Abasore: Umukobwa nagukorera kimwe muri ibi ntu uzamenye ko atagukunda na gato
Hari ibintu by’ingenzi umukobwa ukunda agukorera bikaba byahita bikwereka ko atagukeneye na gato mu rukundo. Igitsina gore mu miterere ya cyo kirihariye cyane kuko usanga rimwe na rimwe badapfa kugaragaza amarangamutima yabo ku kintu batishimiye gusa hari bimwe bisa…
DRC: Nyuma yo gukora amahano yo gutwika ibendera ry’u Rwanda barashaka kuvogera imipaka
Ubushotoranyi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku Rwanda busa n’aho bwavuye mu bayobozi bukimukira mu baturage kuko bakamejeje mu bikorwa bigaragaza uburakari n’urwango bafitiye u Rwanda, nyuma yo gutwika ibendera ry’u Rwanda, abanyekongo baturiye ku mupaka w’u Rwanda…
Shaddyboo yahaye isezerano rikomeye umukunzi we bakomeje kuryoshyanya ubuzima
Mbabazi Shadia umunyamideri wamamaye ku izina rya Shaddyboo hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo akomeje kugaragaza ko aryohewe n’urukundo arimo n’umusore witwa Manzi ndetse ko yiteguye kumukurikira aho yajya hose. Nyuma y’igihe kitari gito uyu mubyeyi w’abana babiri…
USA: Umuntu witwaje intwaro yinjiye mu bitaro arasa mu bantu yica 4
Abantu bane bishwe barashwe ku bitaro by’i Tulsa muri leta ya Oklahoma muri Amerika, nk’uko polisi ibitangaza. Abapolisi bavuze ko ukekwaho kubarasa, wari ufite imbunda ebyiri, nawe yapfuye. Polisi yageze ku bitaro bya St Francis kuwa gatatu nimugoroba…
Dore amagambo 10 ugomba kubwira umukunzi wawe buri munsi niba wifuza ko agukunda ukamwiharira wenyine
Urukundo ni nk’ubusitani bw’indabo, bukeneye kubagarirwa no kuhirwa buri munsi. Kubaka urukundo rero ni uguhozaho, ari yo mpamvu hari amagambo make ushobora gohora ubwira umukunzi wawe akarushaho kugukunda no kukwiyumvamo. Iyemeze ko igihe cyose uzaba ufite uwo ukunda, yaba…
Igisirikare cya RDC nticyumva ukuntu u Rwanda rubangamiwe na FDLR cyagize amateka
Umuvugizi w’Igisirikare cya RDC, Gen Maj Léon-Richard Kasonga, yatangaje ko igisirikare cya FARDC cyakoze ibishoboka byose mu kirwanya FDLR ku buryo muri iki gihe imaze kuba amateka. Ubwo yari mu kiganiro cy’umutekano n’abanyamakuru I Kinshasa kuwa 30 Gicurasi 2022,…
Abafana ba Liverpool barakajwe cyane n’umwanzuro Mohamed Salah yafashe
Rutahizamu Mohamed Salah ashobora kwerekeza mu ikipe y’umukeba wa Liverpool kuko bivugwa ko ashaka kuguma muri Premier League nubwo yananiwe kumvikana amasezerano mashya n’iyi kipe ye Salah yiyemeje gukomeza gukorana na Jurgen Klopp mu mwaka w’imikino wa 2022-23 ariko…
Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukunzi wawe azi kuryoshya cyane akabariro mutiriwe mubikora
Ibi bintu uko ari 4 ubibike ahantu wizeye niba ushaka kumenya ko umukunzi wawe aryoshya akabariro. 1. AZI GUSOMANA CYANE: Niba umukunzi wawe azi gusomana cyane, menya ko afite n’ubushobozi bwo kuba yaryoshya akabariro. 2. AFITE UBUHANGA MU KUGANIRA:…
Juno Kizigenza yavuze ku rukundo rwe na Sabine witabiriye Miss Rwanda 2022 bivugwa ko yasimbuje Ariel Wayz
Umuhanzi uri mubazamuka neza muri muzika nyarwanda Jean Bosco Ntwari uzwi cyane ku izina rya Juno Kizigenza yongeye gusobanura umubano we n’umukobwa witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda w’uyu Mwaka 2022 , bivugwa bari mu munyenga w’urukundo nyuma yo gutandukana na…
Yambitswe ikamba ry’ubwamikazi n’umwana yahaye ibiceri 600RWF bikamuhindurira ubuzima
Vuguziga Margaritha uzwi ku izina rya Mama Kwizera yasazwe n’ibyishimo nyuma yo kwiturwa n’umwana yafashije akamuha ibiceri 600 kugeza ubu ubuzima bwe bukaba bwarahindutse biturutse kuri uwo mwana usigaye abarizwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Uyu mubyeyi ari mu…