Month: May 2022

Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa yifuza cyane umuntu umutereta

Share this:

Kuba ingaragu bishobora rimwe na rimwe kurambirana ugasanga umukobwa ni mwiza ariko ari wenyine, ibyo bikamutera kwiheba no kugira ishyari mu gihe abandi bameze neza bari kumwe n’abakunzi babo. Abahanga mu bijyanye n’imibanire bavuga ko hari imyitwarire abakobwa bakiri ingaragu…

Share this:
Posted on

Niba ubona ibi bimenyetso ku mugore wawe menya ko ari mubi ndetse adashaka kubaka na gato

Share this:

Ububi bw’umugore ntaho buhurira n’ibyo umuntu abona inyuma, kuko abagore benshi bagaragara nk’aho ari beza ariko ugasanga ububi bafite ku mutima buruta ubwiza ubona inyuma. Ububi bw’umugore buba bushingiye ku ngeso mbi zituma aremerera uwo bashakanye, abo babyaye, abaturanyi ndetse…

Share this:
Posted on

U Rwanda rugiye kwakira igikombe cy’isi cy’umupira w’Amaguru

Share this:

U Rwanda rwasinye amasezerano aruha uburenganzira bwo kuzakira igikombe cy’Isi cy’amakipe y’aba veterans “Veteran Clubs World Championship” riteganyijwe kuzaba mu 2024.   Kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Gicurasi 2022, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryasinye amasezerano y’ubufatanye…

Share this:
Posted on

Afurika y’Epfo: Haravugwa ubwoko bushya bwa Covid-19 yongeye kwihinduranya. Abantu bakoje kwandura umusubirizo

Share this:

Abandura Covid muri Afrika y’epfo ku munsi bariyongereye ku rugero rwa 60% mu minsi 2 gusa.   Kuri ubu batangiye kugira impungenge z’uko Covid yaba yihinduranije ku ncuro yayo ya gatanu nk’uko abahanga mu ndwara z’ibyorezo babitangaje.   Ubu bamaze…

Share this:
Posted on

Icyo Perezida Kagame yasubije Bamporiki Edouard wemeye ko yakiriye ruswa

Share this:

Perezida Kagame yasubije Bamporiki Edouard wari umaze kumusaba imbabazi kubera icyaha cyo kwakira indonke yemeye ko yakoze, amubwira ko kwirinda icyaha bishoboka kandi guhanwa nabyo bifasha.   Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 06 Gicurasi 2022 nibwo Hon. Edouard Bamporiki…

Share this:
Posted on

Dore ibintu 9 umusore n’umukobwa bakundana bakora bakarushaho kuryoherwa n’urukundo rwabo

Share this:

Abantu benshi binjira mu rukundo bagakunda bakanakundwa ariko hakabaho igihe usanga urukundo rwabo rudakura cyagwa se ngo rubaryohere . usanga rimwe narimwe batumva ibyiza byo kuva mu rukundo , kutaryoherwa na rwo cyagwa se bikaba byanabaviramo no gutandukana bitewe n’uko…

Share this:
Posted on

Ubuhamya bw’umukobwa witabiriye Miss Rwanda ufite ibikomere byo kubwirwa ko ari mubi akanaza gukomeretswa na Miss Jolly

Share this:

Umuhoza Clarisse uri mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2022 yavuze ibikomere yatewe no kubwirwa ko ari mubi kuva akiri umwana kugeza n’uyu munsi akaba avuga ko hari amahirwe menshi agenda abura kubera uko asa.   Umuhoza Clarisse yavukiye…

Share this:
Posted on

Uburanga bw’umukobwa wigaruriye umutima w’umuhanzi Yverry banamaze gusezerana imbere y’amategeko – AMAFOTO

Share this:

Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bwa Uwase Vanillah wigaruriye umutima wa Rugamba Yves wamenyekanye nka Yverry ndetse akaba ari mu bahanzi bakunzwe cyane bitewe nibihangano bye.     Uwase Vanillah yamenyekanye cyane ubwo urukundo rwe na Yverry barushyiraga kumugaragaro….

Share this:
Posted on

Dore ibintu wakorera umugore wawe buri gitondo akazarinda yisazira ataguciye inyuma

Share this:

Ubusesenguzi bwagaragaje ko hari ibintu abagore bose bakunda ariko batajya basaba abagabo babo. Ibi bintu abagore hafi ya bose babihuriyeho kandi ntibajya babisaba kabone n’iyo yaba ari umugore usanzwe uzwiho kwisanzura ku mukunzi we.   Dore Ibintu 9 bishimisha abagore…

Share this:
Posted on

Byinshi bitangaje kuri Rory Farquharson, umukunzi wa Malia Obama bakunze kugaragara batumagura amatabi – AMAFOTO

Share this:

Malia Obama w’imyaka 23 ni we mfura ya Barack Obama na Michelle Obama, ubuzima bwe bw’urukundo bukaba butarakunzwe kuvugwaho rumwe kuva mu myaka igera kuri itanu nyamara bukomeza kujya mbere.   Malia Obama yatangiye kwiga muri Kaminuza ya Harvard mu…

Share this:
Posted on