Abakobwa: Uyu musore ntakakubeshye niba akora ibi bintu nta gaciro ugifite imbere ye
Akenshi iyo ubushuti hagati y’umuhungu n’umukobwa bigeze ku ndunduro yo gusenyuka, umwe aba atagifite agaciro imbere y’undi agashaka uko yahagarika uwo mubano. Impamvu nyamukuru yo gusenyuka k’uwo mubano ni uko umusore aba atakibona agaciro k’umukunzi we. Aha turibanda ku…
Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa mukundana azavamo umugore mwiza
Abantu benshi bakunze kujya mu rukundo ariko ugasanga bagorwa no guhitamo abo bazabana bitewe cyane n’abo bifuza ariko hari ibintu by’ingenzi biranga umukobwa wavamo umugore mwiza ku buryo umusore wabibonye ku mukobwa bishobora gutuma afata umwanzuro wo kumushyira mu rugo….
Abakobwa: Dore ibyo umukobwa akwiye kwibaza, kumenya no kubonera igisubizo mbere yo kwemera kuryamana n’umusore bakundana
Hari ibintu 5 umukobwa wese aba agomba kwibaza mbere yo kwemera kuryamana n’umusore w’iki gihe. Muri iki gihe ubusambanyi bumaze gufata indi ntera hagati y’abasore n’abakobwa bitwaje urukundo, nyamara ibi ni inzaduka mu muco nyarwanda ntibyahozeho ndetse ababikoraga babafataga…
Ujya wibaza niba umukobwa ukunda azavamo umugore mwiza? Dore uko wabimenya bitakugoye
Gushyingiranwa n’umuntu mukagira umuryango mwiza ni kimwe mu bintu byiza biba mu buzima bw’umuntu nkuko bavuga ngo urugo rwiza n’ijuru rito hari ibintu by’ingenzi bishobora kugufasha kumenya niba umukobwa mukundana ashobora kuvamo umugore mwiza. Bimwe mu bintu ushobora kureberaho…
Umukobwa w’uwahoze ari perezida yaciye ibintu nyuma yo gushyira hanze amashusho ye abyina azunguza ikibuno
Umukobwa w’ikinege w’uwahoze ari Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama witwa Farida Mahama, yatwitse imbuga nkoranyambaga kubera videwo ye ari gucugusa ikibuno yagiye hanze. Muri videwo yagiye ahagaragara, uyu mukobwa w’uwahoze ari perezida John Dramani Mahama yafashwe yerekana ubuhanga…
Amateka y’urukundo rwa Mukamana Christine wari umubikira akaza gushyingiranwa n’umushumba
Mukamana Christine wiyambuye umwambaro w’ububikira kubera urukundo agashakana na Ndayishimiye Fabrice wari umushumba bavuze byinshi ku rukundo rwabo. Mukamana Christine wahoze ari umubikira n’umugabo we Ndayishimiye Fabrice wari umushumba batuye mu Murenge wa Nzige mu Karere ka Rwamagana. …
Inteko y’Amerika yemeje umwanzuro usaba u Rwanda kurekura Rusesabagina byihuse
Inteko ishingamategeko ya Amerika, umutwe w’abadepite, yemeje umwanzuro wo gusaba leta y’u Rwanda ‘kurekura aka kanya’ Paul Rusesabagina ku ‘impamvu za ubumuntu’. Inteko ishingamategeko ya Amerika, umutwe w’abadepite, yemeje umwanzuro wo gusaba leta y’u Rwanda ‘kurekura aka kanya’ Paul…
Gasabo: Umukizi wo mu rugo ukekwaho kwica umwana yareraga yabihakaniye mu rukiko
Kuri uyu wa Gatanu Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwatangiye kuburanisha mu ruhame Nyirangiruwonsanga Solange ukekwaho icyaha cyo kwica umwana w’umuhungu Rudasingwa Ihirwe Davis w’imyaka 9, wishwe Taliki ya 12 Kamena 2022. Uyu mugore wari umukozi wo mu rugo ari…
Perezida wa Sri Lanka yahunze nyuma yo kotswa igitutu n’abaturage bamuteye iwe mu rugo
Perezida wa Sri Lanka Gotabaya Rajapaksa yahunze igihugu mu ndege ya gisirikare, mu gihe hari imyigaragambyo ikomeye ishingiye ku izahara ry’ubukungu bw’iki gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo. Igisirikare cy’iki gihugu kirwanira mu kirere cyemeje ko uyu mugabo w’imyaka 73…
Icyo Bucyibaruta yavuze nyuma yo gukatirwa ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda
Urukiko rwo mu Bufaransa ku wa kabiri rwakatiye gufungwa imyaka 20 uwahoze ari Perefe wa perefegitura ya Gikongoro mu majyepfo y’u Rwanda, nyuma yo gusanga ahamwa n’ubufatanyacyaha muri jenoside yo mu Rwanda. Laurent Bucyibaruta, w’imyaka 78, ni we Munyarwanda…