Dore amarenga akorwa n’abakobwa ushobora kuba utari uzi
Mu rukundo hari byinshi bikorwa ariko bikabanzirizwa n’imvugo zitandukanye. Hari ubwo rero umuntu ashobora kuguha ubutumwa muri iki gihe nyamara we atigeze abumbura umunwa we ngo akuvugishe. Ni kenshi mu rukundo umukobwa avuga oya kandi yemeye, ubundi akavuga yego…
Abakobwa: Umusore nk’uyu ntakwiye umwanya wawe ndetse ntuzigere wemera kumwambarira ubusa
Mukobwa ntabwo wari ukwiriye kuryamana n’umusore utagufata neza, ngo akwiteho aguhe ibyo ukeneye. Ntuzatume umusore ukora ibi bintu akoresha ibiganza bye kuri wowe. Uko umukunda kose, ntuzamwemerere ngo agukuremo imyenda. UYU MUSORE UZAMWIYAME, UMWIYAKE AGUSHAKE AKUBURE. 1. Niba…
Dore amakosa akomeye abakobwa bakora kugirango abasore bakundana bihutishe ubukwe bikazabagiraho ingaruka zikomeye
Hari ubwo usanga umukobwa n’umuhungu bakundana ndetse bamaranye igihe kinini mu rukundo, maze umukobwa akabona umusore bakundana nta gahunda y’ubukwe amubwira ya vuba kandi we akeneye umugabo. Ibi bituma abakobwa bakora ibishoboka kugira ngo ubukwe bube vuba. Dore ibintu…
Impamvu yatumye Miss Muheto Divine adahabwa imodoka yatsindiye yamenyekanye
Ijoro rya tariki 19 Werurwe 2022 ryasize urwibutso rudasaza mu mutima wa Nshuti Divine Muheto wari uhagarariye Uburengerazuba muri Miss Rwanda, kuko ari bwo yahize bagenzi be yambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2022. Uyu mukobwa w’’imyaka 19 yahawe…
Dore amakosa akomeye ugomba kwirinda gukora igihe utereta umukobwa mu butumwa bugufi
Mu bintu bibabaza, ni ukugira amahirwe yo kubona numero y’ umukobwa mwahuye bwa mbere akagukunda, ariko gahoro gahoro ukajya ubona agenda akureka ukurikije agaciro aha ubutumwa bugufi mwandikirana. Dore amakosa 7 utagomba gukora igihe uteretesha umukobwa ubutumwa bugufi; …
Ibyo Perezida Kagame yakoreye umwana muto wari muri Siporo rusange ejo Kuwa 1 Gicurasi bikomeje kuvugisha benshi
Mu mpera z’icyumweru gishize habaye ibikorwa bitandukanye birimo na Siporo Rusange yitabiriwe n’abarimo Umukuru w’Igihugu na Madamu Jeannette Kagame. Perezida Kagame yakoreye iyi Siporo Rusange mu Biryogo muri Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali agaragara yakirana urugwiro umwana muto wari ugaragarije…
Uwingabire Chantal wasabaga ubufasha ngo ajye kwivuza mu Buhinde yatabarutse atabonye amahirwe yo kwivuza
Umukobwa w’imyaka 26 witwa Uwingabire Chantal yitabye Imana mu gihe yari amaze iminsi asaba ubufasha bwa Miliyoni 8 Frw ngo abone uko ajya kwivuza mu Buhinde ajyanye na musaza we wari wemeye kuzamuha umusokoro kuko uwe wari warangiritse. Mu…
Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa arimo kugukoresha mu rukundo
Akenshi hari ubwo abantu bajya mu rukundo rugatuma bibaza niba bakundwa koko cyangwa niba bari gukoreshwa na rwo. Ushobora kwibaza niba uwo mukobwa agukunda cyangwa niba ari kugukoresha gusa. Gukoreshwa bitera agahinda cyane, nta muntu n’umwe wakwishimira kubona ari…