Ubushinwa bushobora gusenya icyogajuru cya Elon Musk nyuma yo kuvumbura ko cyifashishijwe cyane mu gukubita incuro Uburusiya muri Ukraine
Ikinyamakuru Daily Mail cyatangaje mu cyumweru gishize, ubushakashatsi bw’Abashinwa buvuga ko u Bushinwa bugomba guteza imbere ubushobozi bwo guhagarika cyangwa kurasa icyogajuru cya Starlink cy’umuherwe wa mbere ku Isi, Elon Musk, mu gihe Beijing yabona ari ngombwa. Nk’uko bigaragara mu…
Leta y’ u Rwanda yaciwe miliyoni 638RWF mu manza yashowemo n’abakozi bayo mu 2020-2021
Komisiyo y’Abakozi ba Leta iratangaza ko hari abakozi n’abayobozi mu nzego za leta batangiye gukurikiranwa no kwishyura ku giti cyabo amafaranga angana na miliyoni 638, leta yaciwe n’inkiko mu manza yatsinzwemo n’abakozi bayo bayireze bakayitsinda kubera gufatirwa ibihano birimo no…
Kapiteni w’Amavubi, Kagere Meddie yahishuye icyatumye bananirwa gukura amanota 3 kuri Mozambique
Rutahizamu Meddie Kagere yatangaje ko kuba we na bagenzi be biraye nyuma yo gutsinda Mozambique igitego bigatuma ihita ibishyura, biri mu byatumye bananirwa kuyikuraho amanota atatu. Kuri uyu wa Kane ni bwo ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yaguye miswi na Mozambique igitego…
Abakobwa: Uyu musore ntakwiye kugucika. Dore ibimenyetso byakwereka ko umusore mukundana ari we wategereje ubuzima bwawe bwose
Mukobwa, sobanukirwa uko wamenya niba umusore ukunda ariwe wa nyawe mugomba kugumana ubuzima bwanyu bwose. Gufata icyemezo cya nyuma cy’uko umusore mukundana ari we wifuzaga ko yazakubera umugabo guhera mu buto, biragoranye kuko wenda uyu munsi wumva unyuzwe n’ibyo…
Fabrice Niyonkuru wihakanwe na se akaba yifuza kuzaba Visi Perezida yashyikirishwe inzu ya miliyoni 15RWF – AMAFOTO
Niba ukurikira amakuru y’imyidagaduro mu Rwanda ndetse ukaba ukurikira cyane amakuru anyuzwa ku mbuga nkoranyambaga, nta gushidikanya izina Fabrice Niyonkuru usanzwe urizi. Ni umwana w’umuhanga mu byo avuga no mu busizi. Impano itangaje afite y’ubusizi yatumye abasha guhura na…
Yasohowe mu ndege kubera kugira amabere apima ibiro bisaga 10 – AMAFOTO
Umunyamideli umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga uzwi nka Mary Magdalene, yiyemeje kurega abaherutse kumusohora mu ndege bamurega ibirego bidashinga, nyamara ari uko bamuvanguye bamuziza uko ateye n’amabere ye apima ibilo 10. Uyu munyamideli ukomoka mu gihugu cya Canada, yatangaje ko…
Ntuzatungurwe: Dore ibimenyetso simusiga bizakwereka ko umukunzi wawe arimo kukwikuramo gahoro gahoro ndetse ko mu gihe gito azagusiga wenyine
Niba uri mu rukundo cyangwa se ufite umukunzi ariko ukabona bitagenda neza bitewe n’uburyo mwari mubanye mukimenyana, hari amahirwe menshi ko muri mu nzira yo gutandukana. Hari ibintu bimwe na bimwe byagufasha kumenya ko umukunzi wawe atacyikwiyumvamo, cyangwa se…
The Ben yahishuye ko umukunzi we Miss Pamella bari kumwe i Kampala n’ubwo nta munyamakuru wamubonye
Umuhanzi uri mu bakunzwe hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo wamamaye nka The Ben yageze i Kampala aho agiye gukorera igitaramo avuga ko umukunzi we n’ubwo atagaragaye mu bamuherekeje ariko ahari. Uyu muhanzi ugiye gutaramira Uganda bwa mbere…
RDC: Perezida yirukanye abasirikare bakuru 4 bashinjwa gukorana n’u Rwanda
Perezida Antoine Felix Tshisekedi w’igihugu cya DR Congo yirukanye abasirikare bane bakomeye muri FARDC bashinjwa gukorana n’u Rwanda. Iteka rya Perezida Antoine Felix Tshisekedi ryasohotse ku munsi w’ejo tariki ya 2 Kamena 2022 , risomerwa kuri Radio na Televiziyo…
Mbappe yasubije abafana bamurakariye bamushinja gushaka kwirukanisha abakinnyi benshi
Rutahizamu wa PSG,Kylian Mbappé ahakana yahakanye amakuru yamushinjaga ko yasabye ubuyobozi bw’ikipe kwirukana Pochettino, Neymar n’abandi bantu 14 bo muri iyi kipe kuko ngo bamuhaye uburenganzira bwo kuyobora ibibera muri PSG. Uyu mukinnyi aheruka kongera amasezerano muri PSG,nyuma yo…