Tito Rutaremara yasobanuye uko byagengenze ngo abari abavandimwe bishore muri Jenoside
Mu nkuru yanditse abinyujije ku kinyamakuru Igihe yagize ati “Mu minsi ishize twaganiriye ku biragano (generations) byagiye biranga urubyiruko rw’u Rwanda guhera mu gihe cy’ubukoloni kugeza ubu n’intego babaga bafite n’uko bagiye bazishyira mu bikorwa. Hari ikibazo kinini twagezeho…
Umubyeyi arahigishwa uruhindu na RIB nyuma yo gushyira ku ngoyi umwana we amuhora amafaranga 200RWF
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), ruri gushakisha umugore witwa Mukamana Florance ukekwaho kuboha akandoyi umwana we w’imyaka 8 amuziza kwiba amafaranga y’ u Rwanda agera kuri magana abiri (200 Frw). Ahagana i saa munani z’amanywa kuwa kabiri tariki ya 5…
Umupira Maradona Yari Yambaye Ubwo Yatsindaga Igitego Cy’intoki Kigahesha Intsinzi Igihugu Cye Ugiye Kugurishwa Akayabo
Ni amateka meza cyangwa amateka mabi mu mupira w’amaguru ubwo Argentina yatsindaga Ubwongereza mu gikombe cy’Isi, Maradona agatsinda igitego akoresheje ikiganza kandi bitemewe. Byari mu mikino y’igikombe cy’Isi cyo mu 1986 ubwo Argentina yahuraga n’u Bwongereza mu mikino ya…
Abramovich wasatiriwe n’ubukene bukomeye kuri ubu yatangiye kuguza incuti ze ngo arebe ko zamugoboka
Nyuma y’uko Leta y’u Bwongereza ifatiriye imitungo y’umuherwe w’Umurusiya, Roman Abramovich, kubera uruhare rwe mu ntambara ya Ukraine n’u Burusiya, ubukene burakomanga ku muryango we, byatumye yitabaza inshuti n’abavandimwe kugira ngo bamugurize amafaranga yo kumugoboka muri ibi bihe. Magingo…
Biratangaje! Umugore yabyariye mu bwiherero kubera ko atari azi ko atwite
Umugore witwa Adrianne Grayson, utuye i Dallas, muri leta ya Texas, imwe mu Zunze Ubumwe za America, yavuze uko yatunguwe cyane no kubyarira mu bwiherero umwana we wa gatandatu, ubwo yajyaga kwiherera atazi ko atwite inda yari igeze igihe cyo…
Dore ibimenyetso 12 byakwereka ko umukobwa ukunda azavamo umugore mwiza cyangwa adashobora kurushinga ngo rukomere
Kuri ubu ingo zigenda zirushaho gusenyuka. Ese ntibyaba byiza umenye hakiri kare ko umukobwa ukunda adashobora kuzavamo umugore mwiza cyangwa atarushinga ngo ruhame? Iwacumarket.xyz uyu munsi yagukusanyirije ibimenyetso byakwereka ko uwo Wihebeye azavamo umugore mubi cyangwa atazarushinga ngo ruhame. …
Miss Ruzindana Kelia yemereye urukundo Producer Element mu mayeri. Uko yakiriye ikamba n’ibyamutunguye mu mwiherero – amafoto
Miss Ruzindana Kelia umukobwa wakunzwe cyane ubwo yari mubahataniraga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2022 akaza kwambikwa ikamba ry’umukobwa wagaragaje umuco kurusha abandi yavuze ukuri k’umusore wamuvuzweho ko bari mu rukundo ubwo biyamamazaga, avuga n’imbamutima ze kw’ikamba yakiriye benshi bavuga…
Byatangiye bakina nk’umugore n’umugabo mu mashuri abanza, nyuma y’imyaka 27 babigira ibya nyabyo basezerana kubana akaramata
Maxwell n’umugore we Ama nyuma yo gukinana mu mukino bakiga mu mashuri abanza mu mwaka 1995, aba bombi baje kuba inshuti baza no gukundana imyaka itari mike, ndetse bigera n’aho bashyingiranwa mu birori by’ubukwe byitabiriwe n’inshuti zabo. Inkuru y’urukundo…
Samurure yavuze isano iri hagati ye na Judith wahoze ari umugore wa Safi nyuma y’amakuru avuga ko bakundana
Umukinnyi wa Filime Kalisa Erneste wamenyekanye nka Samusure yahamije amakuru avuga ko Judith Niyonizera Wamenyekanye cyane ubwo yakoranaga ubukwe n’umuhanzi Safi Madiba yashoye imari muri Filime ze kugeza ubu bombi bafatanyije ubucuruzi. Ibi Samusure yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro n’Igihe…
Perezida Kagame yatemberejwe mu cyanya kibamo inyamaswa z’inkazi muri Zambia – AMAFOTO
Perezida Kagame uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri muri Zambia, yasuye icyanya gikomye cyo mu Mujyi w’Ubukerarugendo wa Livingstone, aho umuntu aba ashobora gutemberana n’Intare cyangwa se Igisamagwe. Amafoto yashyizwe hanze n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, agaragaza Perezida Kagame ari…