Abakobwa: Impamvu 5 zituma umusore mukundana agusuzugura ndetse ntaguhe urukundo rukwiye
Gukunda ugakundwa birashimisha. Iyo umusore mukundana cyangwa umugabo wawe agusuzugura bigenda biguca intege, ndetse bikagira ingaruka mbi ku mibanire yanyu. Nyamara hari impamvu zinyuranye zituma umusore mukundana cyangwa umugabo wawe agusuzugura. Tugiye kurebera hamwe zimwe mu mpamvu zituma umugabo…
Abasore: Dore abakobwa udakwiye kwibeshya ngo uryamane na bo mu buzima bwawe
Musore, menya bamwe mu bakobwa ugomba kwirinda kuryamana nabo kuko bashobora kukwangiriza ubuzima. Niba ibi bikurikira ubizi cyangwa ukaba wabibonye ku mukobwa ntuzigere wibeshya ngo uryamane nawe kuko ushobora guhuriramo n’ibibazo byinshi, ubuzima bwawe bwose bukajya mu kaga kubera uwo…
Umubare w’amafaranga yakusanyijwe mu mukino Mukura yakinnye na Rayon Sports wamenyekanye
Ikipe ya Mukura VS ikomeje kubona ubufasha bwo kwishyura umutoza Djilali Bahloul wayicishije akayabo kubera kumwirukana itubahirije amasezerano bagiranye. Mukura VS iheruka gusarura arenga miliyoni 3 mu mukino wa gicuti iheruka guhuramo na Rayon Sports,kuwa 31 Kanama 2022. …
Abagabo: Dore ibiribwa byagufasha guhora ushimisha umugore wawe mu gitanda agahora akwirahira
Hari ibiribwa umugabo cyangwa umusore aba agomba gufata bikamwongera ubushake bwo gutera akabariro. Impuguke mu by’ubuzima zihamya ko kongera amasohoro afite kandi ubuzima, byongera amahirwe yo kubyara usibye kuba byongera umunezero hagati y’umugabo ugeze igihe cyo kurangiza mu gutera…
Abanyezamu ba Rayon Sports baraye bashwaniye ku kibuga bapfa ikintu gitangaje
Abazamu 2 ba Rayon Sports Ramadhan Kabwili ndetse Hategekimana Bonheur baraye bashyamiranye ku buryo bukomeye cyane. Ku munsi w’ejo hashize nibwo habaga umukino wa gishuti wahuzaga ikipe ya Rayon Sports ndetse na Mukura Victory Sport aba bazamu nyuma y’umukino…
Dore ibintu 5 wakorera umukunzi wawe urukundo rwanyu rukaba urw’iteka ryose
Ushobora kuba uri gusoma iyi nkuru udafite umukunzi, cyangwa umufite nyamara uhora wibaza ndetse unacyeneye kumenya icyatuma urukundo ufite n’umukunzi wawe cyangwa muzagirana ruzaba ururamba cyane, Reka nkubwire nti ibyo birashoboka cyane ndetse bibaho, Mu gihe ubiteguye neza ukurikije izi…
Bijoux wo muri Bamenya mu marira nyuma yo gutandukana n’umugabo we
Ni mu gihe hari hashize igihe gito kingana n’amezi 5 akoze ubukwe n’umugabo we Lionel Sentore, kugeza ubu aba bombi bamaze gutandukana ariko Bijoux yirinda kubyemeza no kubivugaho byinshi, ahubwo avuga ko bizamenyekana mu minsi micye. Iyi nkuru kandi ya…
Bamporiki Edouard agiye gutangira kuburanishwa ku cyaha cyo gusaba cyangwa kwakira indonke
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, agiye gutangira kwitaba urukiko aburanishwa ku cyaha cyo gusaba no kwakira indonke. Bamporiki yahagaritswe ku mwanya w’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ku wa 05 Gicurasi 2022…
Gisagara: Umukobwa w’imyaka 20 yavuze impamvu itangaje yatumye afata ku ngufu umuhungu w’imyaka 10
Mu Karere ka Gisagara,mu Murenge wa Mugombwa haravugwa inkuru y’umukobwa w’imyaka 20 wasambanyije umwana w’umuhungu w’imyaka 10 mu kwisobanura akavuga ko yabitewe n’ubushake bwinshi. Uyu mukobwa ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye, ni uwo mu Mudugudu wa Rurenge…
Umwe mu bagejeje ikibazo cye kuri Perezida Kagame ubwo yasuraga Amajyepfo yatawe muri yombi
Muhizi Anatole uherutse kugeza ikibazo kuri Perezida Paul Kagame, avuga ko abayobozi banze kumukemurira ikibazo ahubwo bagahora bamubwira ngo “ajye kwiragiza Imana”, byamenyekanye ko amakuru yavuze anyuranye n’ukuri, ubu arafunze akurikiranyweho ibyaha birimo gukoresha inyandiko mpimbano. Uyu mugabo witwa…