The Ben yasezeranye mu mategeko na Miss Uwicyeza Pamella. Dore agashya gakomeye bakoze
Umuhanzi The Ben ukunzwe hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Uwicyeza Pamella nyuma y’amezi icumi amwambitse impeta. Ni umuhango wabereye mu Murenge wa Kimihurura, mu Karere ka Gasabo. Uyu muhango wabaye mu…
Abagabo: Dore ibintu 5 bishobora kukwangiriza imyanya y’ibanga mu buryo utigeze utekereza
Imyanya y’ibanga ni ahantu ho kurindwa cyane kuko ishobora kwangirika mu buryo bworoshye, ni yo mpamvu kumenya bimwe mu byayangiza ari ingirakamaro kugirango ubyirinde hakiri kare. Buri gice cy’ubuzima bw’umuntu kibamo ibice by’ingenzi cyane , nk’igice cy’imyanya myibarukire cyangwa imyanya…
Ibintu bitangaje ku modoka idasanzwe ya Perezida Kagame yo mu bwoko bwa Cadillac Escalade ESV – AMAFOTO
Imodoka yo mu bwoko Cadillac Escalade ESV Platimun yakozwe mu mwaka wa 2017 ni yo Perezida Kagame yagiyemo ubwo yasuraga abaturage bo mu karere ka Ruhango ko mu ntara y’Amajyepfo. Ifoto y’iyi modoka yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga ndetse ubwiza bwayo…
Abasore: Ibimenyetso byakwereka umukobwa uzubaka urugo rugakomera
Ibihe bitatu by’ingenzi mu buzima bwa muntu ni ukuvuka,Gushyingirwa no gupfa. Gushyingirwa no kugira umuryango ni ikintu cy’ingenzi mu buzima. Umusore ugiye guhitamo umugore areba niba umukobwa bakundana afite ibimenyetso bigaragara ko azavamo umugore mwiza. 1. Umukobwa uzi gukunda…
Kirehe: Umutoza Les Amis Sportif yatewe ibuye n’umufana bimuviramo urupfu
Nizeyimana Hamad wari umutoza wa Les Amis Sportif, ikipe ibarizwa i Kirehe mu Ntara y’Iburasirazuba, yitabye Imana nyuma yo gukubitwa ibuye n’umufana, ryamukomerekeje bikamuviramo urupfu. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yemereye Igihe ko kuri uyu wa 29…
Uko wakoresha Capucine wivura indwara zo mu buhumekero nk’inkorora, kwituma impatwe, udusebe tudakanganye…
Capucine ni umwe mu miti gakondo ikoreshwa kuva kera cyane kubera akamaro kayo mu kuvura indwara zinyuranye cyane cyane izo mu myanya y’ubuhumekero. Akamaro ku buzima Capucine ikungahaye kuri byinshi: ifite muri yo imyunyungugu itandukanye nka potassium na calcium, amavitamine…
Edouce yampitse impeta umukunzi we bamaze imyaka bakundana – AMAFOTO
Umwe Mu bahanzi bafite izina rikomeye muri muzika nyarwanda, Edouce Softman yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Nyinawmuntu Delice Rwiririza, bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo. Umuhango wo kwambika impeta uyu mukobwa wamutwaye uruhu n’uruhande, wabereye mu Karere ka Rubavu ku…
Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa ukunda atagutendekeyeho abandi
Sobanukirwa bimwe mu byagaragariza umusore ko umukobwa bakundana atamubangikanya n’abandi. Muri ibi bihe turimo usanga urukundo rw’ubu umubare w’abaca inyuma abakunzi babo ugenda wiyongera ku buryo benshi basigaye bemeza ko urukundo rw’ubu rwabaye akavuyo cyangwa se rwakonje, kuko nta…
Abakobwa: Nutirinda iyi mico mu gihe cy’irambagizwa bishobora kuzatuma ugumirwa cyangwa uhure n’ibyago bikomeye
Menya amakosa abakobwa bakunze gukora mu gihe barambagizwa bikaba byatuma babura umusore wabakundaga cyangwa bagakurizamo ibyago bikomeye. Hari ibintu bimwe na bimwe abakobwa benshi bakunze guhuriraho mu irambagizwa, gusa bakabikora batazi ko ari amakosa. Aya niyo makosa 7 abakobwa…
Suleiman wigaragaje cyane muri Tour du Rwanda yitabye Imana
Umukinnyi wari mu bakomeye mu gusiganwa ku magare muri Kenya no muri Afurika, Suleiman Kangangi yitabye Imana azize impanuka mu isiganwa yarimo muri Amerika. Uyu mukinnyi yakoreye impanuka mu isiganwa rya Gravel, apfira mu nzira yerekeza ku bitaro. …