Abakobwa: Dore ibimenyetso byihariye byakwereka ko umusore yakwimariyemo wese kandi agukunda by’ukuri
Ni kenshi uzasanga abakobwa bari mu gihirahiro bibaza niba abahungu bakundana nabo babakunda bya nyabyo cyangwa ari urukundo rw’agahararo cyangwa rukurikiye inyungu runaka. Hari ibimenyetso byihariye biranga umuhungu ukunda umukobwa by’ukuri. Ibimenyetso byihariye byakwereka umukobwa ko umuhungu yamwimariyemo:…
Dore ibintu 9 bishimisha cyane abagore bose nyamara badatinyuka gusaba abagabo babo ku buryo ubimukoreye yazarinda apfa atakwibagiwe
Ubusesenguzi bwagaragaje ko hari ibintu abagore bose bakunda ariko batajya basaba abagabo babo. Ibi bintu abagore hafi ya bose babihuriyeho kandi ntibajya babisaba kabone n’iyo yaba ari umugore usanzwe uzwiho kwisanzura ku mukunzi we. Dore Ibintu 9 bishimisha abagore…
Uko wamenya ko utwite umuhungu cyangwa umukobwa muganga atarabikubwira
Kumenya igitsina cy’umwana utegereje kwibaruka ni ingenzi cyane mu rwego rwo gutegura ibyo azakenera byose yaba ari mu mibereho ndetse n’ibyo azambara. Kwa muganga hari uburyo bukoreshwa bwa ultrasound ukaba wamenya igitsina cy’umwana uzabyara, hagati y’ibyumweru 16 na 20…
Byinshi ku ndwara y’umusonga izahanza abana n’abageze mu zabukuru
Umusonga ni iki? Ni indwara iterwa na mikorobe za bagiteri cg virusi, yibasira ibihaha. Akenshi igaragazwa no gukorora, umuriro no guhumeka bigoranye. Ku bantu benshi, umusonga ushobora kwikiza ubwawo udafashe imiti, hagati y’icyumweru 1 na 3. Abana bato, abakuze…
Dore impamvu 6 zishobora gutuma uwo mwahoze mukundana(Umu-ex) akugarukira. Iya 1 n’iya 4 ni izo kwitondera cyane
Bijya bikunda kubaho ko abantu bakundana , bikagera igihe bagatandukana ariko nyuma y’igihe runaka , umwe muribo agashaka kubyutsa umubano. Nkuko bitangazwa n’urubuga Elcrema rwandika ku mibanire , hari impamvu zinyuranye zituma abo mwahoze mukundana cyangwa uwo mwakundanaga bakugarukira….
Abakobwa: Dore ibintu ukorera umusore mukundana ntazigere akwibagirwa na rimwe
Ntibikunze kubaho ko uko winjiye mu rukundo n’uwo murwinjiranyemo ariwe musozanya iznira y’urukundo ndetse mukanabana ariko burya niyo umuntu mutabana mwarigeze gukundana hari bimwe mu bintu aba adashobora kwibagirwa ku rukundo rwawe nawe ndetse iyo wagerageje kumuha byinshi byo kwibuka…
USA yamaze gufata umwanzuro wo gukingira icyorezo cya MonkeyPox icyorezo gikomeje gukwirakwira isi. Uko cyandura n’uko kirindwa
Kuva mu Ugushyingo 2020, umubare munini w’abatuye isi witabiriye ibikorwa byo gufata inkingo z’icyorezo cya COVID-19 cyazahaje ubukungu bw’isi kuva mu myaka ibiri ishize. Kuri ubu abatuye muri Leta Zunze Ubumwe za America, bategujwe inkingo za MonkeyPox. Imibare ya…
Nyanza: Umunyeshuri yafpuye ari muri siporo
Ishuri riherereye mu kagari ka Butansinda, mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza rizwi nka Nyanza TVET School riri mu gahinda gokomeye nyuma yo kubura uwari umunsyeshuri waryo wapfiriye mu Kigo ubwo yarimo akora imyitozongororamubiri. Umunyeshuri witwa MANISHIMWE…
Kylian Mbappe yahishuye icyatumye aguma muri PSG akirengagiza Real Madrid nayo yashakaga kumugira umutoni
Kylian Mbappe yatangaje ko azashyigikira Real Madrid ku mukino wa nyuma wa Champions League muri iyi weekend. Nubwo yanze kwerekeza muri iki kiguga cyatwaye igikombe cya shampiyona muri Espagne ahubwo akongerera amasezerano mashya Paris Saint-Germain kugeza 2025,Mbappe yabohotse avuga…
Urubanza rwa Miss Iradukunda Elsa na rwo rwashyizwe mu muhezo – IMPAMVU
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Gicurasi nibwo Ahagana saa mbiri za 40 nibwo Miss Iradukunda Elasa yagejejwe ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha akurikiranyweho birimo guhimba, guhindura inyandiko…