Month: June 2022

Rwanda: Ibiciro by’ibikomoka kuri peterori byongeye gutumbagira

Share this:

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Ernest NSABIMANA (PhD. Eng), yatangaje ko igiciro cy’ibikomoka kuri Peteroli kiyongereye.   Litiro ya Mazutu yavuye ku 1368 igera ku 1503 [Hiyongereyeho 135], iya Essence iva ku 1359 igera ku…

Share this:
Posted on

Perezida Macro yahishuye umutoza yifuza kubona atoza PSG ya Mbappe na Messi

Share this:

Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko yifuza kubona uwahoze atoza Real Madrid Zinedine Zidane agaruka mu Bufaransa gutoza ikipe ya Ligue 1.   Ibi yabitangaje mu gihe havugwa ibihuha bivuga ko Paris Saint-Germain yaba afite gahunda yo gushaka umutoza mushya…

Share this:
Posted on

Umutoza wa Senegal yavuze umukinnyi w’Amavubi mwiza uri ku rwego rwo gukina i Burayi

Share this:

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal, Aliou Cissé ,yatangariye ubuhanga budasanzwe bw’umunyezamu Kwizera Olivier ashimangira ko ari we uri kurwego rwo kuginira amakipe yo mu Burayi U Rwanda rufite.   Uyu mutoza mu kiganiro yahaye Canal+ yavuze ko Kwizera Olivier akwiye…

Share this:
Posted on

Abasore: Ibintu 4 abakobwa bakunda ariko ntibatinyuke kubivuga. Uramutse ubimukoreye nata kabuza yagukunda kurusha undi musore wese bahuye

Share this:

Buri mukobwa wese aho ava akagera iyo afite uwo bakundana hari byinshi aba amwifuzaho cyane cyane ko urukundo ruzima rurangwa n’imishinga yabateza imbere, gusa kenshi mu bahungu ntibajya bamenya ko abakobwa benshi baba bifitiye ibi bitekerezo. Dore ibintu by’ingenzi abakobwa…

Share this:
Posted on

Abasore: Niba umukobwa ajya akubaza ibi bibazo aragukunda cyane n’ubwo adatobora ngo abikubwire. Ahasigaye ni ahawe

Share this:

Abagabo benshi n’abasore birabagora kumenya ko inkumi runaka ibakunda bya nyabyo, ari nabyo bituma rimwe na rimwe gufata umwanzuro wo guhitamo uwo babana bisa n’ibigorana bitewe n’ikizere gike. Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bintu byoroshye, byagufasha kuvumbura ko inkumi…

Share this:
Posted on

Hamenyekanye ibyo Sadio mane yongoreye Olivier nyuma y’umukino

Share this:

Ku munsi w’ejo ku wa Gatatu tariki ya 8 Kamena 2022, nibwo hasakaye ifoto y’umuzamu w’Amavubi Kwizera Olivier aganira na rutayizamu wa Liverpool Sadio Mane nyuma y’umukino amavubi yaramaze gutsindwamo na Senegal igitego 1-0. Nyuma y’uko iyi foto isakajwe abantu…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore ibintu 4 byagufasha kugabanya uburakari bw’umukunzi wawe igihe mwashwanye

Share this:

Birasanzwe ko umukunzi wawe ubona yifata nabi, ushobora kumureka akababara mu rwego rwo kumuha isomo ariko nanone ntabwo wakwemera ko umukobwa wihebeye ahogora. Niba wamubabaje musabe imbabazi n’ubwo bigoye. Muri iyi nkuru uramenya neza uko wakwita ku mukunzi wawe mu…

Share this:
Posted on

Bakoze ubukwe nyuma yo guhurira kuri Facebook

Share this:

Umugore wo muri Kenya witwa Lynder Cherono na Brian Kigen bashakanye muri uku kwezi ku ya 4 Kamena nyuma yo gutangira umubano wabo waturutse ku butumwa bwa Facebook.   Cherono yabwiye urubuga rwa TUKO rwo muri Kenya ati: “Twabaye inshuti…

Share this:
Posted on

Rubavu: Umwe mu bayobozi waburiwe irengero akomeje gushakishwa

Share this:

Umuyobozi w’akarere ka Rubavu Kambogo Ildefonse yavuze ko atemera ko Mutezimana Jean Baptiste,umuyobozi w’umudugudu wa Nyakibande akagari ka Kigombe mu murenge wa Nyakiriba mu Karere ka Rubavu yaburiwe irengero nyuma y’igihe kirenga iminsi irindwi uyu mugabo atagaragara ndetse ashakishwa.  …

Share this:
Posted on

U Rwanda ruyoboye urutonde rw’ibihugu bya Afurika bifite abakobwa beza imbere ya Ethiopia na Somalia – AMAFOTO

Share this:

Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri uwo mwanya.   Dore uko ikinyamakuru cyitwa howafrica cyakoze…

Share this:
Posted on