Month: July 2022

Hon.Habineza Frank ntiyanyuzwe n’ibyo Perezida Kagame yatangarije France 24 ku byo yakongera kwiyamamaza mu myaka 20 iri imbere

Share this:

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza yavuze ko adashyigikiye ibiherutse gu tangazwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ko ashaka kuzongera kwiyamamaza mu myaka 20 iri imbere.   Ibi Dr Frank Habineza yabitangaje…

Share this:
Posted on

U Rwanda rwungutse ba Major General 3 bashya na Brigadier General umwe

Share this:

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga wa RDF, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 3 bari ku ipeti rya Brig. General bahabwa ipeti rya Major General.   Abazamuwe ni Brig. Gen. Vincent Nyakarundi, Umuyobozi Mukuru ushizwe Ubutasi bwa Gisirikare, Brig. Gen….

Share this:
Posted on

M23 yerekeje intambwe zayo i Goma nyuma yo kwigarurira Tutshuru na Rumangabo

Share this:

Umutwe wa M23 watangaje ko ubu ugenzura Rutshuru yose ndetse na Rumangabo muri RDC ndetse ubu biteguye kwerekeza mu mujyi wa Goma bakawufata.   Nkuko yabitangaje kuri Twitter,Umuvugizi wa M23,Major Willy Ngoma,yabanje gutangaza ati “Bwije neza mu duce M23 irimo…

Share this:
Posted on

Sadate Munyakazi yavuze ko yaharaniye amaserano Rayon Sports iheruka guhabwamo miliyari y’amanyarwanda n’umuterankunga wayo Skol

Share this:

Uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate,yatangaje ko yishimiye ko ibyo yaharaniye byagezweho kuko akayabo yifuzaga ko uruganda rwa SKOL ruha Rayon Sports katanzwe.   Ibi byabaye nyuma yo kuvugurura amasezerano hagati ya Rayon Sports na SKOL, aho iyi kipe…

Share this:
Posted on

Rusizi: Umusaza n’umukecuru babanaga basanzwe bapfuye

Share this:

Mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Nyakabuye mu Kagali ka Mashyuza Mudugudu wa RUKAMBA, hasanzwe umusaza n’umukecuru babanaga bapfuye bari ahahoze Amashyuza.   Urupfu rw’uyu Musaza witwa Samvura w’imyaka 62 n’umukecuru witwa Colleta MUKANTIRIMA w’imyaka 50 rwamenyekanye mu gitondo…

Share this:
Posted on

Umupasiteri yashyingiranwe n’abagore 4 b’amasugi icyarimwe atanga ubutumwa bwuzuye urujijo

Share this:

Muri RD Congo, umupasiteri yakoze agashya ashyingiranwa n’abakobwa 4 b’amasugi icyarimwe ndetse asezeranya ko atazahagararira aho.   Ubu bukwe budasanzwe bwizihirijwe i Bukavu, umujyi uherereye mu burasirazuba bw’igihugu.   Zagabe Chiluza, umushumba ufite abagore benshi, yashakanye n’abagore bane b’amasugi ku…

Share this:
Posted on

Sri Lanka: Abaturage bateye ingoro ya Perezida kumweguza

Share this:

Muri Sri Lanka, habereye imyigaragambyo ikomeye kugeza ubwo Perezida yafashe umwanzuro wo guhunga. Abaturage binjiye mu Ngoro y’Umukuru w’Igihugu iherereye ahitwa Colombo bateza akavuyo gakomeye.   Abigaragambya baturutse impande zose z’igihugu bakoze urugendo berekeza i Colombo basaba ko Perezida yegura…

Share this:
Posted on

Musanze: Iby’umusaza wapfiriye ku kagari bikomeje kuba inshoberamahanga

Share this:

Umusaza witwa Ndangurura Claver wakoraga akazi k’ubuzamu Mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Cyuve Kagari ka Kabeza yasanzwe ku Biro by’ako Kagali ari naho yakoraga yitabye Imana urupfu rwe rutera benshi urujijo.   Urupfu rw’uyu musaza w’imyaka 60 y’amavuko…

Share this:
Posted on

Uganda: Umusirikare muto agiye kujya ahembwa asaga ibihumbi 274RWF mu gihe aba-Generari bazajya bahembwa akabakaba miliyoni 3RWF

Share this:

Leta ya Uganda irateganya kwemeza iyongezwa ry’umushahara mu gisirikare cy’igihugu, UPDF, aho umusirikare muto azajya ahembwa amashilingi miliyoni imwe ku kwezi. Ikinyamakuru Nile Post gisobanura ko amakuru cyahawe n’umwe mu bakomeye muri Minisiteri y’ingabo avuga ko uyu mwanzuro umaze igihe…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yavuze ku kuba yakongera kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora ataha azaba muri 2024

Share this:

Mu kiganiro umukuru w’igihugu yagiranye na Perelman kuwa Gatanu, cyanagarutse ku ngingo zitandukanye, uyu munyamakuru yagarutse ku kibazo niba Kagame azongera kwiyamamaza. Perelman ati “Ese urateganya kongera kwiyamamaza?” Umukuru w’Igihugu yamusubije ko amatora ari amahitamo y’abaturage, kandi akorwa mu mucyo…

Share this:
Posted on