Month: April 2022

Tito Rutaremara yasobanuye uko byagengenze ngo abari abavandimwe bishore muri Jenoside

Share this:

Mu nkuru yanditse abinyujije ku kinyamakuru Igihe yagize ati “Mu minsi ishize twaganiriye ku biragano (generations) byagiye biranga urubyiruko rw’u Rwanda guhera mu gihe cy’ubukoloni kugeza ubu n’intego babaga bafite n’uko bagiye bazishyira mu bikorwa.   Hari ikibazo kinini twagezeho…

Share this:
Posted on

Umubyeyi arahigishwa uruhindu na RIB nyuma yo gushyira ku ngoyi umwana we amuhora amafaranga 200RWF

Share this:

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), ruri gushakisha umugore witwa Mukamana Florance ukekwaho kuboha akandoyi umwana we w’imyaka 8 amuziza kwiba amafaranga y’ u Rwanda agera kuri magana abiri (200 Frw).   Ahagana i saa munani z’amanywa kuwa kabiri tariki ya 5…

Share this:
Posted on

Umupira Maradona Yari Yambaye Ubwo Yatsindaga Igitego Cy’intoki Kigahesha Intsinzi Igihugu Cye Ugiye Kugurishwa Akayabo

Share this:

Ni amateka meza cyangwa amateka mabi mu mupira w’amaguru ubwo Argentina yatsindaga Ubwongereza mu gikombe cy’Isi, Maradona agatsinda igitego akoresheje ikiganza kandi bitemewe.   Byari mu mikino y’igikombe cy’Isi cyo mu 1986 ubwo Argentina yahuraga n’u Bwongereza mu mikino ya…

Share this:
Posted on

Abramovich wasatiriwe n’ubukene bukomeye kuri ubu yatangiye kuguza incuti ze ngo arebe ko zamugoboka

Share this:

Nyuma y’uko Leta y’u Bwongereza ifatiriye imitungo y’umuherwe w’Umurusiya, Roman Abramovich, kubera uruhare rwe mu ntambara ya Ukraine n’u Burusiya, ubukene burakomanga ku muryango we, byatumye yitabaza inshuti n’abavandimwe kugira ngo bamugurize amafaranga yo kumugoboka muri ibi bihe.   Magingo…

Share this:
Posted on

Biratangaje! Umugore yabyariye mu bwiherero kubera ko atari azi ko atwite

Share this:

Umugore witwa Adrianne Grayson, utuye i Dallas, muri leta ya Texas, imwe mu Zunze Ubumwe za America, yavuze uko yatunguwe cyane no kubyarira mu bwiherero umwana we wa gatandatu, ubwo yajyaga kwiherera atazi ko atwite inda yari igeze igihe cyo…

Share this:
Posted on

Dore ibimenyetso 12 byakwereka ko umukobwa ukunda azavamo umugore mwiza cyangwa adashobora kurushinga ngo rukomere

Share this:

Kuri ubu ingo zigenda zirushaho gusenyuka. Ese ntibyaba byiza umenye hakiri kare ko umukobwa ukunda adashobora kuzavamo umugore mwiza cyangwa atarushinga ngo ruhame? Iwacumarket.xyz uyu munsi yagukusanyirije ibimenyetso byakwereka ko uwo Wihebeye azavamo umugore mubi cyangwa atazarushinga ngo ruhame.  …

Share this:
Posted on

Miss Ruzindana Kelia yemereye urukundo Producer Element mu mayeri. Uko yakiriye ikamba n’ibyamutunguye mu mwiherero – amafoto

Share this:

Miss Ruzindana Kelia umukobwa wakunzwe cyane ubwo yari mubahataniraga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2022 akaza kwambikwa ikamba ry’umukobwa wagaragaje umuco kurusha abandi yavuze ukuri k’umusore wamuvuzweho ko bari mu rukundo ubwo biyamamazaga, avuga n’imbamutima ze kw’ikamba yakiriye benshi bavuga…

Share this:
Posted on

Byatangiye bakina nk’umugore n’umugabo mu mashuri abanza, nyuma y’imyaka 27 babigira ibya nyabyo basezerana kubana akaramata

Share this:

Maxwell n’umugore we Ama nyuma yo gukinana mu mukino bakiga mu mashuri abanza mu mwaka 1995, aba bombi baje kuba inshuti baza no gukundana imyaka itari mike, ndetse bigera n’aho bashyingiranwa mu birori by’ubukwe byitabiriwe n’inshuti zabo.   Inkuru y’urukundo…

Share this:
Posted on

Samurure yavuze isano iri hagati ye na Judith wahoze ari umugore wa Safi nyuma y’amakuru avuga ko bakundana

Share this:

Umukinnyi wa Filime Kalisa Erneste wamenyekanye nka Samusure yahamije amakuru avuga ko Judith Niyonizera Wamenyekanye cyane ubwo yakoranaga ubukwe n’umuhanzi Safi Madiba yashoye imari muri Filime ze kugeza ubu bombi bafatanyije ubucuruzi.   Ibi Samusure yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro n’Igihe…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yatemberejwe mu cyanya kibamo inyamaswa z’inkazi muri Zambia – AMAFOTO

Share this:

Perezida Kagame uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri muri Zambia, yasuye icyanya gikomye cyo mu Mujyi w’Ubukerarugendo wa Livingstone, aho umuntu aba ashobora gutemberana n’Intare cyangwa se Igisamagwe.   Amafoto yashyizwe hanze n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, agaragaza Perezida Kagame ari…

Share this:
Posted on