Umutoza wa Rayon Sports yahishuye impamvu yatumye ananirwa kwikura i Musanze ku munsi wa mbere w’igikombe cy’Amahoro
Umutoza mushya wa Rayon Sports yatangaje icyatumye atsindwa umukino wa mbere w’igikombe cy’Amahoro wabaye ku munsi w’ejo tariki ya 4 Mata bikarangira,ikipe ye iganyije na Musanze Fc 0-0. Umukino ubanza wa 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro 2022 wahuje ikipe ya Rayon…
Abasirikare b’Uburusiya bishwe n’uburozi bw’abanya-Ukraine
Bivugwa ko abasirikare 500 b’u Burusiya barwaye nyuma yo kurya ibintu bihumanye. Ni uburozi bahawe n’abaturage bo muri Ukraine bakomeje kwirwanaho badashaka ko igihugu cyabo gikomeza guterwa. Ubwo burozi bwahawe abasirikare b’u Burusiya bo muri Batayo ya gatatu irwanisha intwaro…
Abagabo: Dore ibyo wakora byoroshye bikagufasha kunezeza umukunzi wawe mu buriri igihe cyose agahora akwirahira
Umusemburo wa Testosterone ni umusemburo w’ingenzi cyane cyane ku bagabo; kuko ufasha byinshi harimo kugira ubushake bwo gukora imibonano, kongera uburemere bw’amagufa n’imikaya, kutarangiza vuba… Muri make niwo musemburo ugaragaza imiterere ya kigabo. Uyu musemburo ukorwa cyane ku bwinshi…
Dore abantu ugomba kugendera kure igihe uhitamo uwo muzubakana urugo
Akenshi abantu bari murukundo usanga hari ibintu batabasha kwitaho kubera amarangamutima, rimwe na rimwe bakirengagiza n’ibintu bikomeye bibwira ko bizashira ugasanga baricuza nyuma, ni byiza ko umenya abantu ukwiye kwitondera mu gihe ugiye guhitamo uwo muzabana akaramata kugirango urinde ibyishimo…
Bwa mbere Mimi yavuze byinshi ku buzima yanyuzemo ubwo yari atwite Imfura ye na Meddy[AMAFOTO]
Ngabo Mimi Mehfira umugore wa Ngabo Meddy yafashe umwanya asangiza abamukurikira ubutumwa burebure bukubiyemo inzira yose yanyuze mu kubyara kwe anagaruka ku gituma ababyeyi bakomeza kubyara n’ubwo bibagora. Mimi Mehfira mu butumwa yanyujije kuri Instagram abugeneye abamukurikira nabo akabasaba…
Sankara yagabanyirijwe igihano naho Rusesabagina yongera gukatirwa imyaka 25 y’igifungo
Urukiko rw’Ubujurire rwagumishijeho igihano cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yari yarahawe n’urukiko rukuru ariko rugabanyiriza Nsabimana Callixte igihano kuko urukiko rukuru rwari rwamukatiye gufungwa imyaka 20 none urukiko rw’Ubujurire rwamuhanishije gufungwa imyaka 15 y’igifungo. Mu rubanza rwabaye tariki ya 20…
Dore ibintu 6 utagomba guha agaciro niba wifuza urukundo rw’ukuri
Menya impamvu 6 udakwiriye kugenderaho niba wifuza kujya mu rukundo rw’ukuri kuko uzigendeyeho bikuviramo kwicuza ndetse n’urukundo rwawe ntirugere kure. Niba ushaka kuba mu mubano wishimiye, ntukwiriye gutangira gukundana ugendeye ku mpamvu zikurikira kuko ni impamvu zidakwiriye umuntu ushaka…
Dore abaherwe 10 ku isi bakize nyamara batarize Kaminuza
Ubusanzwe bizwi ko iyo ugiye muri kaminuza ukabona lisance cyangwa indi mpamyabumenyi yisumbuyeho uba uharuye inzira yo kubaho neza cyangwa ugakorera amafaranga menshi, ariko ibi bisa nk’ibitarakurikijwe ku bantu batari bacye bazwi kuri ubu b’abaherwe. Nk’urugero, Wealth-X mu 2016 yavumbuye…
Imirambo myinshi yagaragaye yajugunywe mu muhanda w’ i Bucha muri Ukraine
Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) António Guterres yasabye ko hakorwa iperereza ryigenga ku bwicanyi bwakorewe i Bucha ubwo ingabo z’Uburusiya zavaga muri uwo mujyi uri hafi y’umurwa mukuru Kyiv wa Ukraine, ahasanzwe imirambo myinshi y’abasivili yajugunywe mu muhanda. Yandika kuri…
Nta ‘Walk to Remember’ izaba: Uko kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi bizakorwa
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascène Bizimana yatangaje ko mu rwego rwo kwirinda Covid-19 urugendo rwo kwibuka ‘Walk to Remember’ rwakuwe mu bikorwa biteganyijwe, ubwo Abanyarwanda bazaba bibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu rwego…