Impinduka mu mikoresherezwe ya Twitter nyuma yo kugurwa na Elon Musk. Bamwe bagiye gutangira gucibwa amafaranga
Kuri uyu munsi Elon Musk utunze amafaranga menshi kurusha abantu bose bo ku Isi basaga Miliyari 7.8, yatangaje ko agiye gusarura akayabo mu banya-politike n’abacuruzi nyuma y’uko aguze Twitter asaga Miliyari $44. Yavuze ko inzira zo kugura Twitter nizirangira azahita…
N’ubwo APR FC ikomeye ntikomeye kurusha Rayon Sports – Perezida Wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidele
Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele yatangaje ko ikipe imeze neza kandi yiteguye guhangana n’ikipe iyo ariyo yose kugeza ku gikombe cy’Amahoro bifuza kwegukana uyu mwaka, avuga ko APR FC bashobora guhura muri ½ ikomeye ariko Rayon Sports ikomeye…
Umupira Maradona yari yambaye atsinda igitego cy’ukuboko mu gikombe cy’isi cya 1986 waguzwe amamiliyari y’amanyarwanda
Umupira umunyabigwi Diego Maradona yari yambaye atsinda igitego cy’ukuboko cyiswe ‘igitego cy’akaboko k’Imana’, kigafatwa nk’igitego cy’ikinyejana’, ubwo Argentina yatsindaga u Bwongereza mu mukino w’igikombe cy’Isi mu 1986, wagurishijwe muri cyamunara ku muhigo wa miliyoni 7.1 z’amapawundi [9,131,716,830 Frw]. Uyu…
Imiterere ya Megan Thee Stallion yavugishije benshi barimo na Chris Brown – AMAFOTO
Mu mafato, irebere imiterere y’umuraperikazi Megan Thee Stallion yavugishije benshi barimo n’umuhanzi Chris Brown umwe mu byamamare isi y’umuziki ifite. Megan Thee Stallion ni umuraperikazi w’uburanga uri mu bakobwa bahagaze neza mu muziki wo muri Leta Zunze Ubumwe za…
Abakobwa: Dore amabanga 4 udakwiye kumenera umuhungu mukundana kabone n’iyo waba umukunda bingana iki
Hari amabanga umukobwa aba atagomba kumenera umuhungu bakundana, kandi atari ukumwanga ahubwo kugira ngo bitaba byabaviramo intandaro yo gutandukana, kuko ushobora kubimubwira akabifata nabi cyangwa akumva ko atazagushobora. Aya ni yo mabanga utagomba kumenera umuhungu mukundana kuko ashobora kwangiza…
Ishimwe Dieudonne [Prince Kid] arashinjwa ibyaha 3. Dore ibihano biteganywa kuri ibyo byaha
Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 04 Gicurasi 2022, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwohereje mu bushinjacyaha dosiye ya Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid uyobora ikigo gitegura irushanwa rya Miss Rwanda. Umuvugizi wa RIB Dr. Murangira Thierry yabwiye RBA ko…
Umugabo n’umugore bamaze imyaka 6 batabana mu cyumba kimwe kubera impamvu itangaje
Umugore ufite imyaka 40, ukomoka muri Anglesey, mu majyaruguru ya Wales, yavuze ko amaranye n’umugore we imyaka 6 ariko batararana ku buriri bumwe. Uyu mugore yavuze ko “isaha ye ya zahabu yo gutekereza neza” ikunze kub saa munani z’ijoro…
Sergio Ramos na bagenzi be bakinana muri PSG bahaye isezerano rikomeye u Rwanda nyuma yo kurusura
Abakinnyi ba Paris Saint-Germain, Sergio Ramos, Keylor Navas, Thiro Kerler na Julian Draxler bagaragaje ko bagize ibyishimo birenze mu ruzinduko bagiriye mu Rwanda kandi basezeranya ko bazasaba abandi bakinnyi gusura igihugu. Nabo biyemeje kuzongera gusura u Rwanda mu gihe…
Umutoza Jorge Manuel da Silva Paixão Santos yavuze imyato perezida wa Rayon Sports Uwayezu Fidele anasaba ikintu gikomeye abafana
Umunya-Portugal Jorge Manuel da Silva Paixão Santos utoza Rayon Sports, yavuze ko Perezida wayo, Uwayezu Jean Fidèle, ari umwe mu bayobozi beza yabonye mu rugendo rwo gutoza umupira w’amaguru amazemo imyaka isaga 20. Uyu mugabo w’imyaka 56 yabibwiye abanyamakuru…
Umutoza wa Real Madrid yavuze impamvu ikipe ye ikora ibisa n’ibidashoboka
Kuva kera kose ikipe ya Real Madrid izwiho gukora ibidasanzwe mu irushanwa rya UEFA Champions League aho ituruka no mu manga ikigaranzura ikipe yari igiye kuyiroha ikayitsinda. Mu ijoro ryakeye ubwo yakinaga umukino wo kwishyura wa 1/2 cya UEFA…