Ijambo rikomeye Bruce Melody yagejeje ku Barundi nyuma yo kuhafungirwa mbere yo gukora ibitaramo bye
Umuhanzi Bruce Melodie yaraye akoze igitaramo gikomeye cyane cyitabiriwe n’imbaga yamweretse urukundo rudasanzwe. Abarundi bakunda umuziki w’uyu muhanzi,bitabiriye ku bwinshi igitaramo cye ndetse bamutera imbaraga nyuma yo kumara iminsi 2 afunzwe ashinjwa ubwambuzi bushukana n’uwitwa Bankuwiha Toussaint. Mbere…
Umwana wa Jay Polly abayeho nabi cyane – Mbabazi Sharifa
Nyuma y’umwaka Jay Polly yitabye Imana, Mbabazi Sharifa aravuga ko umwana babyaranye atarabona uburenganzira ku mitungo yasizwe na se none akaba abayeho nabi. Uyu mugore aratakambira umuryango wa Jay Polly ngo umuhe uburenganzira bwo kumuzungura kugira ngo abone ibyo…
Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa agukunda cyane mbere y’uko we abikubwira
Abakobwa ni bamwe mu bantu bakunze guhisha amarangamutimayabo cyane iyo bigeze ku rukundo ariko hari bimwe mu bimenyetso bose bahuriraho batabasha guhisha uko byagenda kose kuburyo umusore byamworohera kumenya umukobwa wamukunze niyo atavuga. 1. Aguhozaho ijisho iyo utari kumureba…
Umunyamakuru Clarisse Uwimana yasezeranye kubana akaramata na Festus Bertrand – AMAFOTO
Umunyamakuru w’imikino ukunzwe na benshi, Uwimana Clarisse wa B&B FM yasabwe ndetse anakobwa na Festus Bertrand bagiye kubana nk’umugore n’umugabo. Ni umuhango wabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Nzeri 2022 ubera Rebero mu…
Impamvu The Ben amaze iminsi yambara imyenda y’Iroza yamenyekanye
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 02 Nzeri 2022 ni bwo hibutswe umuhanzi Jay Polly umaze umwaka atabarutse aguye muri gereza. Ibyamamare bitandukanye birimo BullDogg, Young Grace, Fireman, Producer Li John, Dj Dizzo n’abandi bari bitabiriye uyu muhango wabanjwe…
#CHAN2023: Amavubi yasezerewe na Ethiopia ari mu rugo
Ikipe ya Ethiopia yabonye itike yo kwerekeza muri CHAN 2023 itsinze Amavubi yakiniraga muri stade nshya, Igitego kimwe ku busa. Uyu munsi nibwo Amavubi yakiriye Ethiopia mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya nyuma ryo gushaka itike ya CHAN 2023,wabereye…
APR FC nayo yaremeye Mukura Victory sports itorohewe n’amadeni
Ikipe ya APR FC yatsinze Mukura VS ibitego 4-1 mu mukino wa gishuti wabaye kuri uyu wa Gatanu kuri stade ya Kigali i Nyamirambo. Uyu mukino wo gufasha amakipe yombi kwitegura shampiyona,wahuriranye n’igikorwa ikipe ya APR FC yateguye cyo…
Ngororero: Umugabo yarashwe arapfa nyuma yo gutema imbunda z’abapolisi
Umugabo w’imyaka 28 wo mu Kagari ka Karambo mu Murenge wa Gatumba mu Karere ka Ngororero, yishwe arashwe n’abapolisi ubwo yabarwanyaga agatema imbunda ebyiri zabo. Uyu muturage witwa Akarikumutima Gilbert yari uwo mu Muduguru wa Rugara muri aka Kagari…
Gutabarwa kwa Bruce Melody kwavuye ahakomeye. Hamenyekanye umugabo watabaye Bruce melody akarekurwa akanemererwa gukora ibitaramo bye
Umushinjacyaha witwa Jean Chris Ntawuyamara niwe wahanganye na Polisi y’u Burundi yari yarahiriye kwitendeka kuri Bruce Melodie kugira ngo adakora ibitaramo aho yashinjwaga kwambura umuherwe wo muri iki gihugu. Amakuru aturuka i Burundi aravuga ko uyu mushinjacyaha ariwe wahanganye…
Abagabo: Dore amabanga 11 yagufasha kuneneza no gukundwa bidasanzwe n’umukobwa / umugore wihebeye
Hari ibintu byinshi bitandukanye abakobwa n’abagore bishimira kumva bivuzwe n’abakunzi babo, nta gushidikanya bumva bakunzwe kandi ari ab’abagaciro bikaba byanatuma bazamura urugero rw’urukundo bafitiye abo bakundana ndetse no kurekana kwabo bikaba bigoye. Dore amwe muri ayo magambo aryohera abakobwa…