Paul Pogba yahuye n’uruva gusanya ataragangira gukinira Juventus bituma afata umwanzuro ukomeye
Umukinnyi Paul Pogba ntabwo afite gahunda yo kwemera kubagwa ivi kugira ngo akire imvune yagize mu minsi yashize. Uyu mukinnyi wo hagati w’Ubufaransa, yagarutse muri Juventus ITurin ariko ahita agira imvune ikomeye yatumye asabwa kubagwa gusa we yabyanze avuga…
Abasore: Gutereta biravuna imvune zabyo zizwi n’ababikoze. Dore inguni 4 zagufasha kubungabunga urukundo wemerewe bikugoye ntiruzigere ruzima
Iyi nkuru iragufasha kumenya uko warambana n’umukunzi wawe, ugatabara urukundo rwawe. Ikinyamakuru cyitwa regain, cyaranditse ngo “urukundo rwa mbere rw’umuntu ni ingano y’igihe baba baramenyanye, ndetse n’ibihe bagiranye, imvune z’umwe muri bo ndetse n’ingano y’urukundo”. Iki kinyamakuru cyarakomeje kiravuga…
Abashakanye: Dore aho usabwa gukora uwo mwashakanye mu gihe cyo gutera akabariro ukamuzamurira ibyishimo kugera ku rwego atigeze ageraho mbere
Igihe cy’ibyishimo hagati y’abashakanye kirushaho kuba cyiza mu gihe bombi babirimo ndetse babifitemo uruhare ku rwego rwiza. Muri iyi nkuru uramenya aho umugabo aba agomba gufata cyangwa gukora umugore we. Bituma habaho umunezero udasanzwe mu gihe abashakanye bombi bakundana…
Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri
Kuri iki gihe usanga bigoye kumenya umuntu ugukunda by’ukuri kubera uburyarya no kwiyoberanya kwabaye kwinshi mu bantu ariko ku bakobwa hari inginzgo z’ingenzi zishobora kukwemeza ko umukobwa mukundana agukunda by’ukuri mu gihe wabashije kubyitaho. Zimwe mu ngingo zishobora kukwereka…
Rubavu: Imodoka itwara abagenzi yagonganye n’ikamyo itwara peterori benshi bahaburira ubuzima
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, ahagana saa Yine, mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu habereye impanuka ikomeye y’imodoka yakomerekeyemo benshi. Iyi mpanuka yabereye ahazwi nko kwa Gacukiro, aho imodoka ya caoster ya sosiyete ya Virunga…
Hasohotse andi mafoto ya Sandra Teta yakubiswe cyane
Daniella Cameleone wahoze ari umugore w’umuhanzi Jose Cameleone yagaragaje andi mafoto ababaje ya Sandra Teta yakubiswe bikomeye n’umugabo we Weasel. Ubutumwa bwo ku mbuga nkoranyambaga ze buherekejwe n’amafato ataragiye hanze, Daniella yemeza ko ari ayo mu Ukuboza, 2021 ubwo…
Uri mu rukundo rw’agahararo niba ubona ibi bimenyetso mu rukundo rwawe
Bibaho cyane ko abakundana usanga bibeshya ko bari mu rukundo rwa nyarwo, nyamara bakundana urw’agahararo batabizi. Iyo ukunda umuntu urukundo rw’agahararo, wowe uba wumva umukunda nyabyo kimwe n’uko urukundo rw’ukuri narwo rujyana n’ibyiyumviro. Urubuga www.topsante.fr ari narwo dukesha…
Kigali: Imyambarire idasanzwe y’abakobwa mu gitaramo cya Tayc ikomeje kuvugisha abatari bake – AMAFOTO
Mu mafoto ihere ijisho Abakobwa b’i Kigali bitabiriye igitaramo cya Julien Bouadjie uzwi nka Tayc [Tey-K] bakomeje kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga kubera imyambarire irimo igezweho n’itavuzweho rumwe bari baserukanye. Ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki ya 30…
Abasore: Umukobwa ukunda azahora agutekereza numukorera ibi bintu
Buri musore wese yifuza ko yahora mu bitekerezo by’umukunzi, nyamara si buri wese uzi kubiharanira. Musore wowe wahoraga wibazo icyo wakora ngo wigarurire intekerezo z’uwo ukunda ngibi ibyo gukora: 1.Mutere imitoma kenshi ariko ubiharire umwanya Ni byiza…