Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa yifuza cyane umuntu umutereta
Kuba ingaragu bishobora rimwe na rimwe kurambirana ugasanga umukobwa ni mwiza ariko ari wenyine, ibyo bikamutera kwiheba no kugira ishyari mu gihe abandi bameze neza bari kumwe n’abakunzi babo. Abahanga mu bijyanye n’imibanire bavuga ko hari imyitwarire abakobwa bakiri ingaragu…
Niba ubona ibi bimenyetso ku mugore wawe menya ko ari mubi ndetse adashaka kubaka na gato
Ububi bw’umugore ntaho buhurira n’ibyo umuntu abona inyuma, kuko abagore benshi bagaragara nk’aho ari beza ariko ugasanga ububi bafite ku mutima buruta ubwiza ubona inyuma. Ububi bw’umugore buba bushingiye ku ngeso mbi zituma aremerera uwo bashakanye, abo babyaye, abaturanyi ndetse…
U Rwanda rugiye kwakira igikombe cy’isi cy’umupira w’Amaguru
U Rwanda rwasinye amasezerano aruha uburenganzira bwo kuzakira igikombe cy’Isi cy’amakipe y’aba veterans “Veteran Clubs World Championship” riteganyijwe kuzaba mu 2024. Kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Gicurasi 2022, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryasinye amasezerano y’ubufatanye…
Afurika y’Epfo: Haravugwa ubwoko bushya bwa Covid-19 yongeye kwihinduranya. Abantu bakoje kwandura umusubirizo
Abandura Covid muri Afrika y’epfo ku munsi bariyongereye ku rugero rwa 60% mu minsi 2 gusa. Kuri ubu batangiye kugira impungenge z’uko Covid yaba yihinduranije ku ncuro yayo ya gatanu nk’uko abahanga mu ndwara z’ibyorezo babitangaje. Ubu bamaze…
Icyo Perezida Kagame yasubije Bamporiki Edouard wemeye ko yakiriye ruswa
Perezida Kagame yasubije Bamporiki Edouard wari umaze kumusaba imbabazi kubera icyaha cyo kwakira indonke yemeye ko yakoze, amubwira ko kwirinda icyaha bishoboka kandi guhanwa nabyo bifasha. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 06 Gicurasi 2022 nibwo Hon. Edouard Bamporiki…
Dore ibintu 9 umusore n’umukobwa bakundana bakora bakarushaho kuryoherwa n’urukundo rwabo
Abantu benshi binjira mu rukundo bagakunda bakanakundwa ariko hakabaho igihe usanga urukundo rwabo rudakura cyagwa se ngo rubaryohere . usanga rimwe narimwe batumva ibyiza byo kuva mu rukundo , kutaryoherwa na rwo cyagwa se bikaba byanabaviramo no gutandukana bitewe n’uko…
Ubuhamya bw’umukobwa witabiriye Miss Rwanda ufite ibikomere byo kubwirwa ko ari mubi akanaza gukomeretswa na Miss Jolly
Umuhoza Clarisse uri mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2022 yavuze ibikomere yatewe no kubwirwa ko ari mubi kuva akiri umwana kugeza n’uyu munsi akaba avuga ko hari amahirwe menshi agenda abura kubera uko asa. Umuhoza Clarisse yavukiye…
Uburanga bw’umukobwa wigaruriye umutima w’umuhanzi Yverry banamaze gusezerana imbere y’amategeko – AMAFOTO
Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bwa Uwase Vanillah wigaruriye umutima wa Rugamba Yves wamenyekanye nka Yverry ndetse akaba ari mu bahanzi bakunzwe cyane bitewe nibihangano bye. Uwase Vanillah yamenyekanye cyane ubwo urukundo rwe na Yverry barushyiraga kumugaragaro….
Dore ibintu wakorera umugore wawe buri gitondo akazarinda yisazira ataguciye inyuma
Ubusesenguzi bwagaragaje ko hari ibintu abagore bose bakunda ariko batajya basaba abagabo babo. Ibi bintu abagore hafi ya bose babihuriyeho kandi ntibajya babisaba kabone n’iyo yaba ari umugore usanzwe uzwiho kwisanzura ku mukunzi we. Dore Ibintu 9 bishimisha abagore…
Byinshi bitangaje kuri Rory Farquharson, umukunzi wa Malia Obama bakunze kugaragara batumagura amatabi – AMAFOTO
Malia Obama w’imyaka 23 ni we mfura ya Barack Obama na Michelle Obama, ubuzima bwe bw’urukundo bukaba butarakunzwe kuvugwaho rumwe kuva mu myaka igera kuri itanu nyamara bukomeza kujya mbere. Malia Obama yatangiye kwiga muri Kaminuza ya Harvard mu…