Alliah Igihozo umaze kubaka izina muri cinema yagaragaye abyina azunguza ikibuno induru ziravuga – Amashusho
Umukinnyi wa filime Igihozo Alliah yazunguje ikibuno ku rubuga rwa Instagram induru ziravuga. Uyu mukobwa wamamaye muri cinema nyarwanda yabikoze abinyujije mu mashusho yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram aho yari ari kuzunguza ikibuno mu buryo buteye amabengeza. Alliah ni…
Uwimbabazi Denyse wahoze ari umukobwa uteye neza yahitanwe na Kanseri
Uwimbabazi Denyse ubwo yajyaga kwa muganga baramupimye basanga ari cancer yakwirakwiye umubiri wose ku buryo yari yarahereye ku mwijima igafata n’ibindi bice by’umubiri byatumye umubiri we ugenda ushiraho bigaragara kuburyo yari asigaye ari amagufa. Ubwo Urugendo tv bamaraga gukora…
Uwahoze ari Perezida wa Angola José Eduardo dos Santos yapfuye
José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 38, yitabye Imana azize uburwayi. Akaba yapfiriye i Barcelone muri Espagne. Yapfiriye mu ivuriro ry’i Barcelona aho yari mu bitaro kuva muri Kamena. Hashize imyaka irenga itanu avuye…
M23 na FARDC bongeye kurwana inkundura
Intambara yongeye kwaduka hagati y’ingabo za reta ya Repuburika ya Demokrasi ya Congo n’izo mu mutwe witwaje intwaro wa M23, iminsi ibiri gusa abategetsi b’ibyo bihugu bahuriye i Luanda muri Angola mu nama yo guhosha iyo ntambara. Muri iyo nama…
Dore ibintu abashakanye bakora bikino bikarangira bicuza cyane
Mu rukundo haberamo ibintu byinshi kuburyo rimwe na rimwe umuntu akora ibintu yibwira ko ari ko gushimisha umukunzi we ariko nyuma agasanga ari amakosa yakoze ndetse bikanamugiraho ingaruka nyuma. Amwe mu makosa bantu bakunze gukora batabizi iyo bari mu…
Rwanda: Abanyeshuri b’abakobwa barwanye bapfa umusore byabaviriyemo kujyanwa mu bitaro – AMAFOTO
Abanyeshuri ba bakobwa bo mu Kigo cya APACE giherereye mu Mujyi wa Kigali barwanye bapfa umusore bagakomeretwsanya bagejejwe mu bitaro aho bari kwitabwaho n’abaganga. Ni imirwano yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 7 Nyakanga 2022…
Hakomeje kuba urujijo mu myirondoro ya Wa mukozi uherutse kwica umwana
Rudasingwa Victor Emmanuel umubyeyi wa Rudasingwa Ihirwe Davis uherutse kwicwa n’umukozi yavuze ku myirondoro y’uwari umukozi wabo wanabiciye umwana ikomeje kubatera urujijo kuko ibyangombwa bye byinshi bitandukanye. Mu Kiganiro Rudasingwa Victor umubyeyi wa Nyakwigendera yagiranye n’Ukwezi dukesha iyi nkuru…
Umukobwa yatunguranye ubwo yatandukanaga n’umukunzi we agahita ashakana n’uwari kuba Sebukwe
abantu benshi batangajwe n’ umukobwa w’imyaka 24 watandukanye n’umukunzi we agahitamo gushyingiranwa na se Sydney akomoka mu mugi wa Ohio muri reta zunze ubumwe za Amerika, yakundanye n’ umusore biganaga mu kigo cya amashuri yisumbuye cyitwa Muei nyuma baza…
Uwahoze ari Minisitiri w’intebe y’Ubuyapani yarasiwe mu bikorwa bya Politiki aho yatangaga imbwirwaruhame
Abe Shinzo wabaye minisitiri w’Intebe w’ubuyapani yarashwe mu rukerera kuri uyu wa Gatanu aho yari mu bikorwa byo kwamamaza. Amakuru ava mu Buyapani aravuga ko arembye bikomeye ariko uwamurashe yatawe muri yombi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu,…
Umukobwa w’uburanga wari wagiye kurwanira Ukraine yahitanwe n’igisasu cy’Uburusiya
Umunyamideli w’umunya Brazil wari winjiye mu gisirikare cya Ukraine nka mudahusha [sniper] yapfuye nyuma y’ibyumweru bitatu azize misile y’Uburusiya yatewe aho yari yateretse imbunda ye. Thalita do Valle w’imyaka 39, yari mu butumwa bw’ubutabazi ku isi kandi mbere y’aho…