Karongi: Umugore wari uherutse gushinja umugabo we kumuca inyuma yimanitse mu kagozi arapfa
Umugore wari utuye mu murenge wa Twumba mu karere ka Karongi witwa Nyiranzihangana Julienne bamusanze mu mugozi yapfuye, bigakekwa ko yiyahuye. Byabereye mu mudugudu wa Nyabubare, Akagari ka Bihumbe Umurenge wa Twumba mu karere ka Karongi. Amakuru yamenyekanye kuri…
Abakobwa: Dore ibintu umukobwa akora bigatuma umusore bakundana amuzinukwa burundu
Ubusanzwe iyo abantu bakundana by’ukuri birinda kubabazanya. Dore ibintu abakobwa bisanga bakoze bibabaza abakunzi babo batabizi.. Nubwo abantu batandukanye kubera imiterere cyangwa ubuzima bwabo, ni bimwe mu bibatera kurakara ku buryo butandukanye ndetse no kurakazwa n’impamvu zitandukanye ariko abahanga…
Musanze: Hatewe ibisasu 4 byangiza byinshi bamwe barakomereka bikomeye – AMAFOTO
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere 23 ku ya Gicurasi 2023 , mu karere ka Musanze mu murenge wa Kinigi na Nyange haguye ibisasu bivugwa ko byaturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo , ahari kubera imirwano hagati y’Ingabo…
Nyanza: Umugabo uheruka kwica umugore we kubera imitungo yarashwe arapfa
Umugabo witwa Ndahayo Jean w’imyaka 43 watawe muri yombi tariki 18 Gicurasi, 2022 akekwaho kwica umugore we bari bagiye kugabana imitungo, yapfiriye muri Kasho nyuma yo kuraswa. Amakuru dukesha ikinyamakuru UMUSEKE cyahawe n’uwarumuturanyi w’urugo rwa Ndahayo Jean w’imyaka 43…
Umunyamakuru Clarisse Uwimana yavuze ku rukundo rwe na Jean Luc rumaze iminsi ruhwihwiswa
Clarisse Uwimana w’icyamamare mumwuga w’itangazamakuru rya siporo mu Rwanda, benshi bakunda mubiganiro bye ndetse bakanamukurikira mu inkuru zimugarukaho mubitangazamakuru bitandukanye yatangaje ukuri ku mubano we na Jean Luc bakorana kuri B&B FM Umwezi. Uyu munyamakurukazi yabitangarije mu kiganiro yagiranye…
Academy ya PSG mu Rwanda y’abatarengeje imyaka 13 yatwaye igikombe cy’isi itsinze Brazil ku mukino wa nyuma
Ishuri rya PSG ryo mu Rwanda U13 rimaze kwegukana igikombe mu irushanwa ry’amashuri y’umupira w’amaguru ya Paris Saint Germain ryaberaga mu Bufaransa nyuma yo kuyitsinda igitego 1-0. Ni umukino wabaye kuri uyu wa Mbere tariki 23 Gicurasi 2022, nyuma…
Dore impamvu zituma umugabo aba ingumba(atabyara) n’icyo yakora ngo abyirinde
Akenshi iyo abantu batabyaye usanga ikibazo gihita gishakirwa ku mugore, dore ko abagabo benshi bazi ko kuba basohora bisobanuye ko bashobora no kubyara nyamara baba bibeshya kuko n’umugabo wifungishije burundu arasohora ariko ntatera inda. Ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza ko 40%…
Dore impamvu 4 zishobora gutera umuntu kubira ibyuya asinziriye. Impamvu ya 1 n’iya 2 ni izo kwitondera cyane
Kubira ibyuya byinshi usinziriye bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye; niba ari mu gihe cy’ubushyuhe, ukaba uryamye wambaye imyenda myinshi cg imyenda ishobora gutuma ushyuha cyane, uzatutubikana uzane ibyuya byinshi, ibi ni ibisanzwe. Kubira ibyuya bidasanzwe, bivugwa igihe imyenda n’ibyo uryamyeho…
Academy Ya PSG Mu Rwanda Yatsinze Quatar 6-0 Bituma Bayobara Itsinda Ririmo N’Ubufaransa
Irerero ry’umupira w’amaguru ry’ikipe ya Paris Saint Germain mu Rwanda, mu byiciro by’abatarengeje imyaka 11 na 13 bitwaye neza ku munsi wa mbere, mu gikombe cy’isi gitegurwa na PSG kikabera mu Bufaransa. Kuri uyu wa gatandatu nibwo hakinwaga umunsi…
Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa mukundana agutendeka ndetse yifitiye undi mugabo babyumva kimwe
Ntibyoroshye kumenya niba umukobwa mukundana aguca inyuma cyane cyane ko izo ngeso akenshi zitazwi ku bakobwa ahubwo zizwi cyane ku bahungu, ariko iyo witonze ukitegereza imyitwarire ye ubasha kumenya neza ko aguca inyuma. Hagati ya babiri bakundana yaba ari…