Niba ubona ibi bimenyetso mu rukundo rwawe menya ko uwo mukundana mudakwiranye(mutazagera kure). Ushatse wakwishakira undi hakiri kare
Birumvikana ko buri wese agerageza gushaka uwo bakundana ariko nanone biba bigoye iyo uhuye na benshi ugasanga bose ntimukwiranye cyangwa bakakubwira ko mu dakwiranye. Twaguteguriye ibintu 4 bizakwereka ko uwo mwahuye mudakwiranye. Abantu bakuru bose nibagera mu rukundo bazamenya…
Dj Dizzo urwaye Kanseri arasaba ubufasha bwo kugaruka mu Rwanda nyuma yo kubwirwa ko asigaranye iminsi 90 gusa yo kubaho
Mutambuka Derrick [Dj Dizzo] ufite ubuhanga mu kuvanga imiziki ubarizwa mu Bwongereza, yabwiwe n’abaganga ko ‘Cancer’ arwaye yamaze kumurenga umubiri wose ku buryo itabasha gukira, bamubwira ko asigaje iminsi 90 yo kubaho. Mutambuka Remy, umubyeyi wa Dizzo uri mu…
Dore ibimenyetso byakwereko ko ufite ikibazo cy’umutima udakora neza
Umutima ni inyama yo mu gatuza ishinzwe gusunika amaraso uyohereza mu bice binyuranye by’umubiri, no kwakira avuye mu bice binyuranye by’umubiri agatunganywa. Muri iki gihe abatari bake bakunze kwibasirwa n’indwara zitandukanye z’umutima ndetse bamwe zikanabahitana, ahanini kubera ko batamenye ibimenyetso…
“Ntituri abavandimwe nta n’ubwo ndwanira inkweto za so”: Bobi Wine yahaye igisubizo gitangaje Gen. Muhoozi wibazaga ukwiye gusigarana inkweto za se Museveni
Umuhanzi wahindutse umunyapolitiki wo muri Uganda, Bobi Wine yasubizanyije uburakari Lt Gen Muhoozi amubwira ko atarwanira gusimbura Perezida Museveni. Saa yine za mugitondo zo ku wa 17 Gicurasi 2022, Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Lt Gen Muhoozi yashyize…
Umutoza wa APR FC yihenuye bikomeye kuri Rayon Sports naho Jorge Paixão atakambira abafana
Umutoza wa Rayon Sports, Jorge Paixão Reyes,yasabye imbabazi abafana b’iyi kipe nyuma yo gutsindwa na mukeba wabo APR FC ibitego 2-1, bagatakaza amahirwe yo kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro. Aganira n’itangazamakuru, Jorge Paixão yavuze ko bifuzaga gutwara iki…
USA yemeje ko Rusesabagina yafunzwe n’u Rwanda mu buryo butari bwo
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yavuze ko yasanze Paul Rusesabagina “yarafunzwe mu buryo butari bwo” mu Rwanda. Umuvugizi w’iyo minisiteri kuwa kane yavuze ko “kwemeza ibi bikubiranya ibyabaye byose mbere, barimo kubura kwizezwa urubanza rutabera mu iburanishwa”. Rusesabagina wamenyakanye cyane…
Dore amazu meza yateguriwe abimukira bazava mu Bwongereza
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hamwe mu hagomba gucumbikirwa abimukira bazaturuka mu Bwongereza hamaze gutunganywa ubu igisigaye ari uko baza ndetse ko gahunda ihari ari uko bazaza mu gihe cya vuba. Zimwe mu nzu zizakira aba bimukira harimo Hope House…
Miss Rwanda: Undi mukobwa yiyemeje kugana inkiko
Nyuma y’ifungwa ry’umuyobozi wa Rwanda Inspiration Back Up ryateguraga irushanwa ry’ubwiza rya Miss Rwanda , ibintu bikomeje gufata indi ntera muri bamwe baryitabiriye ndetse hari n’abari kugana inkiko. Biravugwa ko umwe mu bakobwa batsinze mu irushanwa rya Miss Rwanda 2021…
Dore amabanga 18 yagufasha gushimisha umugore wawe mu buriri iri joro ntazigere aryibagirwa
Kunezeza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina si imbaraga nyinshi, si ukuba wanyoye inzoga nyinshi, si ukuba yariye inkoko cyangwa ifi ngo ananywe inzoga ihenze cyangwa se ibindi yishimiye, ahubwo dore ibyo usabwa kugira ngo anyurwe. 1. Icya mbere ni…
Ntuzabeshye ngo ushimisha umugoe wawe mu buriri niba utazi Akadom G – Sobanukirwa
Umudage wari inzobere mu buzima bw’imyororekere witwa Ernest Grafenberg mu 1940 ni bwo yavumbuye igice kiba mu gitsina cy’umugore imbere akita Point G. Ni igice giherereye kuri santimetero 3 uhereye ku rwinjiriro rw’igitsinagore, kikaba kirangwa n’uko kinyerera cyane. Kugira…