Uburusiya bugiye kwihimura kuri Finland yatangaje ko ishaka kwingira muri NATO
Uburusiya bwatangaje ko bizaba ngombwa ko bufata “intambwe zo kwihimura” ku muturanyi wabwo Finland ushaka kwinjira muri OTAN. Itangazo rya minisiteri y’ububanyi n’amahanga rivuga ko biriya bizazambya bikomeye imibanire yabo, umutekano, n’amahoro mu majyaruguru y’Uburayi. Kuwa kane, abategetsi…
Uko Protais Mpiranya washakishwaga cyane kubera ibyaha bya Jenoside yihishe ubutabera kugeza apfuye ntibubimenye
Protais Mpiranya, umwe mu bakekwagaho uruhare muri jenoside washakishwaga yarapfuye, nk’uko urwego rwasimbuye urukiko rwashyiriweho u Rwanda rwabitangaje. Mpiranya wahoze akuriye ingabo zirinda perezida ni umwe mu bantu bakomeye bari bagishakishwa n’ubutabera ku byaha bya jenoside yakorewe Abatutsi 1994….
Dore ibimenyetso 5 byakwereka ko wowe n’umukunzi wawe bitazigera bivamo n’icyo ukwiriye gukora
Iyo abakundana batumvikana,biba bisa nko kuba mu mwijima,iyo mutumvikana nta na rimwe n’urugo rwanyu ruzagaragaramo amahoro,iki nicyo kibazo cyugarije ingo muri iyi minsi,ari nayo mpamvu Abasomyi b’Ikinyamakuru cyacu “Umuryango.rw” twahisemo kubagaragariza bimwe mu bimenyetso bishobora kukwereka ko wowe n’umukunzi wawe…
Umuhanzikazi Sheebah Kalungi yashinje uwahoze ari Visi Perezida wa Uganda kumuhohotera
Icyamamare mu muziki wa Uganda, Sheebah Kalungi yashyize mu majwi umwe mu bayobozi bazwi muri Uganda ko yamukoreye ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda, hari gucicikana inkuru y’ihohoterwa rya Sheebah Kalungi bivugwa ko yakorewe n’uwahoze ari…
Finland yamaramaje kwinjira muri OTAN kubera kwikanga Uburusiya
Perezida Sauli Niinisto na Minisitiri w’intebe Sanna Marin ba Finland batangaje ko igihugu cyabo kigomba gusaba kwinjira muri OTAN/NATO kubera uko ibintu byifashe ubu. Aba bategetsi bavuze ko kuba Uburusiya bwarateye Ukraine byahinduye ishusho y’umutekano wa Finland, gusa bongeraho…
Kapiteni wa Rayon Sports yahaye ubutumwa abafana bayo nyuma yo kunanirwa kwikura imbere ya mukeba wayo APR FC
Nyuma y’umukino ubanza wa ½ cy’Igikombe cy’Amahoro ikipe ya Rayon sports yanganyijemo na APR FC 0-0, Kapiteni wa Rayon Sports yavuze ko bafite icyizere cyo gukomeza mu mukino wo kwishyura. Kuba Rayon Sports yari gutsinda umukino yakiriyemo APR FC…
BNR iravuga ko ibiciro ku masoko bizakomeza kuzamuka mu mezi ari imbere
Banki nkuru y’igihugu iratangaza ko itumbagira ry’ibiciro rikomeje kugaragara mu Rwanda rizakomeza kwigaragaza no mu mezi ari imbere . Banki nkuru y’igihugu iratangaza ko itumbagira ry’ibiciro rikomeje kugaragara mu Rwanda rizakomeza kwigaragaza no mu mezi ari imbere ….
Dore uburyo bwiza wakoresha usezera umukunzi wawe iri joro
10. Igihe cy’izuba gisiga umunezero n’ibyishimo. Ni kimwe na we, iki gihe kigusigira ubwiza n’umunezero, Kikansigira n’impamvu igihumbi zo gukomeza kugukunda. Ndagukunda , kandi nkagukundira uwo uriwe. Ijoro ryiza, Mutoni wanjye. ————— 1.Amaso yawe arampamagara iteka, Akansaba kugumana nawe by’iteka…
Umusore yahindutse inka nyuma yo kuryamana n’umugore w’abandi – VIDEO
Umugabo utavuzwe amazina n’indi myirondoro ye yafashwe videwo yahindutse inka ndetse ari no kwabira nkayo nyuma yo gusambanya umugore w’abandi. Muri videwo iri guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga, uyu mugabo yagaragaye yicaye hasi, arira. Amaguru ye yari yahindutse ink’ay’inka, kandi…
Huye: Umugabo wasambanyije umwana yemeye icyaha avuga ko yabitewe na Primus
Umugabo w’imyaka 55 y’amavuko wo mu Karere ka Huye ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka irindwi y’amavuko, yemera iki cyaha, akavuga ko yabitewe n’amadayimoni ndetse na Primus 2 yari amaze kunywa. Umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya Umwana cyabereye mu Mudugudu…