibujijwe mu cyumweru cy’icyunamo. Kuri iki Cyumweru tariki 10 Mata 2022, Minubumwe yasohoye itangazo rivuga ko ‘ishingiye ku itegeko No15/2016 ryo ku wa 02/05/2016 rigenga umuhango wo kwibuka Jenoside…
Hagenimana Fabien wakunzwe ubwo yaririmbanaga na The Ben yatabarutse
Hagenimana Fabien wakoranye indirimbo Ibyiringiro na The Ben yitabye Imana aguye mu bitaro bya Kibagabaga azize uburwayi. Inkuru y’urupfu rw’uyu mugabo Umuryango yayihamirijwe n’umubyeyi we Nyabyenda Regine wavuze ko Hagenimana yitabye Imana ku wa 10 Mata 2022. Ati…
Ibanga ryo kugira ubushake bwo gutera akabariro neza kandi ugashimisha bidasubirwaho uwo mwashakanye
Ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye, ni bwo buryo bwa mbere buhuza kandi bugatuma basabana, bityo bagakomeza kunga ubumwe no kuryoherwa n’ubuzima. Mu byerekeye gutera akabariro, iyo umwe ataryohewe bitera umwiryane ndetse n’ubwumvikane bucye mu rugo. Kuri bamwe…
Abanyarwanda bakanguriwe kwikingiza byuzuye…Ibikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 9 Mata 2022, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame. Iyi nama yongeye gusuzuma no kuvugurura ingamba zafashwe zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19. …
#Kwibuka28: Ubuhamya bwa myugariro wa Kiyovu Sport Eric Irambona warokowe no kwihindura umukobwa
Myugariro wa Kiyovu Sports, Irambona Eric Gisa, avuga ko yambitswe ikanzu kugira ngo arokoke Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 yahitanye Se umubyara na bakuru be ndetse n’inzirakarengane z’Abatutsi barenga miliyoni mu minsi 100 gusa. Irambona Eric w’imyaka 30…
Umuhanzi Junior waherukaga kubura umukunzi we yapfushije umubyeyi we
Kuri uyu wa gatanu taliki 8Mata 2022 Junior ukorera umuziki mu itsinda rya Juda Mizik ari mu gahinda gakomeye kubw’o kubura mama we mu gihe yari akiri mu kiriyo cy’uwari umukunzi we Umulinga Liliane uherutse kwitaba Imana. abinyujije k’urukuta rwa…
Goma: Hatewe igisasu mu kabari ko mu kigo cya gisirikare gihitana 6
Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo ku wa Kane tariki ya 7 Mata 2022, abantu 6 bitabye Imana abandi 3 barahakomerekera mu gisasu cyaturikirijwe mu kabari ko mu Kigo cya Gisirikare cya Katindo mu gace ka Goma muri Kivu y’Amajyaruguru….
Perezida Kagame yongeye kugaragara yicaranye na mugenzi we wa Uganda, Kaguta Museveni, nyuma y’igihe ibihugu byombi bidacana uwaka
Abakuru b’ibihugu bihuriye mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC Bateraniye i Nairobi muri Kenya , mu muhango wo gusinya amasezerano yinjije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) , muri uwo muryango. Ku munsi wejo ni bwo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…
Kamonyi: Habereye impanuka ikomeye yibasiye imodoka 8 zose harimo Coaster 3 zari zitwaye abagenzi
Iyi mpanuka birakekwa ko yatewe n’imodoka y’ikamyo y’imwe muri sosiyete z’Abashinwa ikora imihanda yagonze izindi. Umwe mu bari aho impanuka yabereye yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko iyo kamyo isanzwe yifashishwa mu gutwara umucanga yagonze izindi modoka bigatuma zigongana biteza…