Month: June 2022

USA: Umugabo yishe abantu 2 abarasiye mu ruhame

Share this:

Muri Leta Leta Philadelphia umugabo umeze nk’umwiyahuzi yarasiye abantu mu ruhame babiri barapfa abandi bagera kuri 20 barakomereka.   Iki gikorwa cy’ubwiyahuzi cyabaye mu ijoro ryo kuri iki cyumweru 5 Gicurasi 2022muri Leta Philadelphia umugabo yarasiye mu ruhame babiri bahasiga…

Share this:
Posted on

Dore ibintu Bitandukanya abatari bake mu rukundo n’ubwo benshi babifata nk’utuntu duto

Share this:

Abantu benashi bakunze gukora amakosa mu rukundo ugasanga barayita mato rimwe na rimwe ntibanamenyeko bayakoze ariko ashobora gutandukanya abakundana cyangwa abashakanye mu gihe batabashije kuyakosora hakiri kare.   Amwe mu makosa benshi bita mato mu rukundo ariko akabyara ikintu gikomeye…

Share this:
Posted on

Abakongomani barashinja u Rwanda gushaka kubabuza kwakira Papa

Share this:

Mu myigaragambyo yateguwe n’abayoboke b’ishyaka PALU ry’uwahoze ari Minsitiri w’Intebe wa Congo Kinshasa Adolphe Muzito, Abakongomani bamaganye u Rwanda bashinja guhungabanya umutekano w’iki gihugu no kugambirira kuburizamo uruzinduko rwa Papa Francis.   Zimwe mu ntero z’abigaragambya zasubiragamo bimwe mu birego…

Share this:
Posted on

Kenya: Yabaye umuzunguzayi acuruza inkoko n’ubunyobwa ku muhanda. Byinshi wamenya kuri Ruto wiyamamariza kuba Perezida

Share this:

Ubwana bwa William Ruto ni urugero rwiza rw’ubuzima bw’Abanya-Kenya benshi b’abacyene.   Yajyaga kwiga mu mashuri abanza nta kintu yambaye mu birenge, inkweto za mbere yambaye yazambaye afite imyaka 15. Yanacuruje inkoko n’ubunyobwa ku muhanda mu duce tw’icyaro two mu…

Share this:
Posted on

Jose Mourinho ashobora gutoza Lionel Messi na Mbappe mu mwaka utaha

Share this:

Umutoza w’Umunyabigwi,Jose Mourinho, niwe watunguranye mu makuru ko ashobora gusimbura Umunya Argentina, Mauricio Pochettino muri Paris Saint-Germain.   Uyu Pochettino ejo hazaza he i Paris harashidikanywaho nubwo yatwaye Ligue 1 mu mwaka w’imikino ushize.   Jose Mourinho niwe uhabwa amahirwe…

Share this:
Posted on

Ntuzibeshye ngo ubwire umukunzi wawe aya magambo kuko ashobora gutuma mutandukana ako kanya

Share this:

Mu gihe uganiriza umukunzi wawe, hari amagambo amwe n’amwe ushobora gukoresha bikagaragara ko ufite imico itari myiza bikaba byanatuma akunyuzamo ijisho hakiri kare urukundo rwanyu rutaragira aho rugera. Ni byiza rero ko wirinda kujya ukoresha aya magambo, mugihe uganira n’uwo…

Share this:
Posted on

Niba ubona ibi bimenyetso menya ko waguye mu rukundo ntubimenye

Share this:

Urukundo ni kimwe mu byiza ikiremwamuntu gihura nacyo, umuntu ururimo neza aba yumva nta bindi byishimo akeneye ku Isi. Umuntu wakunze hari igihe nawe ubwe adahita amenya neza ko ari mu rukundo, bitewe n’uko ataba abasha gusobanukirwa ibiri kumubaho.  …

Share this:
Posted on

Umunyamakuru akaba n’umukinnyi wa Filime Clara yahishuye uburyo yatereranywe n’abakabaye bamufasha n’inzira y’umusaraba yanyuzemo

Share this:

Umunyamakuru akaba n’umukinnyi wa Filime Uwineza Clarisse uzwi nka Clala aherutse gutangaza ibikomere n’agahinda ahura nabyo nyuma y’ubuzima bubi yaciyrmo no kwizera abantu bakamutenguha.   Uyu mubyeyi yavukiye mu muryango utagize icyo ubuze ndetse avuga ko mu bwana bwe yabayeho…

Share this:
Posted on

Umukobwa w’ikizungerezi yahisemo kwirongora kubera impamvu itangaje – amafoto

Share this:

Ku nshuro ya mbere mu Buhinde,umukobwa w’Umuhinde w’imyaka 24 witwa Kshama Bindu, vuba aha azirongora mu bukwe bw’igitangaza yateguye   Uyu mukobwa ukiri muto, ukomoka i Vadodara, muri Gajeti, azishyingirwa ku ya 11 Kamena 2022, kandi ubukwe buzaba bukubiyemo ibintu…

Share this:
Posted on

Prince Kid Yakatiwe Kuguma Gufungwa By’agateganyo

Share this:

Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Kamena 2022 ,nibwo Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid Umuyobozi mukuru w’ikigo Rwanda Inspiration BackUp cyahoze gitegura irushanwa rya Miss Rwanda, yasomewe imyanzuro y’ubujurire n’urukiko rw’isumbuye rwa Nyarugenge.  …

Share this:
Posted on