Month: June 2022

RDC: Gen. Chico Tshitambwe ukuriye abarinda perezida Tshisekedi yarashwe na M23

Share this:

Gen. Chico Tshitambwe wari umuyobozi w’abajepe barinda Perezida Tshisekedi wari woherejwe kurandura M23 , nyuma yo gutsindwa kwa Gen. chirumwami, yarasiwe kurugamba ataramara iminsi ibiri.   Gen Chico yarashwe akaboko mu gihe yari amaze iminsi ibiri ageze ku rugamba, Rwandatribune…

Share this:
Posted on

MU MAFOTO: Irebere ibizungerezi byitabiriye igitaramo cya ‘Chop Life Kigali’

Share this:

Igitaramo cya Chop Life Kigali cyabaye kuri uyu wa Gatandatu cyaririmbyemo abahanzi barimo Tekno, Nasty C, Khaligraph Jones, Bruce Melodie, Kenny Sol, Bushali na Ariel Wayz, cyitabiriwe n’abiganjemo abanyarwandakazi b’ubwiza n’uburanga bari baje bacyambariye.   Kimwe mu bintu u Rwanda…

Share this:
Posted on

Dore ibintu 10 wakorera uwo mwashakanye mu gihe cy’akabariro ntazigere na rimwe atekereza kuguca inyuma

Share this:

Gucana inyuma hagati y’abashakanye cyangwa se abakundana ni ibintu bikorwa cyane cyane iyo hari ibintu aba bombi badahurizaho cyangwa se batumvikana n’ubwo hari ababikora kubera kamere yabo ibibatera cyangwa se kubaho mu buzima batanyurwa.   Abahanga ndetse bakaba n’abashakashatsi muby’imibanire…

Share this:
Posted on

Dore ibintu 14 ugomba kumenya no kuzirikana mbere yo gutangira gutereta umukobwa niba utifuza kuzaterwa indobo

Share this:

  Niba ugifite ikibazo cyo kumva ibi bitekerezo rusange, reka turebe ibi bitekerezo byihariye byuburyo bwo gutuma umukobwa agukunda.   1. Menya imbaga ye cyangwa ube mu bagize imibereho ye. Gerageza kuba umwe mu isi ye ushyiraho umwete wo guhura…

Share this:
Posted on

Dore ibintu 12 bimunga urukundo buhoro buhoro kugeza ruzimye burundu abakundanaga nta n’umwe urabutswe. Niba uri mu rukundo ubyitondere

Share this:

Imyitwarire umuntu agira mu rukundo niyo iruha kuramba, gukomera cyangwa gusenyuka, bityo rero igihe cyose ukeneye kugumana n’umukunzi wawe, hari uburyo uba ugomba kwitwara bya buri munsi. Niba ufite imwe muri iyi myitwarire umenye ko ufite umwanzi uzirana n’urukundo ndetse…

Share this:
Posted on

The Number Of Foreign Fighters In Ukraine Is Revealed

Share this:

Foreign fighters would help Ukraine deal with Russia by about 20,000 and from 50 countries around the world.   The BBC reports that 20,000 foreigners are in Ukraine to help the country fight Russia.   They go to war for…

Share this:
Posted on

Why Did President Kagame Invite The Emir Of Qatar To CHOGM?

Share this:

President Paul Kagame thanked Tamim bin Hamad Al Thani, Emir of Qatar, for his incomparable leadership in energy security, relief and anti-corruption activities.   His Excellency Tamim bin Hamad was the special guest at the Commonwealth Leaders’ Meeting (CHOGM) which…

Share this:
Posted on

Umusore w’imyaka 21 yishwe n’abavandimwe nyuma y’uko yanze gutirura imyenda yatijwe

Share this:

Reaction Unit SA (RUSA) yavuze ko ku wa kane w’iki cyumweru, umusore w’imyaka 21 yishwe n’abavandimwe nyuma y’uko bivugwa ko yanze gutirura imyenda yatijwe mu ntara ya KwaZulu Natal muri Afurika y’Epfo.   Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa Reaction Unit SA…

Share this:
Posted on

Muganga yateye umurwayi guhuma nyuma yo kumukuramo ijisho rizima agasiga irirwaye

Share this:

Muganga yakoze amakosa akomeye akuramo ijisho ritari ryo mu gihe cyo kubaga umurwayi, bimuviramo guhuma. Ibi byabaye nyuma y’akazi gakomeye kakorewe mu bitaro bya Slovakia.   Uyu murwayi yari agiye kubagwa ijisho rye ryangiritse ariko umuganga yakuyemo by’impanuka ijisho rizima…

Share this:
Posted on

Abarinda Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bakoze imyigaragambyo bamusaba ko yabaha intwaro bagatera u Rwanda

Share this:

Abarinda Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bakoze imyigaragambyo bamusaba ko yabaha intwaro bakaza mu Rwanda kurangiza intambara yabananiriye ku butaka bwabo.   Babitangaje kuri uyu wa Gatanu mu myiyereko bakoreye mu mihanda ya Kinshasa, bagamije kwerekana…

Share this:
Posted on