Month: June 2022

Liverpool ishaka kugurisha Mohamed salah yavuze akayabo imushakamo

Share this:

Ikipe ya Liverpool ishaka kugurisha Mo Salah agakurikira Sadio Mane hanze ya Anfield muri iyi mpeshyi kuko nawe yanze kongera amasezerano.   Ba nyiri ikipe, FSG bazagurisha byanze bikunze Salah inibabona ikipe imutangaho miliyoni 60 z’amapawundi.   Igihangange cyo muri…

Share this:
Posted on

Abagore: Dore Ibintu 24 byoroshye ukwiriye kwitoza gukora niba umugabo wawe ataguhaza mu buriri

Share this:

Umugabo wawe ashobora kuba ataguhaza mu buriri kubera impamvu zitandukanye. Kenshi usanga abagore batinya kubibwira abagabo babo ahubwo bagahitamo gushaka indi nzira yabafasha kunyurwa harimo no kuba babaca inyuma ibintu ubundi bitagakwiye kuko hari uburyo umugore ashobora gukoresha bigatuma afasha…

Share this:
Posted on

Congo yavuze icyo u Rwanda rwakora hakongera kuba ubwumvikane hagati y’ibihugu byombi

Share this:

Umuvugizi wa leta ya Repuburika ya Demokrasi ya Congo avuga ko icyo u Rwanda rwakora hakagaruka umwuka mwiza hagati ya Congo n’u Rwanda ari uko rukwiriye gufata umutwe wa M23 kimwe na FDLR, yombi ikarwanywa kimwe nk’abagizi ba nabi bahungabanya…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yahawe umwanya ukomeye muri CHOGM aho yasimbuye Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza

Share this:

Nyuma y’aho u Rwanda rwakiriye inama ya CHOGM2022, Perezida Paul Kagame ni we ugiye kuyobora iyi nama mu myaka ibiri iri imbere.   Asimbuye kuri uyu mwanya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson.   Muri iyi nama kandi ya #CHOGM2022,iri…

Share this:
Posted on

Dore ibintu 5 bisenya urukundo mu kanya nk’ako guhumbya n’ubwo abantu babibona nk’utuntu duto

Share this:

Twese tuzi abashakanye benshi babaga bagaraza ko bakundana cyane, ariko nyuma y’igihe gito, baratandukanye. Iyo uganiriye nabo benshi muri bo bavuga ko batazi uko byatangiye n’igihe byatangiriye.   Ni byiza kumenya ibi bintu tugiye kukubwira kugirango nawe utazatungurwa: 1. Guhagarika…

Share this:
Posted on

Abagabo gusa: Dore ibitera kugira intege nke mu gitanda n’ibyo ukwiriye kwirinda gukora ngo utagwa muri iki kibazo

Share this:

Uburyo bw’imyororokere ku bagabo no kugira imbaraga bigendana n’imyaka. Uko umugabo agenda abura imbaraga mu buzima busanzwe (ari gusaza), ni na ko no mu buriri bigenda bigabanuka gusa bigaterwa n’impamvu nyinshi. Ese kuki ucika intege cyane ku buryo bukabije? Ni…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore amarenga akorwa n’abakobwa utari uzi icyo asobanuye

Share this:

Mu rukundo hari byinshi bikorwa ariko bikabanzirizwa n’imvugo zitandukanye. Hari ubwo rero umuntu ashobora kuguha ubutumwa muri iki gihe nyamara we atigeze abumbura umunwa we ngo akuvugishe.   Ni kenshi mu rukundo umukobwa avuga oya kandi yemeye, ubundi akavuga yego…

Share this:
Posted on

Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukunzi wawe agikunda cyane uwo bahoze bakundana(Umu-ex)

Share this:

Hari igihe umuntu agira umukunzi mu buzima bagatandukana, baba barabanye cyangwa se batarabana nyuma ugasanga ashatse umugore cyangwa umugabo, ariko urukundo rwe ntirube rwaravuye kuri wa wundi wa mbere.   Ibintu 6 bikwereka ko uwo mwashakanye agikunda uwahoze ari umukunzi…

Share this:
Posted on

Abakobwa: Dore ibimenyetso 10 byakwereka ko umusore mukundana akubangikanya(agutendeka) n’abandi bakobwa

Share this:

Ni kenshi wibaza niba koko ari wowe wenyine akunda, cyagwa se ugatekereza ko umusore mukundana ashobora kuba agutendeka. “Player” ni ijambo ry’icyongereza rikunda gukoreshwa cyane ku basore batajya bahama hamwe mu rukundo, bahora bashaka kugira abakunzi barenze umwe, kandi bagakora…

Share this:
Posted on

Umugore yakoze ubukwe butangaje n’igipupe anahishura ko bafitanye umwana ndetse n’aho uru rukundo rutangaje rwakomotse

Share this:

Umugore ukomoka muri Brazil, avuga ko yakundanye akanashyingiranwa n’igipupe yakorewe na mama we,kandi ubu ngo bombi bafite ’umwana’ .   Meirivone Rocha Moraes avuga ko byari urukundo ku nshuro ya mbere abonanye niki gipupe yakorewe na nyina bakacyita “Marcelo”.  …

Share this:
Posted on