Month: July 2022

Ibyo wamenya kuri Dr. Jean Chrysostome Ngabitsinze na Eric Rwigamba bagizwe ba Minisitiri

Share this:

Perezida wa Repubulika yashyizeho Abaminisitiri bashya uyu munsi, aho Dr. Jean Chrysostome Ngabitsinze yagizwe Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda naho Eric Rwigamba agirwa Minisitiri w’Ishoramari rya leta.   Dr. Ngabitsinze wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yasimbuye Habyarimana Béata wagizwe…

Share this:
Posted on

Dore ibintu byoroshye cyane wakorera umugore wawe bigatuma wigarurira burundu umutima we ntazigere atekereza undi mugabo utari wowe

Share this:

Abagore/abakobwa ni abantu bagira ibyishimo biturutse ku kantu gato cyane kababayeho, gusa n’ubwo bishima biturutse hafi burya banababazwa n’utuntu duto.   Kugira ngo umubano w’umugabo/umusore n’umugore/umukobwa ukomere, ugomba gukora ibi bintu:   1. Mwereke ko umwitayeho    Igitsina gore gikunda…

Share this:
Posted on

Ikamyo yakoreye impanuka ikomeye mu karere ka Kamonyi imifuka ya Sosoma yari yikoreye irasandara

Share this:

Mu rukerera rw’uyu wa 30 Nyakanga 2022, ikamyo yari yikoreye toni nyinshi za Sosoma zari mu mifuka ifunze yanditseho USAID, yakoreye impanuka mu Kagari ka Karengera, Umurenge wa Musambira ahazwi nko mu ry’Abasomari, mu karere ka Kamonyi.   Iyi kamyo…

Share this:
Posted on

Abasore: Urashaka kwiharira umutima w’umukobwa ukunda wenyine ntazigere atekereza undi musore mu buzima bwe? Dore uko wabyitwaramo

Share this:

Bijya bibaho ko ukundana n’umuntu bigakomera nyamara k’uruhande haba hari abandi bantu bamwifuza ndetse bakanakora ibishoboka ngo bamugutware.Menya ibyo wakorera umukunzi wawe bikamwibagiza abandi bamutereta.   Musore niba wifuza gukomeza umubano wawe n’umukunzi wawe ukamurinda ko abandi bamutereta bamwegukana dore…

Share this:
Posted on

Ntuzigere ukora ikosa ryo kugereranya urukundo rwawe n’urw’abandi – IMPAMVU

Share this:

Abantu benshi usanga bishimira kuba mu buzima nk’ubwo abandi babayemo kandi baravuga ngo ingendo y’undi iravuna, ikindi kandi ibyo abantu bagaragaza hanze akenshi usanga bitandukanye n’ukuri ni byiza ko umuntu yiga kubaho mu buryo bwe kandi akishimira ibyo afite kuko…

Share this:
Posted on

Miss Jolly yavuze ko aticuza kuba yarise bamwe mu bagabo inyana z’imbwa

Share this:

Nyampinga w’u Rwanda 2016 Miss Mutesi Jolly yongeye gusubiza abibaza ko yaba afite umukunzi, avuga ko adashobora kwicuza amagambo aherutse kuvuga ku bagabo aho yavuze ko hari abagabo b’Inyana z’Imbwa amagambo atarakiriwe kimwe muri rubanda.   Abinyujije ku rukuta rwe…

Share this:
Posted on

Gen.Muhoozi yifurije ishya n’ihirwe Ian Kagame – umuhungu wa Perezida Kagame – wenda gusoza amasomo ye ya gisirikare

Share this:

Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka za Uganda, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yifurije ishya n’ihirwe Ian Kagame, umwana wa Perezida Paul Kagame, agiye gusoza amasomo ya Gisirikare mu ishuri rikomeye ryo mu Bwongereza, amuha ikaze mu mwuga w’igisirikare.   Lt…

Share this:
Posted on

CHAN2022: Ethiopia Yahaye Ubutumwa Bukomeye Amavubi Bagomba Gusakirana Mu Ijonjora Rya Nyuma

Share this:

Byamaze kumenyekana ko mu ijonjora rya nyuma ryo gushaka itike ya CHAN2022 U Rwanda ruzahura na Ethiopia yanyagiye ibitego 5-0 South Sudan,mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya mbere.   Ethiopia izahura n’ Amavubi mu ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza muri…

Share this:
Posted on

Sandra Teta wakubiswe bikomeye yahishuye uwamuhohoteye n’ubwo hakwegwa umugabo we

Share this:

Hari amakuru yiriwe avugwa ku munsi w’ejo ko Umunyarwandakazi Sandra Teta yakubiswe bikomeye n’umukunzi we Weasel usanzwe ari umuhanzi ukomeye muri Uganda, bamaze igihe babana nk’umugore n’umugabo ndetse banamaze kubyarana abana babiri.   Amafoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Sandra…

Share this:
Posted on

Musanze: Umuganga yahamwe n’icyaha cyo gusambanya umwana w’imya 17 waje kuboneka yapfuye

Share this:

Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye igifungo cy’imyaka 25 Muganga Maniriho Jean de Dieu, rumuhamije icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa witwaga Iradukunda Emerence w’imyaka 17, waje kuboneka yapfuye kuwa 02 Ugushyingo 2020.   Uyu muganga yashinjwaga ibindi byaba birimo icyaha cyo…

Share this:
Posted on