Month: August 2022

Umuhanzi Meddy yavuze ikintu gikomeye azibuka ku mubyeyi we watabarutse

Share this:

Umubyeyi wa Meddy n’abavandimwe be babiri,Cyabukombe Alphonsine,yashyinguwe kuri iki cyumweru mu irimbi rya Rusororo.   Madamu Cyabukombe yatabarutse kuwa 14 Kanama 2022 azize uburwayi mu bitaro byo muri Kenya yari arwariyemo.   Kuri iki Cyumweru tariki 28 Kanama 2022 nibwo…

Share this:
Posted on

Abagabo: Kubyara umaze kurenza imyaka 35 bishobora kugira ingaruka zikomeye ku mwana kugeza ku bumuga bwa Autisme

Share this:

Abagabo bafata umwanzuro wo kubyara barengeje imyaka 35 bafite ibyago ku rugero runini byo kubyara abana badashyitse cyangwa bafite ubumuga bwa “Autisme”.   Uko umwaka ushize, intanga z’umugabo ziragabanuka cyane mu bwinshi no mu bwiza, bikaba byatuma haba inzitizi mu…

Share this:
Posted on

Impamvu yatumye umukino wa Rayon Sports na Police FC yo muri Kenya usubikwa yamenyekanye

Share this:

Umukino wa gicuti wagombaga guhuza Rayon Sports na Police FC yo muri Kenya wasubitswe bitunguranye habura amasaha make ngo ube.   Uyu mukino wasubitswe kubera ibihano byafatiwe umupira w’amaguru muri Kenya bityo amakipe y’aho ntiyemerewe kwitabira imikino mpuzamahanga yaba iy’amarushanwa…

Share this:
Posted on

Moussa Camara yasesekaye i Kigali aje gukinira Rayon Sports

Share this:

Rutahizamu w’Umunya-Mali, Moussa Camara wakiniye Rayon Sports hagati ya 2016 na 2017, yageze mu Rwanda, aje gukinira iyi kipe, yasinyiye amasezerano y’umwaka umwe.   Ahagana saa saba z’urukerera rwo kuri iki cyumweru tariki 28 Kanama 2022 nibwo Camara yageze ku…

Share this:
Posted on

Ibibazo 4 abakobwa banga kubarizwa kuri telefone n’abahungu bashaka kubatereta. Niba udashaka guterwa indobo ukwiye kubyirinda

Share this:

Hari ibibazo abakobwa banga kubazwa cyane atari uko ari bibi ahubwo bimwe muri byo bibashyirira umupaka cyangwa iherezo ku biganiro kandi muri kamere yabo bakunda kwivugira, n’ubwo hari n’abahungu babikunda nka bo.   1. “WARIYE?” Iki ni kimwe mu bibazo…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa yataje ubusugi

Share this:

Isugi ni umukobwa utari watera akabariro na rimwe, gusa kuyikora no guta ubusugi biratandukanye kuko umukobwa ashobora gutakaza ubusugi mu buryo butandukanye.   Ubundi isugi igaragazwa n’igice cy’umubiri kiba gitwikiriye umwanya igitsina cy’umugabo cyinjiriramo cyitwa ”Hymen” (Mu rurimi rw’amahanga).   …

Share this:
Posted on

Umwarimukazi yasabiwe kwirukanwa ku kazi kubera imiterere bivugwa ko irangaza abana – AMAFOTO

Share this:

Umwarimu wigisha ubugeni yasabiwe kwirukanwa n’ababyeyi benshi bamushinja ko ’arangaza’abanyeshuri kubera imyambarire ye n’umubiri we bishotora abanyeshuri yigisha.   Uyu mwarimu ufite imiterere ikurura benshi akunze gushyira kuri Instagram amafoto ye yambaye imyenda igaragaza imiterere ye mu ishuri.   Mu…

Share this:
Posted on

Umugabo akomeje gutangarirwa nyuma yo kurwana n’ingwe akayica akoresheje amaboko ye gusa

Share this:

Umugabo witwa Ndumiso Mona wo mu bwoko bw’abazulu akomeje kwitwa intwari nyuma kurwana akanica ingwe akoresheje amaboko.   Nkuko tubikesha The South African uyu mugabo yatangaje ko iyi ngwe ikimutera muri pariki ya Kruger yagize ubwoba bukabije bisa nk’aho yarebanaga…

Share this:
Posted on

Umugabo yapfuye ari mu kwa buki nyuma yo gukora ubukwe bwatwaye miliyari

Share this:

Umucuruzi ukomoka mu Bwongereza ariko ufite inkomoko muri Uganda, Lawrence Kakooza,wari ufite imyaka 45, uherutse gushyingiranwa na Justine Nabwami mu bukwe bukomeye bivugwa ko bwatwaye amafaranga arenga miliyari y’amashilingi ya Uganda bivugwa ko yapfuye ubwo yari mu kwezi kwa buki…

Share this:
Posted on

Dore amakosa 3 akomeye abakobwa bakoreshwa n’urukundo akaba yatuma bicuza ubuzima bwabo bwose

Share this:

Urukundo ni kimwe mu bintu byiza kandi by’ ingenzi mu bibereho y’ abantu. Urukundo hamwe barwita ubusazi kuko hari igihe rutuma umuntu yirenga agatangira gukora ibintu bidasanzwe. Iyi nkuru ikubiyemo bimwe mu bintu abakobwa bakora kubera urukundo nyamara bishobora kubicira…

Share this:
Posted on