Abarusiya bakabakaba ibihumbi 200 bahunze igihugu kubera gahunda ya perezida putine
Ikigo ntaramakuru AP cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika kiravuga ko kugeza ejo hashize, Abarusiya barenga 194,000 bari bamaze kwambuka imipaka. Hafi ya bose ni abagabo kandi bakiri bato. Bagenda cyane n’imodoka, amagare cyangwa n’amaguru. Abandi, bifite, basohoka n’indege. Guhunga…
Ibiribwa bifasha igice cy’ubwonko bwibutsa gukora neza akanarinda indwara yo kwibagirwa cyane izwi nka Alzheimer’s desease
Mubikorwa byacu bya buri munsi usanga akenshi tubigeraho twabanje kwifashisha ubwenge bwacu. Ubu bwenge rero bukaba buba mu bwonko nibwo butuma umenya ko igihe kigeze ngo ujye kwituma, dore ko akenshi uwo byayobeye mu bwenge bakunda kumuvugiraho ngo yabuze n’ubumujyana…
Abakobwa: Dore ibyagufasha guhitamo umusore wa nyawe muzabana hagati y’abasore 2 bagutereta
Bijya bibaho ko umukobw ayisanga mu gihirahiro yarabuze amahitamo bitewe no kuba afite abasore babiri bagukunda kandi nawe ukaba wumva ubakunze.Gusa kuko biba atari byiza ko ukomeza kubabeshya bose,uba usabwa gukora amahitamo ugafata umwe. Niyo mpamvu tugiye kukubwira bimwe…
Dore ibimenyetso 15 byakwereka ko umukobwa agunda byabuze urugero ariko agatinya kubikubwira
Ntibikunze kubaho ko umukobwa atinyuka kubwira umusore ko amukunda bitewe n’impamvu nyinshi zitandukanye,ibyo ariko ntibizamubuza kubikwereka mu bundi buryo. Iyo witegereje neza cyangwa ukangenzura imikorere y’umukobwa yaba ari mu byo avuga,akora,uzabona bimwe mu bimenyetso ko agukunda.Muri byo bimenyetso uzabona harimo…
Lionel Messi yaba agiye kuva muri PSG
Umukinnyi ukomoka muri Argentine, Lionel Messi, ufite imyaka 35, yiteguye kuva muri Paris St-Germain mu mpeshyi kuko ngo atiteguye kongera amasezerano mashya. Messi wari wasinye amasezerano y’imyaka 2 ubwo yavaga muri FC Barcelona muri 2021,ngo ntabwo azongera amasezerano mashya cyane…
Nyagatare: Abayobozi baranduye ibigori by’abaturage banabaca amande ya 50.000 FRW mu gihe abaturabe bo bashinja ubuyobozi uburangare
Inama njyanama y’umurenge wa Nyagatare mu karere ka Nyagatare yemeje ko ibigori abaturage bahinze mu mujyi birandurwa hanyuma uyu mwanzuro ushyirwa mu bikorwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu. Uyu mukwabu wo kurandura imyaka wakozwe mu tugari twose…
Dore ibintu 10 bishobora gutera umutima guhagarara bitunguranye byinshi muri byo bishobora kwirindwa
Guhagarara k’umutima (heart attack cg se myocardial infarction), bibaho mu gihe amaraso yajyaga mu mutima yifunze. Ni ha handi ubona umuntu wajyendaga neza, cg se utari uziho uburwayi budasanzwe umutima uhagaze ukumva yapfuye. Guhagarara k’umutima biterwa akenshi nuko cholesterol iba…
Lionel Messi yavuze imyato Mbappe bakinana muri PSG anavuga uko amubona ahazaza
Lionel Messi yasingije mugenzi we bakinana muri PSG,Kylian Mbappe avuga ko mu kibuga aba ameze nk’inyamaswa. Uyu munya Argentina w’umunyabigwi cyane yavuze ko Mbappe ari umukinnyi w’igitangaza ndetse mu myaka iri imbere azaba ari mu beza kurusha abandi ku isi….
Amavubi yakoze ibitangaza asezerera Libya yishyuye ibitego 3 byose yari yatsinzwe
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 23 yakoze ibitangaza bitari bytezwe asezerera Libya ayitsinze ibitego 3-0 mu mukino wo kwishyura. Aya mateka atari yitezwe na benshi yakorewe kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye aho Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 yanyagiye Libya 3-0…
Musanze: Amazu 56 yasenyutse naho 3 barakomereka
Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bwatangaje ko bumaze kubarura inzu 56 zangijwe n’imvura ivanze n’umuyaga, yatangiye kugwa ku cyumweru tariki 25 Nzeri 2022. Abantu batatu bo muri ako karere barakomeretse, n’ibikorwa remezo birimo insinga z’amashanyarazi n’amapoto birangirika. Ikinyamakuru UMUSEKE dukesha iyi…