Briana wahoze ari umukunzi wa Harmonize yaje mu Rwanda
Briana wahoze ari umukunzi wa Harmonize ukomoka mu gihugu cya Australia nyuma y’igihe ategerejwe mu Rwanda nk’uko byari byatangajwe yarahageze aho yakiriwe n’umuhanzikazi Naka w’umunya Austaria umaze igihe mu Rwanda. Uyu mukobwa uheruka mu rukundo na Harmonize aje mu…
Miss Naomie akomeje kuryoshya n’umukunzi we bamaze igihe gito batangaje ko bakundana – AMAFOTO
Miss Nishimwe Naomie wabaye nyampinga w’u Rwanda 2020, yongeye kugaragara mu ruhame ari kumwe n’umusore wigaruriye umutima we witwa Michael, basohokanye ku nshuro ya kabiri nyuma yo gutangaza ko bakundana. Michael Tesfay ukundana na Miss Nishimwe Naomie, ni umusore ufite…
Ibintu umugabo yakora akarinda igitsina cye kugabanuka kandi agahorana imbaraga zihagije mu gikorwa cyo gutera akabariro
Umusemburo wa Testosterone ni umusemburo w’ingenzi cyane cyane ku bagabo; kuko ufasha byinshi harimo kugira ubushake bwo gukora imibonano, kongera uburemere bw’amagufa n’imikaya. Muri make niwo musemburo ugaragaza imiterere ya kigabo. Uyu musemburo ukorwa cyane ku bwinshi mu gihe…
Abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda bihimuye kuri Adil Mohamed wari warabazengereje
Abanyamakuru ba siporo mu Rwanda bihimuye ku mutoza w’Ikipe z’Ingabo z’Igihugu, Adil Mohamed wari umaze igihe abakoroga abima ikiganiro. Nyuma yo gutsindwa na Kiyovu Sports ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona, Adil Mohamed yinjiye aho yari…
Mukerarugendo yahuye n’uruva gusenya ubwo yasimbukaga umusozi muremure imbere y’umugore we
Umubyeyi uri mu kiruhuko hamwe n’umuryango we muri Espagne yapfuye ubwo yakoraga siporo yo gusimbuka hejuru. Amashusho ateye ubwoba yafatiwe mu bwato hafi aho umugore w’umugabo n’umuhungu bafataga amashusho. Video iteye ubwoba kuyireba, yagaragaje uyu mugabo asimbuka ku…
Dore akayabo kahawe abakinnyi ba Kiyovu Sports kugirango bihanize APR FC
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Gicurasi 2022,ikipe ya Kiyovu Sports yabonye amanota atatu yakuye kuri APR FC nyuma yo kuyitsinda ibitego 2-1. Amakuru aravuga ko mbere y’uyu mukino,Perezida wa Kiyovu Sports,Mvukiyehe Juvenal yari yemereye buri mukinnyi wa…
Urukiko rwanze ubusabe bwa Prince Kid bwo kuburanira mu ruhame rutegeka ko urubanza rubera mu muhezo
Urubanza rwa Prince Kid rugiye kubera mu muhezo nyuma y’uko asabye ko rubera mu ruhame urukiko rukabyanga. Ubushinjacyaha ni bwo bwasabye ko uru rubanza rwabera mu muhezo kubera impamvu z’abahohotewe. Kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Gicurasi 2022 ni…
Diamond Platinumz yahishuye ko azagura indege ye bwite bitarenze uyu mwaka anavuga ikimufasha kugwiza umutungo
Umunyatanzaniya ukunzwe cyane mu muziki Diamond Platnumz yatangaje gahunda afite muri uyu mwaka yo kugura indege yigenga azajya atemberamo. Umunyatanzaniya ukunzwe cyane mu muziki Diamond Platnumz yatangaje gahunda afite muri uyu mwaka yo kugura indege yigenga azajya atemberamo. …
Umunyeshuri w’umukirisitu yatewe amabuye na bagenzi be b’abasiramu kugeza apfuye nyuma yo kumushinja gutuka Muhamad
Ku wa kane, tariki ya 12 Gicurasi, abapolisi bavuze ko abanyeshuri b’abayisilamu bo mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nijeriya bateye amabuye umunyeshuri w’umukirisitu hanyuma batwika umubiri we nyuma yo kumushinja ko yatutse intumwa Muhamadi. Ibi byabereye muri Leta ya…
IPRC: Inkuru y’umukobwa witabye Imana umunsi umwe mbere y’uko ahabwa impamyabushobozi yababaje abatari bake
Umukobwa yapfuye ku munsi ubanziriza ‘Graduation’ ye muri IPRC bituma benshi bamenye iyo nkuru ibabaje bashenguka umutima. Umukobwa wagombaga gubahabwa impamyabushobozi muri IPRC-Kigali kuri uyu wa Kane tariki 12 Gicurasi 2022, yitabye Imana ku munsi ubanziriza uwabereyeho ibirori byo…