Umwana w’imyaka 17 arakekwaho kwica mubyara we w’imyaka 31 bapfa gucomeka Telephone
Mu Gihugu cya Kenya mu Ntara ya Nandi haravugwa inkuru y’umwana w’imyaka 17 wahitanye ubuzima bwa Mubyara we w’imyaka 31 ubwo basiganiraga gucomeka Telephone. Josphat Kibet wo mu Gihugu cya Kenya uheruka kwitaba Imana biravugwa yahitanywe na muubyara we…
Muhanga: Umugore wicuruzaga yasanzwe yapfuye
Mu Karere ka Muhanga mu Mudugudu wa Nyarucyamo III hasanzwe umugore ku muhanda yapfuye bikekwa ko ari abagizi ba nabi baba bamuteze. Uyu mugore witwa Uwamahoro Joselyne w’imyaka 34 yasanzwe ku muhanga yapfuye kuwa 10 Nyakanga 2022 mu Mudugudu…
Izack Munyo yambitse Rugaju Jeannette impeta nyuma y’imyaka 9 bakundana – AMAFOTO
Umuhanzi Izack Mucyo uzwi mu ndirimbo ‘Imbaraga’ yatunguye umukunzi we Rugaju Jeannette amwambika y’impeta y’urukundo (Fiançailles), nk’ikimenyetso cy’uko mu minsi iri imbere bazarushinga nk’umugabo n’umugore mu gihe cya vuba. Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 10 Nyakanga 2022…
Abasore: Dore ibintu bishobora gutuma umukobwa ukunda akureka akajya kwishakira undi musore. Ukwiye kubyitararika cyane
Hari ibintu byatuma umukobwa mukundana arambirwa urukundo rwanyu ku buryo byanatuma mutandukana. Niba umukobwa mukundana yishimiye urukundo rwanyu nawe ntacyo atazakora ngo wishime. Niyo mpamvu ugomba kumenya ibishobora gutuma arambirwa imibanire yanyu niba wifuza ko urukundo rwanyu ruramba. …
PSG yashyize ku isoko abakinnyi 11 biganjemo abo mu ikipe ya mbere
Nk’uko bikomeje gutangazwa n’ibinyamakuru byo mu Bufaransa,Ikipe ya Paris Saint-Germain yashyize ku isoko abakinnyi 11 biganjemo abo mu ikipe ya mbere. Iyi kipe yatwaye Ligue 1 iheruka,yamaze kwirukana Mauricio Pochettino muri iyi mpeshyi, imusimbuza Christophe Gaultier. PSG yemereye…
Rutikanga watangije iteramakofe mu Rwanda yatabarutse
Rutikanga Ferdinand watangije umukino w’iteramakofe mu Rwanda yitabye Imana azize uburwayi bwa Cansel yari amaranye iminsi. Inkuru y’urupfu rwa Ferdinand Rutikanga yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri Taliki 12 Nyakanga 2022. Amakuru ahari avuga ko Nyakwigendera…
Rubavu: Ushinzwe uburezi yirukanwe nyuma yo kohereza umukozi wo mu gikoni kumuhagararira mu gikorwa cyo kwibuka
Umukozi w’Umurenge wa Rugerero ushinzwe uburezi yanenzwe cyane bikomeye n’abaturange nyuma y’uko yohereje umukozi utekera abanyeshuri kumuhagararira nk’umushyitsi mukuru mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Amakuru ahari avuga nyuma y’uko aya makuru asakaye uyu mukozi…
Dore ibyo ugomba kwitwararika niba wifuza kubaka urukundo rutajegajega
Urukundo rw’ukuri ni urukundo rugira intego ndetse n’amahame rugenderaho, hari inkingi icumi urukundo rushobora kubakiraho rugakomera kuburyo byagorana ko rwasenyuka. Dore bimwe mu bintu urukundo rushobora gushingirwaho rugakomera 1. Guharanira ukuri Akenshi mu rukundo iki ni kimwe mu…
Abapolisi bakubiswe iz’akabwana n’abaturage bibaviramo kujyanwa mu bitaro bazira guteza impanuka ipfiramo umuntu
Abapolisi babiri bajyanywe mu bitaro bameze nabi nyuma yo gukubitwa n’abaturage bo mu gace bakoreragamo. Ku wa gatanu w’icyumweru gishize nibwo aba bapolisi babiri bakomerekejwe bikabije nyuma y’uko agatsiko kari karakaye kabasanze ku muhanda wa Highglen i Harare muri…
Amagambo Shaddyboo yabwiye umukunzi we yazamuye amarangamutima ya benshi
Umunyamideli ukomeye hano mu Rwanda wamamaye nka Shaddyboo yabwiye umugabo we amagambo akomeye avuga ko yifuza kumubera byose ku buryo amubonamo nk’ahantu heza umuntu yajya yishimye ndetse akanahajya ababaye. Ni ubutumwa Shaddy yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yifashishije…