Month: May 2022

Dore amarenga akorwa n’abakobwa ushobora kuba utari uzi

Share this:

Mu rukundo hari byinshi bikorwa ariko bikabanzirizwa n’imvugo zitandukanye. Hari ubwo rero umuntu ashobora kuguha ubutumwa muri iki gihe nyamara we atigeze abumbura umunwa we ngo akuvugishe.   Ni kenshi mu rukundo umukobwa avuga oya kandi yemeye, ubundi akavuga yego…

Share this:
Posted on

Abakobwa: Umusore nk’uyu ntakwiye umwanya wawe ndetse ntuzigere wemera kumwambarira ubusa

Share this:

Mukobwa ntabwo wari ukwiriye kuryamana n’umusore utagufata neza, ngo akwiteho aguhe ibyo ukeneye. Ntuzatume umusore ukora ibi bintu akoresha ibiganza bye kuri wowe. Uko umukunda kose, ntuzamwemerere ngo agukuremo imyenda.   UYU MUSORE UZAMWIYAME, UMWIYAKE AGUSHAKE AKUBURE.   1. Niba…

Share this:
Posted on

Dore amakosa akomeye abakobwa bakora kugirango abasore bakundana bihutishe ubukwe bikazabagiraho ingaruka zikomeye

Share this:

Hari ubwo usanga umukobwa n’umuhungu bakundana ndetse bamaranye igihe kinini mu rukundo, maze umukobwa akabona umusore bakundana nta gahunda y’ubukwe amubwira ya vuba kandi we akeneye umugabo. Ibi bituma abakobwa bakora ibishoboka kugira ngo ubukwe bube vuba.   Dore ibintu…

Share this:
Posted on

Impamvu yatumye Miss Muheto Divine adahabwa imodoka yatsindiye yamenyekanye

Share this:

Ijoro rya tariki 19 Werurwe 2022 ryasize urwibutso rudasaza mu mutima wa Nshuti Divine Muheto wari uhagarariye Uburengerazuba muri Miss Rwanda, kuko ari bwo yahize bagenzi be yambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2022.   Uyu mukobwa w’’imyaka 19 yahawe…

Share this:
Posted on

Dore amakosa akomeye ugomba kwirinda gukora igihe utereta umukobwa mu butumwa bugufi

Share this:

Mu bintu bibabaza, ni ukugira amahirwe yo kubona numero y’ umukobwa mwahuye bwa mbere akagukunda, ariko gahoro gahoro ukajya ubona agenda akureka ukurikije agaciro aha ubutumwa bugufi mwandikirana.   Dore amakosa 7 utagomba gukora igihe uteretesha umukobwa ubutumwa bugufi;  …

Share this:
Posted on

Ibyo Perezida Kagame yakoreye umwana muto wari muri Siporo rusange ejo Kuwa 1 Gicurasi bikomeje kuvugisha benshi

Share this:

Mu mpera z’icyumweru gishize habaye ibikorwa bitandukanye birimo na Siporo Rusange yitabiriwe n’abarimo Umukuru w’Igihugu na Madamu Jeannette Kagame. Perezida Kagame yakoreye iyi Siporo Rusange mu Biryogo muri Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali agaragara yakirana urugwiro umwana muto wari ugaragarije…

Share this:
Posted on

Uwingabire Chantal wasabaga ubufasha ngo ajye kwivuza mu Buhinde yatabarutse atabonye amahirwe yo kwivuza

Share this:

Umukobwa w’imyaka 26 witwa Uwingabire Chantal yitabye Imana mu gihe yari amaze iminsi asaba ubufasha bwa Miliyoni 8 Frw ngo abone uko ajya kwivuza mu Buhinde ajyanye na musaza we wari wemeye kuzamuha umusokoro kuko uwe wari warangiritse.   Mu…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa arimo kugukoresha mu rukundo

Share this:

Akenshi hari ubwo abantu bajya mu rukundo rugatuma bibaza niba bakundwa koko cyangwa niba bari gukoreshwa na rwo. Ushobora kwibaza niba uwo mukobwa agukunda cyangwa niba ari kugukoresha gusa.   Gukoreshwa bitera agahinda cyane, nta muntu n’umwe wakwishimira kubona ari…

Share this:
Posted on