Month: June 2022

Rusizi: umugore yagiye guhagarika ubukwe bw’umugabo babyaranye abana 5 bifata ubusa

Share this:

Mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Kamembe umugore yaje guhagarika ubukwe bw’umugabo babyaranye abana batanu ariko bifata ubusa kuko mu mategeko bombi ari ingaragu.   Umugore witwa Nyirabakinamurwango Jeannette yaje guhagarika ubukwe bw’umugabo babyaranye witwa Habanabakize Emmanuel ubwo yari…

Share this:
Posted on

Adil utoza APR FC yavuze amagambo akomeye kuri Kiyovu Sports yamubijije icyuya anagaruka ku byangombwa bitavugwaho rumwe

Share this:

Umutoza wa APR FC, Adil Mohammed Erradi,yatangaje ko yanyuzwe n’imyitwarire y’ikipe ya Kiyovu Sports mu mwaka w’imikino ushize ndetse yemeza ko yabahaye akazi gakomeye muri shampiyona.   Uyu munya Maroc,yabwiye Radio Rwanda ko n’ubwo APR FC yatwaye igikombe cya Shampiyona,…

Share this:
Posted on

Dore abantu ukwiye kwirinda gukundana na bo niba wifuza urukundo ruramba kandi ruzakuryohera

Share this:

Bajya bavuga ngo urukundo ni impumyi ariko na none urukundo rutagira amahitamo,intego ndetse n’ubushishoozi ruba rupfuye kuko akenshi usanga ari urukundo rw’igihe gito, ku muntu wifuza umukunzi babana igihe kirekire ni byiza ko umenya abantu ukwiye guhitamo n’abo ukwiye kwirinda…..

Share this:
Posted on

Ishuri rikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera kwambika amajipo abahungu baryigamo

Share this:

Ishuri ryo muri Uganda ryaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’aho ubuyobozi bwemereye abanyeshuri b’abahungu kwambara amajipo nk’impuzankano.   Umuyobozi w’ishuri ryisumbuye rya Nyakasura, Frank Manyindo yasobanuye ko abanyeshuri b’igitsina gabo bamenyereye kwambara ayo majipo ku ishuri kandi ko batakibona…

Share this:
Posted on

DRC: Leta ya Congo yatangaje ko M23 ifite ibikoresho bihambaye cyane kurusha ingabo zayo ndetse n’iza MONUSCO

Share this:

Uhagarariye Igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo [RDC] mu muryango w’Abibumbye [UN], yemeje ko Umutwe wa M23 waje mu isura nshya ufite intwaro zihambaye ziruta iza Leta y’iki gihugu ndetse na MONUSCO.   Mu ijambo yavugiye mu kanama k’umutekano…

Share this:
Posted on

Abagabo: Dore uko wamenya ko umwana ari uwawe cyangwa atari uwawe utiriwe ukoresha ibizamini bya DNA

Share this:

Bikunze kugorana kumenya niba koko umwana ari uwawe cyangwa Atari uwawe mu gihe nta bushobozi ufite bwo gukoresha ikizamini cya DNA ariko hari bimwe mu bimenyetso ushobora kugenderaho bikaba byakumara amakenga ariko bidakuraho ko n’ibisubizo by’abaganga biba bikenewe.   Ubushakashatsi…

Share this:
Posted on

Mozambique: Aho ingabo z’u Rwanda zivuye zihasize iza Mozambique ibyihebe birahagaruka kubera intege nke z’izi ngabo

Share this:

Urugamba rwo kurwanya ibyihebe byigabije Intara ya Cabo Delgado rukomeje guhindura isura umunsi ku wundi, aho mu duce tumwe hongeye kumvikana ibikorwa by’ubugizi bwa nabi cyane cyane ahagenzurwa n’Ingabo za Leta ya Mozambique.   Mu miterere y’uru rugamba inzego z’umutekano…

Share this:
Posted on

Ibyo guhirika ubutegetsi bwa Museveni ubwo yari mu nama ya CHOGM i Kigali byamenyekanye

Share this:

Ubuyobozi bw’urwego rushinzwe Iperereza muri Uganda buvuga ko amakuru yakuruwe n’inzego z’iperereza ubwo Perezida Museveni yari mu Rwanda ari uko hari ikibazo cyari cyavutse mu mutekano w’igihugu cyatumye hafatwa ingamba zateye benshi guhungabana.   Hari amakuru yageze mu nzego zishinzwe…

Share this:
Posted on

Abagore: Niba ukora aya makosa ntuzatungurwe no kubona umukozi wawe wo mu rugo agutwaye umugabo ugasigara urira mu myotsi

Share this:

Muri iyi minsi abagore bari gutwarwa abagabo n’abakozi babo bo mu rugo kubera amakosa mato bakora agahora yisubiramo,bo bayita ibintu byoroshye. Akenshi ibi biba ku bagore bafite akazi bakora amasaha menshi bigatuma inshingano zo kwita ku rugo zose bazegurira abakozi…

Share this:
Posted on

Abagabo: Niba Dore akamaro gakomeye utari uzi kari mu konka amabere y’umugore wawe. Niba utagajya Ubikora Ukwiye Kubigerageza – UBUSHAKASHATSI

Share this:

Abagore benshi bakunze kwibaza impamvu abagabo bakunda konka amabere ndetse no kuyakorakora cyangwa kuyonka,nyamara bikaba bizwi ko nta kintu bakuramo nk’uko umwana we ayakenera ashakamo amashereka yo kumutunga no kumukuza.   Larry Young, umuhanga mu Ishami y’Ubuvuzi ku bijyanye n’ibibazo…

Share this:
Posted on